skol
Kigali

Author

Emmy

Umugi wa Kigali wasubijeho gahunda yo gukaraba intoki ku nyubako n’ahandi hahurira abantu benshi

Umujyi wa Kigali wibukije abantu bose bafite cyangwa bashinzwe inyubako zihuriramo abantu benshi, zaba iz’abikorera cyangwa iza Leta ko ari ihame kugira ubukarabiro rusange bukora, kandi abazigana...
21 August 2024 Yasuwe: 830 0

Uwari Minisitiri w’Ubutabera muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatawe muri yombi

Uwahoze ari Minisitiri w’ubutabera muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Bernard Takaishe, yatawe muri yombi n’urwego rw’ubutasi bwa gisirikare (DEMIAP). Amakuru yemejwe n’isoko yizewe muri...
21 August 2024 Yasuwe: 862 0

Tchad: Imyuzure ikomeje guhitana ubuzima bw’abaturage

Mu gihugu cya Tchad bari mu marira nyuma y’uko imyuzure ihitanye ubuzima bw’abasaga 54, kandi hakaba hari impungenge z’uko imvura ishobora kwiyongera ikangiza...
21 August 2024 Yasuwe: 290 0

Hashyizweho amabwiriza mashya agamije gukumira ubujura n’ibindi byaha bikorwa hifashishijwe telefoni

Urwego Ngenzuramikorere mu Rwanda ’RURA’, rwashyize ahagaragara amabwiriza agamije gukumira ubujura n’ibindi byaha bikorwa hifashishijwe ikoranabuhanga, by’umwihariko ibikorerwa kuri...
21 August 2024 Yasuwe: 1359 0

RIB yatangiye guhiga abayiyitirira bagakwirakwiza ubutumwa bwo kwiba abakoresha MOMO

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwatangaje ko ruri gushakisha abantu bamaze iminsi bakwirakwiza ubutumwa bugamije kwiba abakoresha serivisi za Mobile Money mu izina ryarwo kugira ngo...
20 August 2024 Yasuwe: 864 0

Impanuka ya Bus n’ikamyo yahitanye 6 abandi barakomereka cyane

Impanuka idasanzwe y’ikamyo yari itwaye ifu hamwe na bisi yerekezaga i Kampala yahitanye abagera kuri batandatu ubwo imodoka zagonganiraga mu muhanda.
20 August 2024 Yasuwe: 2596 0

USA: Hillary Clinton yasabye abagore bose gutora Kamala Harris. Ese amateka ntazisubiramo?

Mu nama ikomeye yahuje abarwanashyaka b’ishyaka ry’Abademokrate, Hillary Clinton, yibukije abagore inzira ikomeye banyuzemo kugira ngo babone uburenganzira bwo gutora, abashishikariza gutora Kamala...
20 August 2024 Yasuwe: 593 0

Ingabire Pascaline wamenyekanye nka ’Samantha’ muri Cinema yibarutse umuhungu

Ingabire Pascaline wamamaye nka Samantha cyangwa Teta muri Sinema Nyarwanda, ari mu byishimo byo kwibaruka umwana w’umuhungu, yasobanuye nk’umugisha ndetse n’umunezero udasanzwe bahawe na...
20 August 2024 Yasuwe: 437 0

U Rwanda ruzakoresha Miliyari 580Frw mu bikorwa byo guhangana n’imihindagurikire y’ibihe mu mwaka w’ingengo y’imari...

Miliyari 580 Frw zigiye gukoreshwa mu kubungabunga ibidukikije no guhangana n’imihindagurikire y’ibihe nk’imwe mu nkingi ya mwamba u Rwanda ruri gushyira mu bikorwa, kugira ngo mu 2030 ruzabe...
20 August 2024 Yasuwe: 197 0

Gisagara: Umuyobozi w’ibitaro bya Gakoma yatawe muri yombi akekwaho kwica umwana w’umugore we

Dr Pascal Ngiruwonsanga, Umuyobozi w’ibitaro bya Gakoma byo mu Karere ka Gisagara yatawe muri yombi, arakekwaho kwica umwana w’imyaka umunani yareraga.
20 August 2024 Yasuwe: 2154 0
0 | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | ... | 510