Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC) yashyizeho akato k’iminsi 21 ku bagenzi bajya ahandi mu gihugu no mu mahanga bavuye mu turere twibasiwe na Ebola, nyuma yuko abategetsi bo mu...
Perezida wa Rayon Sports, Murenzi Abdallah, yatangaje ko mu myaka itatu iri imbere iyi kipe izaba nta kibazo cy’amikoro ihura nacyo nkuko byahoze mu myaka ishize.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yahuye n’igitutu gikomeye nyuma y’uko Sena ya Amerika yemeje icyemezo gisaba guhagarika ibikorwa bya gisirikare muri Iran cyangwa kubanza...
Umunyeshuri wo Kigo cy’Amashuri cya G.S Cyanika cyo mu Murenge wa Coko mu Karere ka Gakenke, yakomerekeje umwarimu bapfa intebe bombi bashakaga kwicaraho.
Anita Pendo usanzwe ari umunyamakuru wa KISS Fm, umuhanga mu kuyobora ibitaramo ndetse no kuvanga imiziki, agiye guhangana na Mama Sava wamamaye muri sinema y’u Rwanda, mu mukino w’iteramakofe.
Mu ruganda rw’imyidagaduro inkuru iza imbere ni iya Mbabazi Shadia uzwi nka Shaddyboo na Iradukunda Aimable uzwi nka Yugi Umukaraza watawe muri yombi akaba afungiye kuri sitasiyo ya RIB ya...