Element EleéeH umaze iminsi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yateguje abakunzi be indirimbo nshya yakoranye n’abahanzi barimo Bien wo muri Kenya na Joshua Baraka wo muri Uganda.
Mu ijoro ryo ku wa 6 Mata 1994 ubwo Juvénal Habyarimana yari amaze kwicwa ahanuwe mu ndege yari imuvanye mu biganiro by’amahoro bya Arusha muri Tanzania, u Bufaransa bwayoborwaga na François...
Intumwa za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Iran zasoje ibiganiro byamaze amasaha 21 byazihurije muri Pakistan, zinaniwe kumvikana ku bijyanye no guhagarika intambara.
Ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro, hari ubusitani bumaze imyaka ine, butangijwe na Madamu Jeannette Kagame bwiswe Garden of Memory (Ubusitani bw’Urwibutso), mu Karere ka Kicukiro,...
Minisitiri w’Intebe muri Tanzania, Dr. Mwigulu Nchemba, yagaragaje ko bari hafi gushyiraho itegeko ryo kugira impamyabumenyi [diplôme] umutungo, ikajya itangwa nk’ingwate mu gihe uyifite yifuza...