skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Minisitiri Philp w’Ubwongereza ntazi gutandukanya u Rwanda na RDC

Amashyaka atavuga rumwe n’ubutegetsi mu Bwongereza yanenze umunyamabanga wa leta muri minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu Chris Philp nyuma yo kugaragara nkaho yitiranyije u Rwanda na Repubulika ya...
27 April 2024 Yasuwe: 2352 0

U Rwanda rwungutse abapolisi barenga 200 bafite ubuhanga budasanzwe [AMAFOTO]

Abapolisi b’u Rwanda n’aba Centrafrique, basoje amasomo y’icyiciro cya 12 cy’amasomo y’ibanze y’umutwe wihariye wa Polisi (Basic Special Forces course), berekanye ibyo bamaze amezi atandatu bigishwa.
26 April 2024 Yasuwe: 2169 0

RIB yagaruje akayabo k’amadolari yari yibwe umucuruzi wo muri Kigali

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha rwasubije amafaranga yari yibwe n’abasore babiri bavukana angana n’ibihumbi umunani by’amadorali y’amerika, n’andi ibihumbi birenga 700 Frw.
26 April 2024 Yasuwe: 2517 0

Bugesera FC yatsinze Police FC iva mu makipe amanuka by’agateganyo

Ikipe ya Bugesera FC yatsinze Police FC ibitego 2-1 mu mukino w’umunsi wa 28 wa shampiyona wabereye kuri Kigali Pele Stadium, igira amanota 28 yiyongerera amahirwe yo kutamanuka mu kiciro cya kabiri.
26 April 2024 Yasuwe: 1220 0

Urukundo rukomeje gutamaza Nyambo na Tity Brown ku mbuga nkoranyambaga

Umukinnyi wa filimi Nyambo n’umubyinnyi Titi Brown, urukundo rwabo rugeze aharyoshye ndetse amarangamutima akomeje kubaganza bakabigaragaza ku mbuga nkoranyambaga.
26 April 2024 Yasuwe: 3685 0

Polisi yafunze abayisilamu barindwi bagaragaye bakubita bunyamaswa umukobwa wabo wagiye mu rindi dini

Polisi yo mu karere ka Kibuku mu burasirazuba bwa Uganda yataye muri yombi abantu barindwi bo mu muryango umwe, bazira gukubita umukobwa w’umwangavu bamuhora ko yitabiriye amasengesho mu rusengero...
26 April 2024 Yasuwe: 3307 0

Man United mu nzira yo gukata umushahara umutoza wayo Ten Hag

Umutoza wa Manchester United Erik Ten Hag ashobora gukatwa umushahara we ku kigero cya 25% aramutse ashoboye kugumana akazi ke, nyuma y’uko iyi kipe itashoboye kubona itike ya UEFA Champions League...
26 April 2024 Yasuwe: 930 0

Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko gufatira imitungo ya Dubai

Urukiko Rwisumbuye rwa Gasabo rwaburanishije urubanza ruregwamo rwiyemezamirimo Nsabimana Jean uzwi nka Dubai aho Ubushinjacyaha bwasabye Urukiko ko rwanyaga imitungo ye kuko ituruka ku cyaha.
26 April 2024 Yasuwe: 1042 0

Nyanza: Impanuka ya HOWO yahitanye abantu batatu

Mu karere ka Nyanza habereye impanuka y’imodoka yo mu bwoko bwa HOWO, abantu batatu barimo abanyerondo 2 n’umushoferi bahita bapfa.
26 April 2024 Yasuwe: 1887 0

RDC: Ingabo za Leta zirashinjwa kwica abamotari bane

Abamotari bane bishwe n’Ingabo za Repubulika ya demokarasi ya Congo, FARDC muri teritware ya Rutshuru, mu Ntara ya Kivu ya ruguru.
26 April 2024 Yasuwe: 838 0