Igiciro cy’ibikomoka kuri peteroli cyaragabanutse ku wa nyuma y’uko hagaragaye icyizere mu biganiro bihuza Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran, kigera ku madorali 72.
Raporo nshya y’Itsinda ry’Impuguke z’Umuryango w’Abibumbye kuri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yashyize mu majwi Gen (Rtd) James Kabarebe wahoze ari Umugaba Mukuru w’Ingabo z’u Rwanda,...
Hari inkuru zimwe ziba mu rugendo rw’abahanzi zikaba zidahita zijya ahagaragara, nyamara zikagira uruhare rukomeye mu guhindura uko umuziki ugenda. Imwe muri zo ni uburyo Bruce Melodie yaje...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Ambasaderi Olivier Nduhungirehe, yaburiye Leta Zunze Ubumwe za Amerika ko ibihano byayo bibogamye bidashobora gukemura amakimbirane ari hagati y’u...
Kuri uyu wa Mbere, Igipolisi ya Senegal cyakoresheje ibyuka biryana mu maso mu gutatanya abigaragambya hanze y’Inteko Ishinga Amategeko ubwo abadepite baganiraga ku ivugururwa ry’itegeko nshinga...
Nyuma y’igihe Bruce Melodie agaragaza ko afatanyije na Coach Gael ibikorwa birimo Kigali Universe n’ikipe ya UGB, kuri ubu yamaze gukura ayo makuru ku mbuga nkoranyambaga ze, byongera guca amarenga...
Umukinnyi wa filime Micky yahishuye ko hari igihe yatekereje ko urukundo rwe na Agiraneza Pacifique wamamaye nka AG Promoter rugiye kurangira, nyuma y’uko uyu mugabo aciwe mu Itorero rya ADEPR...
ACP Augustin Kuradupagase wahoze mu Ngabo za Leta ya Habyarimana Juvenal yasobanuye ko ubwo yinjiraga mu Rwanda nk’umucengezi mu 1997 ari bwo yanahisemo kwishyikiriza Inkotanyi kuko yabonaga...