Perezida Paul Kagame yagaragaje ko nta muntu ukwiriye kugira ikibazo ku rusaku rw’ingoma irimo ubusa, ko ahubwo icyiza ari ukuyireka igatambuka cyangwa ukayibisa.
Ibyo byabaye mu ijoro ryo ku wa 8 Ukwakira 2025, mu Mudugudu wa Nyakabuye, Akagari ka Kabuye.
Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Nyarugenge, Kazungu Innocent, yavuze ko abo bantu bafashe...
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo (MININFRA) yagaragaje ko amagare atwara abantu n’ibintu ari gushakirwa uburyo yavanwa mu bwikorezi mu Mujyi wa Kigali akaba yajya mu nkengero, hagakoreshwa ubundi buryo...
RURA ivuga ko hagiye kugabanywa umubare w’abamotari mu mugi wa Kigali mu rwego rwo guteza imbere urwego rwo gutwara abantu muri uyu mugi. Hazanashyirwaho kandi companyi ya Leta izakora ubwikorezi...
Bamwe mu rubyiruko rwakoreraga nk’abakorerabushake mu irushanwa mpuzamahanga ry’amagare rya UCI Road World Championships 2025 ryabereye i Kigali, barasaba ubuvugizi nyuma yo kuvuga ko bishyuwe...