Perezida Paul Kagame yavuze ko igihe kinini yamaze atagaragara mu ruhame, abantu bagatangira kugira impungenge ku buzima bwe, byatewe n’uko yari yarafashe umwanya wo kuruhuka no kumarana igihe...
Ibitero bya Amerika byasenye ikiraro kinini cyitwa Bridge 1 giherereye mu Mujyi wa Karaj, ndetse iki kiraro kibarirwa mu bikorwaremezo by’ibanze mu gace.
Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko imvugo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zivuga ko AFC/M23 ari yo igaba ibitero ku Banyamulenge nyamara ibyo bayishinja ari ibikorwa...