Mu minsi ishize juice ya Salama yarahagaritswe ku isoko ry’u Rwanda ndetse abayiranguye bose basabwa kuyisubiza ku ruganda. Gusa RIB ni yo yagaragaye isobanura iby’iki kinyobwa n’uruganda...
Leta y’u Rwanda ikomeje gushyira imbaraga mu kwigisha ihame ry’uburinganire ariko nanone haracyagaragara ibibazo bitandukanye. Ese koko ubu buringanire burashoboka?
FDA yasabye abaranguye n’abaguze Jus ya Salama kugenda bayihererekanya kugeza igeze ku ruganda rwayikoze ari rwo Joyland Company. Gusa uruganda rurafunze, ba nyirarwo barafunze ndetse na bamwe mu...
Nyuma yo gusanga ama banki mu Rwanda yungukira ahanini ku nyungu ku nguzanyo kandi zikunguka umurengera, Leta yavuze ko hari ibigiye gusubirwamo kugirango umuturage yoroherezwe.
Ariko se ni iki...