skol
Kigali

Author

Emmy

Rtd. Gen. Ibingira yavuze ko munsi wa mbere yahuriyeho na Perezida Kagame ku rugamba

Gen (Rtd) Fred Ibingira yagarutse ku byabaye umunsi Perezida Kagame ava muri Amerika akajya kuyobora urugamba rwo kubohora igihugu, asobanura ko icyo gihe ingabo zari zacitse intege kuko na we...
28 June 2026 Yasuwe: 0 0

Iran yarashe muri Kuwait na Bahrain

Intambara hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ikomeje gufata indi ntera, nyuma y’uko impande zombi zigabanyeho ibitero bya gisirikare, buri ruhande rushinja urundi kurenga ku masezerano...
28 June 2026 Yasuwe: 0 0

Umugabo w’i Nyamasheke akurikiranyweho kwica umwana w’imyaka ine yakekaga ko atari uwe

Umugabo wo mu Karere ka Nyamasheke yatawe muri yombi akekwaho kwica umwana w’imyaka ine witwa Manzi Success Lionel, yakekaga ko atari uwe.
28 June 2026 Yasuwe: 0 0

Nyuma yo gufunga NTV Uganda na Spark TV, Gen Muhoozi arashaka gufunga umuyobozi wa National Media Group

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba, akomeje kuvugisha benshi nyuma yo gutangaza ko inzego z’umutekano ziri gushakisha Umuyobozi Mukuru wa Nation Media Group (NMG) muri...
28 June 2026 Yasuwe: 0 0

Fortebet: Yatsindiye 1,180,200 Frw nyuma yo guhitamo neza agakoresha "Fair CashOut"

Umukiriya wa ForteBet yakoze amahitamo yagaragaye ko ari ay’ubwenge, nyuma yo gukoresha uburyo bwa Fair CashOut akegukana 1,180,200 Frw mu masaha make gusa amaze gutega.
27 June 2026 Yasuwe: 0 0

Perezida Kagame yahuje Penetensiya yahawe akomezwa n’ukwicuza nyako gukwiye kuranga abantu

Perezida Kagame yifashishije urugero rwa Penetensiya yatse agiye gukomezwa, agaragaza uburyo abantu bamwe babeshya iyo bari kwicuza mu madini, kuko ibintu bimwe babihimba. Yavuze ko bene uko...
27 June 2026 Yasuwe: 0 0

Amerika na Iran byongeye kumishanyaho ibisasu

Amerika yongeye kugaba ibitero kuri Iran, nyuma y’uko Perezida Donald Trump ashinje Tehran kurenga ku masezerano yo guhagarika imirwano, akavuga ko icyo gihugu cyakoze “ubusazi” mu kwibasira ubwato...
27 June 2026 Yasuwe: 0 0

Donald Trump yababajwe n’amabanga ye yagiye hanze harimo no kuba arya mu gicuku

Perezida Donald Trump yabujije abakozi be kuvugana n’itangazamakuru ku byerekeye igitabo gishya cyanditswe n’abanyamakuru Maggie Haberman na Jonathan Swan, kigaruka ku mwaka wa mbere wa manda ye ya...
27 June 2026 Yasuwe: 0 0

Wema Sepetu wari warihebye ari kwisobanura nyuma yo kubyara umwana we wa mbere

Nyuma yo kubyara umwana we wa mbere, umukinnyi wa filime ukunzwe muri Tanzania, Wema Sepetu, yavuze ku bamaze iminsi bamwibasira ku mbuga nkoranyambaga, abasaba kumureka akaryoherwa n’ibyishimo byo...
27 June 2026 Yasuwe: 0 0

Amerika yateguje ibindi bihano! Kuki Leta zunze ubumwe za Amerika zidafatira ibihano RDC kandi nayo itubahiriza amasezerano?

Leta zunze Ubumwe za Amerika zafatiye ibihano ibigo byo mu Rwanda ku munsi w’ejo byaje bikurikira ibyo yari yafatiye bamwe mu basirikare ba RDF mu mezi ashize zivuga ko zishobora no gufata ibindi...
27 June 2026 Yasuwe: 0 0