Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Olivier Jean Patrick Nduhungirehe yatangaje ko bitumvikana kubona amahanga yegeka ku Rwanda na AFC/23 ibijyanye n’intambara yakajije umurego mu...
Mu ijoro ryo ku wa 9 Ukuboza 2025, hamaze gusakara inkuru y’uko umujyi wa Uvira wafashwe na AFC/M23, ibihugu by’i Burayi na Amerika ya Ruguru byasohoye itangazo riyobya uburari, rigereka intambara...
Mu kiganiro yagiranye na RBA, Min. Dominique Habimana w’ubutegetsi bw’igihugu yavuze ko impamvu njyanama y’akarere ka Kayonza yirukanye nyobozi yako, ari uko itanyuzwe n’imikorere yayo kandi bikaba...
Abasivile, abasirikare ba FARDC ndetse na Wazalendo bakomeje kwisuka mu Burundi bahunga imirwano kiva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 8/12/2025.
Minisitiri w’itangazamakuru muri Congo, Patric Muyaya yatangajeko u Rwanda ruri kurasa muri Kamanyola rukoresheje imbunda iri mu Bugarama ho mu karere ka Rusizi.
Ku munsi w’ejo taliki ya 7 ukuboza 2025 ni bwo hamenyekanye inkuru ko Meya na ba Visi Meya bombi b’akarere ka Kayonza birukanwe bazira ahanini ikibazo cy’inzara ivugwa mu murenge wa Ndego na Mwiri.