skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

RDC: Inyeshyamba zishe abantu 34 mu minsi itatu gusa muri Ituri

Mu gihe cy’iminsi itatu, abarwanyi ba CODECO bishe byibuze abantu 34 mu gace ka Djugu, nk’uko abayobozi babitangaje ku wa mbere tariki 08 Mata.
9 April 2024 Yasuwe: 539 0

Perezida Kagame yatanze isezerano rikomeye ku mubano w’u Rwanda n’Ubufaransa

Perezida Paul Kagame yavuze ko umubano w’u Rwanda n’u Bufaransa bazakomeza kuwusigasira neza,kugira ngo ube mwiza kurushaho.
9 April 2024 Yasuwe: 1053 0

Hamenyekanye igihugu perezida Tshisekedi aherereyemo

Perezida Félix Antoine Tshisekedi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo amaze iminsi avugisha benshi ku mbuga nkoranyambaga nyuma yo kuvugwa ko atari mu gihugu ndetse n’aho yerekeje hatazwi.
9 April 2024 Yasuwe: 2369 0

Isirayeri yemeje italiki yo kugaba ibitero mu mujyi wa Rafah

Ministri w’Intebe wa Isirayeri, Benjamin Netanyahu ejo kuwa mbere yatangaje ko itariki yo kugaba ibitero mu majyepfo y’intara ya Gaza mu mujyi wa Rafah yamaze kwemezwa.
9 April 2024 Yasuwe: 1078 0

Jimmy Gatete n’abandi bakinnyi bakomeye mu Rwanda bageneye ubutumwa Abanyarwanda bwo #KWIBUKA30

Umunyabigwi mu mupira w’amaguru mu Rwanda, Jimmy Gatete, muri iki gihe u Rwanda rwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,yageneye ubutumwa Abanyarwanda mu gihe cyo kwibuka...
8 April 2024 Yasuwe: 949 0

Perezida Kagame yaganiriye na Clinton wayoboye USA ku bibazo biri muri RDC

Mu gitondo cyo kuri uyu wa Mbere Perezida Kagame yaganiriye na Bill Clinton wahoze ayobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, bagaruka ku rugendo rw’Iterambere ry’u Rwanda mu myaka 30 ishize.
8 April 2024 Yasuwe: 975 0

Abantu 24 baburiwe irengero ubwo ubwato barimo bwarohamaga muri Tanganyika

Nibura abantu 24 baburiwe irengero nyuma yo kurohama k’ubwato M / V Maman Benita mu kiyaga cya Tanganyika mu ijoro ryo ku wa gatandatu rishyira ku cyumweru tariki ya 7 Mata, ku nkombe za Kalemie....
8 April 2024 Yasuwe: 911 0

RDC: Abarimu bigaragambije banga kwigisha batarishyurwa imishahara leta ibarimo

Abarimu, abanyamuryango b’ishyirahamwe ry’abarimu bo muri Kongo (SYECO), agace ka Kabambare (Maniema) batangije imyigaragambyo kuri uyu wa mbere,tariki ya 8 Mata,mu gihe abanyeshuri basubiye ku...
8 April 2024 Yasuwe: 1043 0

Abasirikare bane bo mu ngabo za SADC ziri muri RDC bapfuye

Umuryango wa Afurika y’amajyepfo, SADC, watangaje ko bane mu basirikare bayo bari mu butumwa bw’amahoro no kurwana na M23 muri Congo, SAMIDRC bapfuye, abandi batatu baturutse muri Tanzania...
8 April 2024 Yasuwe: 1886 0

Televiziyo yo mu Bubiligi yasabye imbabazi kubera kubeshyera Tshisekedi ko yaje i Kigali

Urugendo rwerekeza ahantu hatazwi rw’umukuru w’igihugu cya Kongo,Felix Tshisekedi rwateje impaka zikomeye muri Repubulika ya Demokarasi ya Kongo.
8 April 2024 Yasuwe: 1455 0