skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Urukiko rwakatiye igifungo cya burundu Beatrice Munyenyezi woherejwe na Amerika mu Rwanda

Urukiko rwisumbuye rwa Huye rwakatiye igihano cy’igifungo cya burundu Béatrice Munyenyezi woherejwe mu Rwanda na Leta Zunze Ubumwe z’America (USA) aregwa ibyaha bifitanye isano na jenoside yakorewe...
12 April 2024 Yasuwe: 1701 0

Amerika yagabanyije ingendo z’abakozi bayo muri Israel mu kwikanga igitero cya Iran

Amerika yagabanyije ingendo z’abakozi bayo bakorera muri Israel, mu gihe hari ubwoba bw’igitero cya Iran.
12 April 2024 Yasuwe: 646 0

RHA yamaganye ibyo kubakisha amakaro yo mu bwogero ku nkuta z’inzu hanze

Ikigo gishinzwe imiturire mu Rwanda cyandikiye uturere twose gisaba guhagarika kubakisha amakaro yagenewe gukoreshwa mu bwogero [douches] ku nkuta z’inzu.
12 April 2024 Yasuwe: 5679 0

#KWIBUKA30: Hon. Mukabalisa Donatille yahaye umukoro urubyiruko rw’u Rwanda

Perezida w’Umutwe w’Abadepite, Mukabalisa Donatille, yasabye urubyiruko kuzirikana ibyo u Rwanda rwagezeho mu rugendo rw’ubumwe n’ubwiyunge n’ubudaheranwa no guharanira ko nta waruca mu jisho ngo...
12 April 2024 Yasuwe: 820 0

Marriott Hotel yavuze ku nkongi y’umuriro byavuzwe ko yayadutsemo

Ubuyobozi bwa Hoteli Marriott bwanyomoje amakuru yavugaga ko yafashwe n’inkongi y’umuriro aho bemeje ko barimo bakora amasuku no gukora bimwe mu bikoresho byo muri iyo hoteli
12 April 2024 Yasuwe: 1725 0

Umuryango wa Harry Kane warokotse impanuka ikomeye

Abana batatu ba Harry Kane barokotse bitangaje impanuka y’imodoka eshatu zagonganye mu Budage.
12 April 2024 Yasuwe: 1758 0

Ubushinjacyaha bwagaragaje uko ibihugu by’amahanga byanze gufata abakoze jenoside

Ubushinjacyaha Bukuru bw’u Rwanda buvuga ko mu bantu 1 149 bashyiriweho impapuro zo kubata muri yombi kubera uruhare bagize muri, Jenoside yakorewe Abatutsi, hamaze gufatwa 59 gusa bangana na 5%.
12 April 2024 Yasuwe: 480 0

Abarimu ba gisirikare b’Uburusiya bageze muri Niger gutoza igisirikare

Abarimu ba gisirikare b’Uburusiya bageze muri Niger gutoza igisirikare cy’igihugu, mu gihe Uburusiya bukomeje kongera ingufu mu karere karimo umutekano mucye ka Sahel ko mu burengerazuba bw’Afurika.
12 April 2024 Yasuwe: 639 0

Ngoma:Abantu batatu bapfiriye mu mpanuka y’imodoka

Imodoka yari ipakiye ibigori yavaga ahitwa Rukumberi mu Karere ka Ngoma, yerekeza mu Karere ka Rwamagana yakoze impanuka, abantu batatu bari bayirimo bahita bitaba Imana.
12 April 2024 Yasuwe: 2719 0

Urugomero runini rw’amashanyarazi ruri hafi ya Kyiv rwashenywe n’ibitero by’Uburusiya

Ikigo cy’amashanyarazi cya Ukraine, Centrenergo, cyavuze ko urugomero runini rw’amashanyarazi ruri hafi y’umurwa mukuru Kyiv wa Ukraine rwashenywe burundu n’ibitero by’Uburusiya mu gitondo cyo ku...
12 April 2024 Yasuwe: 952 0