skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Umujyi wa Kigali wavuze ku byo wasabye byo koza amapine mbere yo kwinjira muri kaburimbo

Nyuma y’impaka ndende n’ibitekerezo by’urusobe ku itangazo ry’umujyi wa Kigali ryasabaga abafite imodoka koza amapine yazo yuzuye ibyondo mbere yo kwinjira muri kaburimbo,uyu Mujyi wemeje ko iryo...
19 April 2024 Yasuwe: 5135 0

Leta yahishuye umuti yashakiye ikibazo cy’izamuka rikabije ry’umuceri ku isoko

Minisitiri w’Ubucuruzi n’Inganda Prof Ngabitsinze Jean Chrysostome yatangaje ko leta y’u Rwanda yamenye izamuka ry’igiciro cy’umuceri wa Tanzania igahita itangira kugishakira umuti.
19 April 2024 Yasuwe: 2204 0

Bugesera FC yahanitse igiciro yo kwinjira ku mukino wayo na Rayon Sports

Ku wa Gatandatu, tariki 20 Mata 2024, Bugesera FC izakira Rayon Sports mu mukino wa shampiyona isabwa gutsinda kugira ngo yiyongerere amahirwe yo kuzaguma mu Cyiciro cya Mbere.
19 April 2024 Yasuwe: 1177 0

Umugabo yatawe muri yombi muri Pologne akekwaho gutumwa n’Uburusiya kwica Perezida Zelensky

Abategetsi bavuze ko umugabo w’Umunya-Pologne yatawe muri yombi aregwa guteganya gukorana n’inzego z’ubutasi z’Uburusiya mu gufasha mu gishobora kuba ari umugambi wo kwica Perezida wa Ukraine...
19 April 2024 Yasuwe: 1161 0

Isiraheli irashinjwa kugaba igitero kuri Iran ikoresheje drones enye

Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane,tariki 18 Mata, Israël yagabye igitero cya drones enye muri Iran, zishwanyaguzwa zitaragera ku ntego nkuko abategetsi ba Amerika babitangaje.
19 April 2024 Yasuwe: 1778 0

Amerika yanze ko Palestina iba igihugu cyigenga nk’ibindi

Inteko y’Umuryango w’Abibumye ishinzwe umutekano kw’isi yari yateranye kuri uyu wa kane, itora umwanzuro wari ushyigikiwe n’ibihugu byinshi, wo kwemerera Palestina kuba umunyamuryango wa ONU.
19 April 2024 Yasuwe: 774 0

Urukiko rwakatiye igifungo umunyamakuru Nkundineza

Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge rwahamije umunyamakuru Nkundineza Jean Paul ibyaha byo gutukana mu ruhame no guhohotera uwatanze amakuru, ahanishwa igihano cy’igifungo cy’imyaka itatu n’ihazabu ya...
18 April 2024 Yasuwe: 1688 0

Perezida Kagame yibiye ibanga FC Bayern Munichen ku mukino wa Real Madrid

Perezida Kagame yasabye Bayern Munich gukomeza ishyaka no guhatana kugira ngo izasezerere Real Madrid muri ½ cya UEFA Champions League.
18 April 2024 Yasuwe: 1249 0

Umugaba w’ingabo za Kenya yapfiriye mu mpanuka y’indege

Indege ya kajugujugu yari itwaye umugaba mukuru w’ingabo za Kenya, Gen Francis Ogolla yakoze impanuka,ayipfiramo nkuko Perezida Ruto yabitangaje.
18 April 2024 Yasuwe: 1786 0

Guverinoma y’u Rwanda yahishuye akayabo yongereye muri gahunda yo kugaburira abana ku ishuri

Guverinoma y’u Rwanda yongereye ingengo y’imari itanga nka nkunganire muri gahunda yo kugaburira abana ku ishuri aho yavuye kuri miliyari 6 Frw mu 2017/2018 igera kuri miliyari 90 Frw mu 2023/2024,...
18 April 2024 Yasuwe: 798 0