skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Imikino y’igikombe cy’isi 2022 yigijwe imbere ho umunsi umwe

Igikombe cyisi kizatangira umunsi umwe mbere ya tariki yari iteganyijwe ubwo n’ukuvuga ko kizatangira ku cyumweru, tariki ya 20 Ugushyingo hakinwa umukino umwe wa Qatar na Ecuador. Uyu mukino...
12 August 2022 Yasuwe: 643 0

Hatangajwe uburyo bushya amanota y’ibizamini bya leta agiye kuzajya abarwa

Minisiteri y’Uburezi ibinyujije mu Kigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), yahinduye uburyo bwo kubara amanota ku bakora ibizamini bisoza ibyiciro bitandukanye. Izi...
12 August 2022 Yasuwe: 2445 0

Icyamamare Lewis Hamilton yasuye ingagi mu Rwanda

Lewis Hamilton ukinira Mercedes muri Formula 1, uri kugirira ibihuruko muri Afurika, yasangije abamukurikira amafoto ye ari mu Rwanda aho yasuye pariki y’Igihugu y’Ibirunga. Hamilton,...
12 August 2022 Yasuwe: 808 0

Kompanyi ya Yahoo nayo igiye kuza gutanga umusada mu gutwara abagenzi I Kigali

Guhera kuri uyu wa Gatanu, imodoka za kompanyi ya Yahoo Car Ltd zisanzwe zikorera mu ntara, ziratangira no gukorera i Kigali. Nimu rwego rwo kongera umubare w’imodoka zitwara abagenzi. Nkuko...
11 August 2022 Yasuwe: 1306 0

Rayon Sports yashyize hanze amatike y’umwaka w’imikino arimo ifite agaciro ka miliyoni FRW

Rayon Sports yatangaje ko ubu abafana bayo batangira kugura amatike y’umwaka w’imikino ari mu byiciro bitandukanye kugeza ku mafaranga angana na Miliyoni. Ibi yabitangarije mu kiganiro...
11 August 2022 Yasuwe: 1257 0

Polisi y’u Rwanda yamaganye imyambarire ishotorana iharawe n’abakobwa mu bitaramo

Hirya no hino mu Gihugu cyane cyane mu Mujyi wa Kigali hakomeje kugaragara ikibazo cy’abana bajya mu bitaramo n’utubari bakanywa inzoga ndetse n’abandi bakambara imyenda y’urukozasoni igaragaza...
11 August 2022 Yasuwe: 5020 3

Umugabo yikuye mu mva yari yashyinguwemo ari muzima n’abantu bivugwa ko bashakaga kumutambamo igitambo

Umugabo yashyinguwe ari muzima nyuma yo guta ubwenge ari mu birori maze atungurana yikura mu gitaka yari yarunzweho. Víctor Hugo Mica Álvarez, w’imyaka 30, yari yitabiriye ibirori byabereye...
11 August 2022 Yasuwe: 2119 0

Umunyamabanga wa USA yavuze amagambo akomeye nyuma yo gusura Urwibutso rwa Jenoside ku Gisozi

Kuri uyu wa Kane,Umunyamabanga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Anthony Blinken, uri mu ruzinduko mu Rwanda yasuye Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali ruri ku Gisozi, yunamira inzirakarengane zazize...
11 August 2022 Yasuwe: 2351 0

Rayon Sports yasinyishije Paul Were wakinaga mu Bugereki

Rayon Sports yasinyishije Paul Were, Rutahizamu w’umunya-Kenya amasezerano y’umwaka umwe nyuma yo kugera mu Rwanda kuri uyu wa Gatatu nijoro. Yasinyiye Rayon Sports kuri uyu wa Kane mbere y’uko...
11 August 2022 Yasuwe: 1339 0

U Rwanda rwabwije ukuri Amerika ku kibazo cya Paul Rusesabagina

Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda, Dr Vincent hamwe n’Umunyamabanga wa Amerika,Ushinzwe Ububanyi n’Amahanga,Antony Blinken bagiranye Ikiganiro n’itangazamakuru ku mubano...
11 August 2022 Yasuwe: 2020 0