skol
Kigali

Author

Emmy

Ibiro 13 by’Inyama MINAGRI ivuga ko Abanyarwanda barya ziva ku yahe matungo?

Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yatangaje ko Umunyarwanda ku mwaka arya ibilo 13 by’inyama, nyamara yagakwiye kurya nibura ibilo 50.
17 October 2025 Yasuwe: 926 0

Amakosa 5 yashyize umutoza Lotfi mu byago arimo ubu/Mu buyobozi bwa Rayon Rayon bikomeje kwanga

Umutoza Lotfi wahagaritswe na Rayon Sports yavuze icyo yapfuye na Perezida Thadee. ESE NI GUTE YISANZE HANO? DORE AMAKOSA 5 UYU MUTOZA YAKOZE AKAMUSHYIRA MU BYAGO ARIMO UYU MUNSI.
17 October 2025 Yasuwe: 884 0

Video:Kuki ubu ari bwo URwanda rushyize hanze urutonde rw’IBYIHEBE? Dosiye ya Gen Kayumba yongeye irabyuka

Leta y’u Rwanda yasohoye urutonde rw’ibyihebe ruriho abanyarwanda 25 rukaba rurangajwe imbere na Kayumba Nyamwasa. Ese ibi bivuze iki? Kuki ari ubu hakozwe uru rutonde? Kurikira ikiganiro
16 October 2025 Yasuwe: 1160 0

Video: Abarundi bazakubura imihanda yacu... Ibyo Sadate yavuze ku barundi n’Abanyekongo byatumye barubira

Sadate yasabye urubyiruko rw’abanyarwanda gukora cyane maze Abarundi bakazakubura imihanda yabo naho abanye-Congo bakoza ubwiherero. Amagambo ya Sadate yatumye yibasirwa bikomeye ku mbuga...
16 October 2025 Yasuwe: 1219 0

Amagambo ya Sadate Munyakazi ku Barundi n’Abanye-Congo akomeje kuvugisha benshi

Sadate yashishikarije urubyiruko rw’u Rwanda gukora cyane kugirango mu minsi iri imbere Abarundi bazajye bakubura imihanda yo mu Rwanda ndetse n’Abanye-Congo boze ubwiherero bw’Abanyarwanda
16 October 2025 Yasuwe: 2370 0

Umutoza Lotfi yashinje Perezida wa Rayon Sports kumusaba kwitsindisha anavuga byinshi ku byo bapfuye

Nyuma yo kwirukanwa umutoza Lotfi yavuze icyatumye uyu mutoza atumvikana na perezida wa Rayon Sports
16 October 2025 Yasuwe: 1163 0

Green party yateye umugongo Sen. Mugisha Alex. Ese yazize iki ? Sen. Evode usoza manda aragaruka?

Ni iki cyatumye Green Party itera umugongo Sen. wayo Alex Mugisha? Bamwe mu basenateri bashoje manda harimo Senateri Evode. Ese ari bwongerwe indi manda?
15 October 2025 Yasuwe: 2042 0

Abivuriza CARAES Ndera biyongereyeho 17.7% mu mwaka 2024-2025. Ese biterwa n’iki?

Ubuyobozi bw’ibitaro bya CARAES Ndera bwatangaje ko mu mwaka wa 2024/2025 byakiriye abarwayi 119.859, biyongereyeho 17,7% ugereranyije n’umwaka wari wabanje.
15 October 2025 Yasuwe: 530 0

Video: Tshisekedi bamurase kugeza amatwi azibye - Sen. Evode

Evode asanga umuti w’intambara ya Congo ari ukurasa Perezida Tshisekedi kuko ngo uyu ikitwa ibiganiro by’amahoro ntabishaka.
13 October 2025 Yasuwe: 1146 0

Mu marira menshi Theo Bosebabireba aratabaza

Theo Bosebabireba avuga ko asabwa arenga miliyoni n’igice by’amafaranga y’u Rwanda buri kwezi kandi ibyo akaba abimazemo umwaka urenga. Ati: "Niba utanamfashije byibura nkorera ubuvugizi". Akomeza...
13 October 2025 Yasuwe: 4820 0