Mu kiganiro yagiranye na RBA, Min. Dominique Habimana w’ubutegetsi bw’igihugu yavuze ko impamvu njyanama y’akarere ka Kayonza yirukanye nyobozi yako, ari uko itanyuzwe n’imikorere yayo kandi bikaba...
Abasivile, abasirikare ba FARDC ndetse na Wazalendo bakomeje kwisuka mu Burundi bahunga imirwano kiva mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere taliki ya 8/12/2025.
Minisitiri w’itangazamakuru muri Congo, Patric Muyaya yatangajeko u Rwanda ruri kurasa muri Kamanyola rukoresheje imbunda iri mu Bugarama ho mu karere ka Rusizi.
Ku munsi w’ejo taliki ya 7 ukuboza 2025 ni bwo hamenyekanye inkuru ko Meya na ba Visi Meya bombi b’akarere ka Kayonza birukanwe bazira ahanini ikibazo cy’inzara ivugwa mu murenge wa Ndego na Mwiri.