skol
Kigali

Author

Dusingizimana Remy

Dusingizimana Remy is a journalist for Umuryango.rw. He studied at the University of Rwanda.He holds a Bachelor’s degree in Journalism and Communication. He started his career in writing about sports in 2015.Follow him on Twitter and Instagram @REMY SAGAN

"Abo bantu ntibakwiye guhagarika ubuzima bwacu"-Perezida Kagame avuga ku bakoze Jenoside bacyihishe hanze

Perezida Kagame yavuze ko hakiri ibihugu byinangiye gutanga ubutabera ku babicumbitsemo bakekwaho Jenoside yakorewe Abatutsi ariko bitahagarika ubuzima bw’igihugu.
8 April 2024 Yasuwe: 820 0

Perezida Kagame yavuze ku munyamabanga wa USA wagoretse imvugo ijyanye na Jenoside yakorewe Abatutsi

Perezida Kagame yavuze ko babwiye Amerika ko ibyo kugoreka amateka ya jenoside no kuyiha indi nyito bajya babikora mu yindi minsi ariko bakareka tariki ya 07 Mata ikaba iyo kwibuka Jenoside...
8 April 2024 Yasuwe: 1293 0

Imodoka yakoze iimpanuka ku kiraro ihitana abantu bane

Abagenzi bane bapfuye abandi benshi barakomereka nyuma y’aho bisi ya Kensilver yavaga i Meru yerekeza i Nairobi yakoreraga impanuka ku kiraro cya Tharaka Nithi,ku cyumweru saa sita.
8 April 2024 Yasuwe: 14135 0

Kenya: Umupolisi yarasiye mu kabari nyuma yo kwishyuzwa akabura ayo kwishyura

Umupolisi wari ufite umujinya mwinshi yarasiye mu kabari ko mu Ntara ya Narok,muri Kenya, nyuma y’uko telefone ye ifatiwe kubera ko yananiwe kwishyura fagitire y’amashilingi 220 ya Kenya.
8 April 2024 Yasuwe: 605 0

Perezida Kagame yahishuye amasomo atatu u Rwanda rwigiye kuri Jenoside yarusenye

Perezida Kagame yavuze ko hari amasomo “atatu akomeye” u Rwanda ruvana muri jenoside yakorewe Abatutsi rwaciyemo, n’uburyo bwo gukumira ko yakongera kuba.
8 April 2024 Yasuwe: 647 0

Ishyaka PPRD ryasabye Leta ya Tshisekedi kureka “gukorera urwenya” kuri Kabila

Umunyamabanga Mukuru wa PPRD, Emmanuel Ramazani Shadary, yasohoye itangazo, asobanura ko Leta ya Tshisekedi iri kugerageza guharabika Kabila, imuhuza na AFC adafiteho amakuru.
8 April 2024 Yasuwe: 1315 0

Mushikiwabo yahishuye uko musaza we Lando na nyina bishwe muri Jenoside

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango uhuza ibihugu bikoresha Igifaransa (OIF), Louise Mushikiwabo, yagaragaje ko ku wa 07 Mata 1994, abari mu rugo rwa musaza we, Landouald Ndasingwa wari uzwi nka Lando...
8 April 2024 Yasuwe: 2049 0

Perezida Ramaphosa yahinduye imyumvire ku cyazana amahoro muri RDC

Perezida wa Afurika y’Epfo, Cyril Ramaphosa yatangaje ko ibibazo by’umutekano muke mu Burasirazuba bwa Congo bizakemurwa mu nzira y’amahoro aho kuba iy’intambara.
7 April 2024 Yasuwe: 3078 0

Abakinnyi ba Arsenal bifatanyije n’Abanyarwanda #Kwibuka30

Abakinnyi b’Ikipe ya Arsenal mu bagabo n’abagore ndetse n’abanyabigwi bayo batanze ubutumwa bwo kwifatanya n’Abanyarwanda mu gutangiza ibikorwa byo Kwibuka ku nshuro ya 30 Jenoside yakorewe Abatutsi.
7 April 2024 Yasuwe: 1434 0

Perezida Kagame yahishuye ukuntu Abafaransa babateye ubwoba ngo ntibafate Butare bigatuma bayifata vuba

Perezida Kagame yavuze ko mu 1994 abafaransa bari muri zone Turqoise bamutumyeho Dallaire bamusaba ko INKOTANYI zitakwibeshya ngo zifate Butare bigatuma ahita ategeka ingabo kuyifata.
7 April 2024 Yasuwe: 1325 0