Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi, Dr. Ndabamenye Telesphore, yatangaje ko Umunyarwanda ku mwaka arya ibilo 13 by’inyama, nyamara yagakwiye kurya nibura ibilo 50.
Umutoza Lotfi wahagaritswe na Rayon Sports yavuze icyo yapfuye na Perezida Thadee.
ESE NI GUTE YISANZE HANO? DORE AMAKOSA 5 UYU MUTOZA YAKOZE AKAMUSHYIRA MU BYAGO ARIMO UYU MUNSI.
Leta y’u Rwanda yasohoye urutonde rw’ibyihebe ruriho abanyarwanda 25 rukaba rurangajwe imbere na Kayumba Nyamwasa.
Ese ibi bivuze iki? Kuki ari ubu hakozwe uru rutonde?
Kurikira ikiganiro
Ni iki cyatumye Green Party itera umugongo Sen. wayo Alex Mugisha? Bamwe mu basenateri bashoje manda harimo Senateri Evode. Ese ari bwongerwe indi manda?
Ubuyobozi bw’ibitaro bya CARAES Ndera bwatangaje ko mu mwaka wa 2024/2025 byakiriye abarwayi 119.859, biyongereyeho 17,7% ugereranyije n’umwaka wari wabanje.