skol
Kigali

Author

Emmy

Sandrine Isheja wakoreraga Kiss FM yagizwe umuyobozi wungirije muri RBA

Isheja Sandrine Butera wari umunyamakuru kuri Radio Kiss FM, yagizwe Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA, aho azaba yungirije Barore...
25 August 2024 Yasuwe: 1079 0

METEO Rwanda yatangaje ko imvura y’umuhindo tugiye kwinjiramo imenze nk’iyaguye mu myaka 30 ishize

Imvura y’umuhindo iteganyijwe mu Rwanda, ni ukuvuga mu mezi atatu ari imbere, ntihabanye n’iyaguye mu myaka 30 ishize nk’uko ibipimo bitangwa n’ Ikigo cy’u Rwanda Gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere Meteo...
23 August 2024 Yasuwe: 3830 0

MINISANTE yatanze impuruza ku cyorezo cya Mpox(Ubushita bw’inkende)

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yatangaje ko bari gukorana n’izindi nzego zose mu gihugu ndetse n’imiryango mpuzamahanga ishinzwe ubuzima kugira ngo icyorezo cya Mpox giteye impungenge...
23 August 2024 Yasuwe: 1209 0

Djihad na Mutsinzi batangiye nabi ijonjora rya nyuma rya UEFA Conference League

Kryvbas Kryvyi Rih yo mu Cyiciro cya Mbere muri Ukraine ikinamo Bizimana Djihad yatsinzwe na Real Betis yo muri Espagne ibitego 2-0 mu mukino ubanza w’iya kamarampaka muri UEFA Conference...
23 August 2024 Yasuwe: 493 0

MIFOTRA yatangaje ko hari umushinga wo kuvugurura umushahara fatizo inasobanurira abumva ko umushara...

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko umushahara fatizo mushya uri kwigwaho utazatangazwa ugamije kongera amafaranga abakozi basanzwe bahembwa nk’uko bamwe...
23 August 2024 Yasuwe: 1665 0

Israel yagabye ibitero 10 bikomeye by’indege muri Liban

Israel yatangaje ko Igisirikare cyayo cyagabye igitero cy’indege z’intambara ku birindiro bya Hezbollah mu turere dusaga 10 dutandukanye two mu majyepfo ya...
22 August 2024 Yasuwe: 823 0

APR FC yakubise hasi ibiciro by’amatike ku mukino izakiramo Azam FC kuri uyu wa Gatandatu kuri Sitade...

Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC, bwakubise ibiciro hasi ku bifuza kuzareba umukino wo kwishyura uzayihuza na Azam FC mu mikino y’ijonjora ry’ibanze ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo muri Afurika,...
22 August 2024 Yasuwe: 1191 0

Intumwa za Congo n’iz’u Rwanda zongeye guhurira muri Angola

Ibihugu by’u Rwanda na Congo bikomeje gushakisha icyatuma umubano wabyo usubirana nyuma yo kuzamo ibihato bitewe n’uko buri gihugu gishinja ikindi kubangamira umutekano...
21 August 2024 Yasuwe: 1520 0
0 | 10 | 20 | 30 | 40 | 50 | 60 | 70 | 80 | ... | 510