skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

Ubuhamya bwa Perezida Kagame kuri mubyara we wishwe muri Jenoside

Perezida Kagame yavuze ku buhamya bwe ubwo yatangizaga Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi,kuri uyu wa 7 Mata 2024.
7 April 2024 Yasuwe: 2012 0

#KWIBUKA30:"Jenoside yakorewe abatutsi ni umuburo"-Perezida Kagame

Perezida Kagame yavuze ko Jenoside yakorewe Abatutsi ari umuburo ku isi yose kuko nta hantu itashoboka gusa yemeza ko Abanyarwanda batazongera gutereranwa ngo bicwe ukundi.
7 April 2024 Yasuwe: 889 0

Perezida Kagame na Madamu we batangije #Kwibuka30 bacana urumuri rw’icyizere

Perezida Kagame afatanyije na Madamu Jeannette Kagame bacanye urumuri rw’icyizere rukomeza kwaka kugeza iminsi 100 yo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi irangiye.
7 April 2024 Yasuwe: 1384 0

U Rwanda rwasinyanye amasezerano y’ubufatanye n’Ubufaransa

U Rwanda n’u Bufaransa byasinyanye amasezerano y’ubufatanye ya miliyoni 400 z’ama-Euro zizifashishwa mu gushyigikira iterambere ry’inzego zirimo ubuzima, ibidukikije no guhugura abakozi hagati ya...
7 April 2024 Yasuwe: 1302 0

Perezida Ramaphosa na Bill Clinton wayoboye Amerika bageze mu Rwanda kwitabira#Kwibuka30

Umukuru w’Igihugu cya Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa, yageze mu Rwanda ku mugoroba wo kuri uyu wa Gatandatu tariki 06 Mata 2024, aho yitabiriye ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside...
6 April 2024 Yasuwe: 1908 0

Polisi iri gushaka umusore washyize Viagra mu mazi y’abari baje gusenga

Polisi ya Zimbabwe (ZRP) kuri ubu iri gushakisha umwana w’ahitwa Bulawayo, uzwi ku izina rya Tracy Sibanda w’imyaka 18, kubera ko yashyize abigambiriye ibinini bya Viagra mu kigega cy’amazi...
6 April 2024 Yasuwe: 18145 0

NESA yashyize hanze ingengabihe y’uko abanyeshuri bazasubira ku ishuri

Ikigo cy’Igihugu Gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri,NESA cyatangaje ingengabihe y’uko abanyeshuri biga bacumbikiwe ku bigo by’amashuri bazasubirayo mu gihembwe cya gatatu cy’umwaka...
6 April 2024 Yasuwe: 10731 0

Perezida wa Czech yahishuye icyo yakunze kuri Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yakiriye anagirana ibiganiro na Perezida Petr Pavel wa Repubulika ya Czech uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda aho yaje no kwifatanya n’abaturarwanda Kwibuka ku nshuro ya 30...
6 April 2024 Yasuwe: 2444 0

Burundi: Umugabo yahisemo kwihindura umugore kubera impamvu ikomeye

Umugabo witwa Samuel Minani yitandukanya rwose n’igitsina gabo akiyambarira inyambaro y’abagore,akanigana imyifatire yabo.
6 April 2024 Yasuwe: 3830 0

Perezida Kagame yagaragaje impamvu zerekana ko amagambo ya Tshisekedi yo gutera u Rwanda atari imikino

Perezida Paul Kagame yagaragaje impamvu zifatika zigaragaza ko ibyo Félix Tshisekedi uyobora Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko azatera u Rwanda atari imikino.
6 April 2024 Yasuwe: 2113 0