Misiri yaraye isezerewe na Argentina muri 1/8 cy’igikombe cy’isi mu mukino utavuzweho rumwe na benshi aho abantu bakomeje kwemeza ko Misiri yibwe ku mugaragaro.
Ibihugu bigize G7 birimo Leta Zunze Ubumwe za Amerika, u Bwongereza, u Budage, u Bufaransa, u Butaliyani, Canada n’u Buyapani bikomeje kugabanya amafaranga bishora mu nkunga mpuzamahanga, ibintu...
Hatangiye kwibazwa byinshi ku buzima bwa Perezida wa Cameroon, Paul Biya, nyuma y’uko hagaragaye amakuru avuga ko bamwe mu bagize umuryango we wa hafi bagiye kumusura mu Busuwisi, aho amaze igihe...