skol
Kigali

Author

Emmy

Jose Mourinho yifatiye ku gahanga FIFA nyuma y’ibyakorewe Misiri

Misiri yaraye isezerewe na Argentina muri 1/8 cy’igikombe cy’isi mu mukino utavuzweho rumwe na benshi aho abantu bakomeje kwemeza ko Misiri yibwe ku mugaragaro.
8 July 2026 Yasuwe: 0 0

Lionel Messi yongeye kurokoka hamana ikipe ya Afurika. Uko umukino wagenze

Ikipe y’igihugu ya Argentine yageze muri 1/4 cy’irangiza cy’Igikombe cy’Isi cya 2026 nyuma yo gutsinda Egypt ibitego 3-2 mu mukino wari ukomeye cyane, aho yabanje kujya inyuma ku bitego bibiri...
7 July 2026 Yasuwe: 0 0

G7 ikomeje kugabanya inkunga yayo ku bihugu bikennye. Ingaruka n’inyungu kuri bihugu

Ibihugu bigize G7 birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bwongereza, u Budage, u Bufaransa, u Butaliyani, Canada n’u Buyapani bikomeje kugabanya amafaranga bishora mu nkunga mpuzamahanga, ibintu...
7 July 2026 Yasuwe: 0 0

Sherry Silver wababajwe n’ibyabaye kuri Cristiano Ronaldo afite inkuru azabwira abana be

Umubyinnyi w’umunyarwanda wabigize umwuga, Sherrie Silver yashenguwe bikomeye no gusezererwa kwa Portugal na Cristiano.
7 July 2026 Yasuwe: 0 0

Bugesera: Umukobwa w’imyaka 16 yiyahuye nyuma yo kubuzwa gukoresha telefoni

Agahinda n’ishavu byarenze urugero byibasiye umuryango wo mu Murenge wa Rweru, Akarere ka Bugesera, nyuma y’uko umukobwa wabo w’imyaka 16 afashe icyemezo cyo kwiyambura ubuzima, bikekwa ko byatewe...
7 July 2026 Yasuwe: 0 0

Cristiano Ronaldo yahishuye ikimurema agatima nyuma y’uko atabashije kwegukana igikombe cy’Isi

Rutahizamu akaba na kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Portugal, Cristiano Ronaldo, avuga ko igikombe cy’umugabane w’u Burayi yatwaye muri 2016 gifite agaciro kangana n’Igikombe cy’Isi.
7 July 2026 Yasuwe: 0 0

Thierry Henry yatangaje amagambo akomeye kuri Neymar wasezeye mu ikipe y’igihugu nyuma yo gutsindwa na Haaland

Nyuma y’umukino ikipe y’igihugu ya Brazil yasezerewemo na Norway, Neymar Jr, yahise atangaza ko asezeye mu ikipe y’igihugu.
6 July 2026 Yasuwe: 0 0

Rutahizamu Boris Gbenou waguzwe na Rayon Sports ni muntu ki?

Rayon Sports yemeje isinya rya rutahizamu ukomoka muri Centrafrique, Boris Gbenou bigoye kubona amakipe yanyuzemo.
6 July 2026 Yasuwe: 0 0

APR FC na Rayon Sports zirasabwa kwishyura asaga miliyoni 44RWF kugirango zemererwe gukina shampiyona ya 2026-2027

Amakipe abiri akunzwe mu Rwanda, APR FC na Rayon Sports, yombi agomba kwishyura muri FERWAFA arenga miliyoni 40 z’amafaranga y’u Rwanda kugira ngo akine Shampiyona y’icyiciro cya mbere umwaka...
6 July 2026 Yasuwe: 0 0

Biravugwa: Perezida Paul Biya wa Cameroon arimo kuraga

Hatangiye kwibazwa byinshi ku buzima bwa Perezida wa Cameroon, Paul Biya, nyuma y’uko hagaragaye amakuru avuga ko bamwe mu bagize umuryango we wa hafi bagiye kumusura mu Busuwisi, aho amaze igihe...
6 July 2026 Yasuwe: 0 0