skol
Kigali

Author

Emmy

Zimbabwe yavuze ku makuru avuga ko yaburijemo umugambi wa Tshisekedi wo kwivugana Kabila

Leta ya Zimbabwe yahakanye amakuru yavuzwe mu cyumweru gishize y’uko yaba yaraburijemo umugambi wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wo kwivugana Joseph Kabila wahoze ayobora icyo gihugu.
25 August 2024 Yasuwe: 2297 0

Israel yagabye igitero cy’indege 100 muri Liban aho ivuga ko yasenye ibisasu 1000 bya Hezbollah

Igisirikare cya Israel cyavuze ko indege zacyo z’intambara zagabye igitero ku bihumbi by’imbunda za rutura zirasa roketi za Hezbollah muri Libani zari ziteguye kurasa mu majyaruguru ya Israel no...
25 August 2024 Yasuwe: 1466 0

Sandrine Isheja wakoreraga Kiss FM yagizwe umuyobozi wungirije muri RBA

Isheja Sandrine Butera wari umunyamakuru kuri Radio Kiss FM, yagizwe Umuyobozi Mukuru Wungirije w’Ikigo cy’Igihugu cy’Itangazamakuru, RBA, aho azaba yungirije Barore Cleophas.
25 August 2024 Yasuwe: 1183 0

METEO Rwanda yatangaje ko imvura y’umuhindo tugiye kwinjiramo imenze nk’iyaguye mu myaka 30 ishize

Imvura y’umuhindo iteganyijwe mu Rwanda, ni ukuvuga mu mezi atatu ari imbere, ntihabanye n’iyaguye mu myaka 30 ishize nk’uko ibipimo bitangwa n’ Ikigo cy’u Rwanda Gishinzwe Ubumenyi bw’Ikirere...
23 August 2024 Yasuwe: 3926 0

MINISANTE yatanze impuruza ku cyorezo cya Mpox(Ubushita bw’inkende)

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yatangaje ko bari gukorana n’izindi nzego zose mu gihugu ndetse n’imiryango mpuzamahanga ishinzwe ubuzima kugira ngo icyorezo cya Mpox giteye impungenge...
23 August 2024 Yasuwe: 1297 0

Djihad na Mutsinzi batangiye nabi ijonjora rya nyuma rya UEFA Conference League

Kryvbas Kryvyi Rih yo mu Cyiciro cya Mbere muri Ukraine ikinamo Bizimana Djihad yatsinzwe na Real Betis yo muri Espagne ibitego 2-0 mu mukino ubanza w’iya kamarampaka muri UEFA Conference League.
23 August 2024 Yasuwe: 520 0

MIFOTRA yatangaje ko hari umushinga wo kuvugurura umushahara fatizo inasobanurira abumva ko umushara uzazamuka

Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko umushahara fatizo mushya uri kwigwaho utazatangazwa ugamije kongera amafaranga abakozi basanzwe bahembwa nk’uko bamwe babikeka.
23 August 2024 Yasuwe: 1830 0

Israel yagabye ibitero 10 bikomeye by’indege muri Liban

Israel yatangaje ko Igisirikare cyayo cyagabye igitero cy’indege z’intambara ku birindiro bya Hezbollah mu turere dusaga 10 dutandukanye two mu majyepfo ya Libani.
22 August 2024 Yasuwe: 945 0