Inzego zitandukanye z’iperereza zo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rigaragaza ko Irani ifite ’umugambi wo kumwica kugirango ihorere General Qassem Soleimani wahoze ari komanda w’umutwe w’ingabo...
Umutwe wa M23 watangaje ko utahita ushyira mu bikorwa ako kanya umwanzuro wumvikanyeho hagati y’u Rwanda na RD Congo wo guhagarika imirwano, usaba leta ya Congo kwemera...
Mu Karere ka Musanze mu nkengero z’igishanga gihuza Imirenge ya Muhoza na Gacaca hari abaturage bagera ku bihumbi bitanu bigabije imirima ya bagenzi babo barayararika, bashakamo amabuye y’agaciro...
Kuva mu ntangiriro z’iki Cyumweru, hirya no hino mu gihugu hari gufungwa insengero zitujuje ibisabwa. Mu Karere ka Musanze honyine hamaze gufungwa insengero hafi 200, ibintu bigaragaza ko mu...
Perezidansi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko Perezida w’iki gihugu, Perezida Tshisekedi Tshilombo ari i Bruxelles mu Bubiligi, aho yagiye kwivuriza indwara...