skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Perezida Macron yabwiye Tshisekedi wamusuye amagambo yashakaga kumva

Kuri uyu wa kabiri, Perezida w’Ubufaransa, Emmanuel Macron, yatangaje ko u Rwanda rugomba guhagarika gushyigikira inyeshyamba za M23 mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Kongo...
30 April 2024 Yasuwe: 2897 0

Rayon Sports yegukanye umwanya wa gatatu mu gikombe cy’amahoro

Ikipe ya Rayon Sports ifite irushanwa riheruka, yegukanye umwanya wa gatatu mu Gikombe cy’Amahoro cy’uyu mwaka nyuma yo gutsinda Gasogi United igitego 1-0.
30 April 2024 Yasuwe: 1163 0

Rayon Sports y’abagore yegukanye igikombe cy’Amahoro bwa mbere mu mateka yayo

Rayon Sports WFC yegukanye igikombe cy’Amahoro cya 2024 nyuma yo ku nyagira Indahangarwa WFC ibitego 4-0 ku mukino wa nyuma wabereye kuri Kigali Pele Stadium, kuri uyu wa Kabiri.
30 April 2024 Yasuwe: 726 0

Perezida Tshisekedi yirengagije ukuri mu gusobanura impamvu RDC yanze kwambura intwaro ExFAR

Perezida wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,Felix Tshisekedi yavuze ko mu myaka 30 ishize, Umuryango Mpuzamahanga wasabye igihugu cye gufungura imipaka, kugira ngo gihe ubuhingiro abantu bari...
30 April 2024 Yasuwe: 866 0

Ubwato bukora nka Hoteli mu Kivu bwakoze impanuka

Ubwato bwa Hoteli, ya mbere y’u Rwanda ireremba hejuru y’amazi y’ikiyaga cya Kivu Mantis Kivu Queen uBuranga, bwarohamye mu karere ka Nyamasheke nyuma y’uko umusare wabwo agonze urutare.
30 April 2024 Yasuwe: 2061 0

Abantu icumi bamaze kwicwa n’ibiza bitewe n’imvura mu minsi 10 gusa mu Rwanda

Minisiteri ishinzwe ubutabazi yavuze ko imvura imaze iminsi igwa cyane hirya no hino mu gihugu imaze guhitana abantu 10 mu minsi 10 gusa.
30 April 2024 Yasuwe: 803 0

Rulindo: Umusaza yicukuriye imva abana be bazamushyinguramo napfa

Umusaza w’imyaka 85 witwa Hakizinshuti Claude ,wo mu karere ka Rulindo,yacukuye imva aranayubakira kugira ngo azayishyingurwemo namara gupfa.
30 April 2024 Yasuwe: 1439 0

Manchester United yiyemeje gushyira ku isoko benshi mu bakinnyi bayo bitwaye nabi

Ikipe ya Manchester United yiteguye kuvugurura ikipe yayo muri iyi mpeshyi ndetse amakuru aravuga ko abakinnyi bayo bose bashyizwe ku isoko, barimo na Marcus Rashford udahozaho.
30 April 2024 Yasuwe: 884 0

Umukinnyi ukomeye muri Bundesliga yahuriye n’uruva gusenya mu kabari

Umukinnyi wa Hertha Berlin witwa Aymen Barkok yajyanwe mu bitaro igitaraganya nyuma yo gukubitirwa mu kabari bikamuviramo gukomereka.
30 April 2024 Yasuwe: 624 0

Perezida Tshisekedi yahishuye ikintu ashaka kuzabwira Perezida Kagame bahuye

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika ya Demokarasi ya Kongo,yatangaje ko yifuza guhura na Perezida Paul Kagame atagamije ko baganira ku bibazo byo mu burasirazuba bw’igihugu cye ahubwo...
30 April 2024 Yasuwe: 8478 0