skol
Kigali

Author

Emmy

Zari yahishuye akayabo yashoye ngo asubirane itoto ry’abato binyuze mu kwibagisha mu maso

Umunyamideli akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Zari The Boss Lady, yatangaje ko aherutse gukoresha $10.000 (asaga miliyoni 14 Frw) mu kwibagisha isura ye kugira ngo isubirane itoto, ahamya...
15 July 2026 Yasuwe: 0 0

Minisitiri Utumatwishima yasabiye Kagarara ikintu gikomeye nyuma yo guhesha igihugu ishema

Ministiri w’Urubyiruko n’Iterambere ry’Ubuhanzi, Dr. Utumatwishima Jean Nepo Abdallah, yashimiye Ashton Small (Kagarara) kubera guhesha ishema abakoresha imbuga nkoranyambaga, abinyujije mu...
15 July 2026 Yasuwe: 0 0

Umuyobozi w’Abasenateri b’Abademokarate muri Amerika - Schumer - yibasiye Trump, amusaba guhagarika intambara ya Iran

Umuyobozi w’Abasenateri b’Abademokarate muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Chuck Schumer, yanenze bikomeye Perezida Donald Trump nyuma y’aho amenyesheje Kongere ko Amerika yongeye kujya mu ntambara...
14 July 2026 Yasuwe: 0 0

Umuganga wazobereye mu kuvura indwara z’abagore intandaro yo kwitwara nabi kwa Senegal mu gikombe cy’isi

Perezida w’Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru muri Sénégal, Abdoulaye Fall, yatangaje ko umuganga wari ushinzwe kwita ku buzima bw’ikipe y’igihugu atari afite ubunararibonye buhagije mu buvuzi bwa...
14 July 2026 Yasuwe: 0 0

Ibi ni ubwambuzi – Perezida wa Brazil yibasiye Trump kubera umusoro ku mato anyura i Hormuz

Perezida wa Brazil yavuze ko Trump yaba ahindutse "umwambuzi wo mu nyanja - Pirate" naramuka ashyizeho imisoro ku mato anyura mu Muyoboro wa Hormuz.
14 July 2026 Yasuwe: 0 0

Ubwato bunyura mu muhora wa Hormuz bugiye gutangira gusoreshwa

Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko cyagabye ibitero bishya ku bice bitandukanye bya Iran, mu gihe Tehran na yo yakomeje gusubiza ikoresheje ibisasu bya misile na drones...
14 July 2026 Yasuwe: 0 0

Al-Hilal SC yambuwe Igikombe cya Shampiyona gihabwa Al-Merrikh

Ikipe ya Al Hilal SC yambuwe Igikombe cya Shampiyona yo muri Sudani ya 2025/26 gihabwa Al Merrikh SC, kubera gukinisha umubare munini w’abanyamahanga mu mukino wa nyuma.
14 July 2026 Yasuwe: 0 0

The Ben yasubije abibaza niba yaba ari hafi kongera gukorana na Coach Gael

The Ben uri mu bahanzi bakomeje kugarukwaho mu itangazamakuru, yavuze ko nubwo Coach Gael ari inshuti ye magara, bishobora kugorana kongera gukorana mu buryo bwa kinyamwuga, kuko yahitamo gukomeza...
13 July 2026 Yasuwe: 0 0

Abasirikare ba Amerika bahuye n’uruva gusenya nyuma y’uko basuzuguye amakuru y’ubutasi ku bitero bya Iran

Ubuhamya bw’abasirikare ba Amerika barokotse igitero cya Iran ku kigo cya gisirikare cya Port Shuaiba muri Kuwait, bwagaragaje ko abayobozi babo bari barahawe amakuru y’ubutasi aburira ko icyo kigo...
13 July 2026 Yasuwe: 0 0