skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Bugesera FC yijeje Rayon Sports agahinda nkako yayiteye muri 2013

Nyuma y’imyaka 11,ikipe ya Bugesera FC yateguje Rayon Sports agahinda nkako yayiteye muri 2013 ubwo yayisezereraga mu gikombe cy’Amahoro rugikubita.
22 April 2024 Yasuwe: 951 0

Umukuru w’ubutasi bwa gisirikare bwa Israel yeguye

Umukuru w’ubutasi bwa gisirikare bwa Israel yeguye, avuga ko yirengera (ari we wabazwa) ibyo iki gihugu cyananiwe mbere y’igitero cya Hamas muri Israel cyo ku itariki ya 7 Ukwakira (10) mu 2023.
22 April 2024 Yasuwe: 1287 0

Real Madrid yatsinze FC Barcelona biyongerera amahirwe yo kwegukana la Liga

Ikipe ya Real Madrid yatsinze FC Barcelona ibitego 3-2 muri shampiyona ya Espagne,biyiha amahirwe menshi yo kwegukana igikombe cy’uyu mwaka kuko yahise iyirusha amanota 11 mu gihe habura imikino 6...
22 April 2024 Yasuwe: 525 0

Umutoza wa Rayon Sports yasabye ikintu gikomeye abakinnyi be mbere yo kongera gukina na Bugesera FC

Umutoza wa Rayon Sports,Julien Mette,yasabye abakinnyi be kongera imbaraga ndetse bakibuka ko bakinira abafana benshi bikabafasha kuzasezerera Bugesera FC mu gikombe cy’Amahoro.
21 April 2024 Yasuwe: 1893 0

APR FC yegukanye shampiyona ku nshuro ya 22 mu myaka 31 imaze ishinzwe

Ikipe ya APR FC yegukanye igikombe cya shampiyona ya 2023/2024 nyuma yo gutsinda Kiyovu Sports igitego 1-0 mu mukino w’Umunsi wa 27 wa Shampiyona wabereye kuri Kigali Pele Stadium.
20 April 2024 Yasuwe: 1816 0

Menya byinshi ku Mwamikazi Gicanda n’Urwibutso Perezida Kagame amufiteho

Ku itariki nk’iyi ya 20 Mata mu 1994, ni wo wabaye iherezo ry’ubuzima bwa Gicanda wari wararongowe n’Umwami Mutara III Rudahigwa, Intwari y’Imena mu Ntwari z’u Rwanda.
20 April 2024 Yasuwe: 4022 0

Burundi:Abarenga 2000 bari mu mazi abira kubera kurindimuka k’umusozi bari batuyeho

Umwana umwe w’imyaka itanu yaraye apfuye, abaturage barenga 2.400 nabo ubu bakaba batagira aho bakinga umusaya.
20 April 2024 Yasuwe: 2262 0

Gasabo:Noteri w’ubutaka yatewe ibyuma n’abagizi ba nabi arapfa

Elyse Ndamyimana wari Noteri w’ubutaka mu Murenge wa Remera ho mu Karere ka Gasabo mu Mujyi wa Kigali yatezwe n’abagizi ba nabi bamuteragura ibyuma bimuviramo urupfu.
20 April 2024 Yasuwe: 3389 0

"Mutuze mukore imirimo yanyu"-Abaturiye imipaka y’u Burundi bahumurijwe

Umuyobozi w’Ingabo z’u Rwanda mu Ntara y’Iburengeraba, Gen Maj Eugene Nkubito, yabwiye abaturage bo mu mirenge ihana imbibi n’igihugu cy’u Burundi ko bakwiye gukora imirimo yabo batuje kuko...
20 April 2024 Yasuwe: 2073 0

Imvura nyinshi yatumye umuhanda Muhanga-Ngororero utaba nyabagendwa

Kubera imvura nyinshi yateye umugezi wa Nyabarongo kuzura, umuhanda Muhanga-Ngororero wabaye ufunze by’agateganyo, abawukoresha bagirwa inama yo gukoresha umuhanda Kigali-Musanze-Mukamira-Ngororero.
20 April 2024 Yasuwe: 1028 0