Umunyamideli akaba n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, Zari The Boss Lady, yatangaje ko aherutse gukoresha $10.000 (asaga miliyoni 14 Frw) mu kwibagisha isura ye kugira ngo isubirane itoto, ahamya...
Umuyobozi w’Abasenateri b’Abademokarate muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Chuck Schumer, yanenze bikomeye Perezida Donald Trump nyuma y’aho amenyesheje Kongere ko Amerika yongeye kujya mu ntambara...
Igisirikare cya Leta Zunze Ubumwe za Amerika cyatangaje ko cyagabye ibitero bishya ku bice bitandukanye bya Iran, mu gihe Tehran na yo yakomeje gusubiza ikoresheje ibisasu bya misile na drones...
Ikipe ya Al Hilal SC yambuwe Igikombe cya Shampiyona yo muri Sudani ya 2025/26 gihabwa Al Merrikh SC, kubera gukinisha umubare munini w’abanyamahanga mu mukino wa nyuma.
The Ben uri mu bahanzi bakomeje kugarukwaho mu itangazamakuru, yavuze ko nubwo Coach Gael ari inshuti ye magara, bishobora kugorana kongera gukorana mu buryo bwa kinyamwuga, kuko yahitamo gukomeza...
Ubuhamya bw’abasirikare ba Amerika barokotse igitero cya Iran ku kigo cya gisirikare cya Port Shuaiba muri Kuwait, bwagaragaje ko abayobozi babo bari barahawe amakuru y’ubutasi aburira ko icyo kigo...