Gen (Rtd) Fred Ibingira yagarutse ku byabaye umunsi Perezida Kagame ava muri Amerika akajya kuyobora urugamba rwo kubohora igihugu, asobanura ko icyo gihe ingabo zari zacitse intege kuko na we...
Intambara hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko impande zombi zigabanyeho ibitero bya gisirikare, buri ruhande rushinja urundi kurenga ku masezerano...
Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, akomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ko inzego z’umutekano ziri gushakisha Umuyobozi Mukuru wa Nation Media Group (NMG) muri...
Umukiriya wa ForteBet yakoze amahitamo yagaragaye ko ari ay’ubwenge, nyuma yo gukoresha uburyo bwa Fair CashOut akegukana 1,180,200 Frw mu masaha make gusa amaze gutega.
Amerika yongeye kugaba ibitero kuri Iran, nyuma y’uko Perezida Donald Trump ashinje Tehran kurenga ku masezerano yo guhagarika imirwano, akavuga ko icyo gihugu cyakoze “ubusazi” mu kwibasira ubwato...
Perezida Donald Trump yabujije abakozi be kuvugana n’itangazamakuru ku byerekeye igitabo gishya cyanditswe n’abanyamakuru Maggie Haberman na Jonathan Swan, kigaruka ku mwaka wa mbere wa manda ye ya...
Nyuma yo kubyara umwana we wa mbere, umukinnyi wa filime ukunzwe muri Tanzania, Wema Sepetu, yavuze ku bamaze iminsi bamwibasira ku mbuga nkoranyambaga, abasaba kumureka akaryoherwa n’ibyishimo byo...
Leta zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano ibigo byo mu Rwanda ku munsi w’ejo byaje bikurikira ibyo yari yafatiye bamwe mu basirikare ba RDF mu mezi ashize zivuga ko zishobora no gufata ibindi...