skol
Kigali

Author

Emmy

Umuceri wari waraheze ku mbuga mu Bugarama ugiye kugurwa

Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko umuceri wo mu Kibaya cya Bugarama wari warabuze abaguzi ugiye kugurwa n’Ikigo gikora ubucuruzi bwambukiranya imipaka gifatanyije n’inganda zo mu Bugarama.
18 August 2024 Yasuwe: 917 0

Sheebah Karungi wakoreye igitaramo i Kigali yatahanye agahinda kubera ibyuma

Sheebah Karungi yakoreye igitaramo i Kigali mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, aho yavuye atarangije kuririmba indirimbo ze zose nkuko yari yabigennye bitewe n’uko ibyuma byakomeje kugorana...
18 August 2024 Yasuwe: 1316 0

Kevin Kade yavuze ku ndirimbo ye Sikosa yavugishije benshi itarasohoka

Uwavuga ko indirimbo “Sikosa” ya Kevin Kade, The Ben na Element yabaye isereri mu mitwe ya benshi mbere y’uko isohoka ntiyaba abeshye.
18 August 2024 Yasuwe: 502 0

Amerika ishobora kohereza intwaro zirasa kure muri Ukraine

Leta Zunze Ubumwe za Amerika zishobora kohereza muri Ukraine missile zifite ubushobozi bwo kurasa muri kilometero 370, zikaba zimwe mu zikomeye ziri mu bubiko bw’intwaro bw’icyo gihugu.
18 August 2024 Yasuwe: 700 0

Igitaramo cya Fally Ipupa cyari kubera i Goma cyaburijwemo ku munota wa nyuma

Igitaramo cy’umuhanzi Fally Ipupa, cyari giteganijwe kuri uyu wa gatanu, tariki ya 16 Kanama mu mujyi wa Goma mu gace ka Ihusi (Amajyaruguru ya Kivu), nticyabaye nyuma y’uko aho cyari kubera...
17 August 2024 Yasuwe: 654 0

Indege za Israel zagabye igitero muri Liban zica abantu 10 zinakomeretsa abandi benshi

Minisiteri y’ubuzima ya Libani yavuze ko igitero cy’indege cya Isiraheli mu Majyepfo ya Libani cyahitanye byibuze abantu 10. Ni mu gihe Israel yo yari yavuze ko ingabo zayo zashenye ikigo kibika...
17 August 2024 Yasuwe: 1069 0

APR FC na Police FC zigiye guhabwa asaga miliyoni 65 z’amanyarwanda

Impuzamashyirahamwe y’Umupira w’Amaguru muri Afurika CAF, yemeje ko amakipe azakina amajonjora y’ibanze mu mikino nyafurika uyu mwaka azahabwa ibihumbi 50$ mu rwego rwo gukomeza gukangurira amakipe...
17 August 2024 Yasuwe: 575 0

Gen Muhoozi yishyuje Amerika Miliyari 100$ avuga ko ibereyemo Uganda

Umugaba Mukuru w’ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yishyuje Leta Zunze Ubumwe za Amerika ideni ry’amadolari miliyari 100 (arenga miliyari ibihumbi 134 Frw) ringana n’agaciro k’ubutumwa...
16 August 2024 Yasuwe: 1580 0

Donald Trump yibasiye bikomeye Harris Kamala bahanganye

Donald Trump umaze iminsi yibasira Kamala Harris bari guhanganira ku mwanya wa Perezida, yahishuye impamvu abikora anagaruka ku kuba abona uyu mugore nta bwenge afite bwo kuyobora.
16 August 2024 Yasuwe: 1123 0

Amavubi: Ikipe y’agateganyo izahangana na Libya an Nigeria yahamagawe

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda, Amavubi, yashyize hanze urutonde rw’abakinnyi b’agateganyo bazitabira umwiherero utegura umukino wa Libya na Benin mu gushaka itike y’igikombe cy’Afurika cya 2025.
16 August 2024 Yasuwe: 796 0