skol
Kigali

Author

Emmy

RDC yashyizeho akato k’iminsi 21 kubera Ebola

Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yashyizeho akato k’iminsi 21 ku bagenzi bajya ahandi mu gihugu no mu mahanga bavuye mu turere twibasiwe na Ebola, nyuma yuko abategetsi bo mu...
25 June 2026 Yasuwe: 0 0

Perezida wa Rayon Sports yemeje ko iyi kipe irimo gusezerera ikibazo cy’amikoro anakomoza ku matora

Perezida wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yatangaje ko mu myaka itatu iri imbere iyi kipe izaba nta kibazo cy’amikoro ihura nacyo nkuko byahoze mu myaka ishize.
25 June 2026 Yasuwe: 0 0

Bihinduye isura! Kongere ya Leta Zunze Ubumwe za America yategetse Perezida Trump guhagarika intambara ya Iran

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahuye n’igitutu gikomeye nyuma y’uko Sena ya Amerika yemeje icyemezo gisaba guhagarika ibikorwa bya gisirikare muri Iran cyangwa kubanza...
24 June 2026 Yasuwe: 0 0

Amasezerano mashya ya Skol na Rayon Sports azasiga hatanzwe asaga miliyoni 185RWF mu mwaka umwe

Ikipe ya Rayon Sports n’uruganda rwenga ibinyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa SKOL, byasinyanye amasezerano mashya y’ubufatanye afite agaciro k’asaga miliyoni 185 Frw mu gihe cy’umwaka umwe.
24 June 2026 Yasuwe: 0 0

Gakenke: Umunyeshuri yakubise mwarimu aramukomeretsa bapfuye intebe yo kwicaraho

Umunyeshuri wo Kigo cy’Amashuri cya G.S Cyanika cyo mu Murenge wa Coko mu Karere ka Gakenke, yakomerekeje umwarimu bapfa intebe bombi bashakaga kwicaraho.
24 June 2026 Yasuwe: 0 0

Umurwayi wa mbere wa Ebola yabonetse ku mugabane w’Uburayi

Igihugu cy’u Bufaransa cyatangaje ko umuganga wari umaze gutaha avuye mu butumwa bw’ubutabazi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yapimwe agasanganwa virusi ya Ebola.
24 June 2026 Yasuwe: 0 0

Uko Perezida Tshisekedi yasunikiye Ramaphosa wa Afurika y’Epfo kwegerana n’u Rwanda

Umubano hagati y’u Rwanda na Afurika y’epfo ukomeje kuzahuka nyuma y’imyaka yari ishize harajemo agatotsi ahubwo Afurika y’Epfo igaragara nk’inshuti y’akadasohoka ya Felix Tshisekedi, ibintu...
24 June 2026 Yasuwe: 0 0

Fabiola yahishuye ko atinya abagabo bambara imyenda n’inkweto bihenze

Umukinnyi wa Filime, Fabiola yatangaje ko aterwa ubwoba n’abagabo bakunda gushyira amafaranga menshi mu myambarire ndetse n’uburyo bagaragara muri rubanda kuko akenshi usanga ibi bikurikiwe no...
24 June 2026 Yasuwe: 0 0

Anita Pendo na Mama Sava mu nzira yo guterana ibipfunsi

Anita Pendo usanzwe ari umunyamakuru wa KISS Fm, umuhanga mu kuyobora ibitaramo ndetse no kuvanga imiziki, agiye guhangana na Mama Sava wamamaye muri sinema y’u Rwanda, mu mukino w’iteramakofe.
24 June 2026 Yasuwe: 0 0

Byagenda gute Yugi Umukaraza aramutse ahamwe n’icyaha cyo gusambanya ku gahato? Icyo amategeko avuga

Mu ruganda rw’imyidagaduro inkuru iza imbere ni iya Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo na Iradukunda Aimable uzwi nka Yugi Umukaraza watawe muri yombi akaba afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya...
24 June 2026 Yasuwe: 0 0