skol
Kigali

Author

Emmy

France Mpundu utwite inda y’imvutsi yatunguye benshi ku rubyiniro

France Mpundu yongeye kugarukwaho cyane nyuma yo gutaramira abakurikiye umuhango wo gusoza icyiciro cya kabiri cy’irushanwa “Nouvelle Reine”, aho yagaragaye aririmba atwite inda nkuru, ariko...
7 June 2026 Yasuwe: 0 0

Nyuma y’Ibitero Bishya, Amerika Iri Gutegura Igihano gishya kizababaza Iran bikomeye

Nubwo hari agahenge kari karumvikanyweho hagati y’impande zihanganye mu ntambara iri guhuza Iran na Amerika, umwuka mubi wongeye kwiyongera nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangaje ko...
7 June 2026 Yasuwe: 0 0

Nta muturage ukwiye kwimurwa adahawe ingurane - ababikora bakwiye gukurikiranwa - Dr. Nsengiyumva

Minisitiri w’Intebe Dr Justin Nsengiyumva yongeye kwibutsa ko nta muntu ukwiye kwimurwa adahawe ingurane nk’uko itegeko ribiteganya, ashimangira ko ababigiramo uruhare, umuturage akimurwa nta...
6 June 2026 Yasuwe: 0 0

Min. Nelly Mukazayire asanga igihe kigeze ngo imikino ya Olempike ikinirwe no muri Afurika

Minisitiri wa Siporo, Nelly Mukazayire, yagaragaje ko igihe kigeze kugira ngo ibikorwa bya Olempike birusheho kuba mpuzamahanga by’ukuri, bikagera ku migabane yose y’Isi n’abaturage bayo, aho...
6 June 2026 Yasuwe: 0 0

Ibyo wamenya ku biciro by’ingendo nyuma y’izamuka rikomeye ry’igiciro cya mazutu

Minisiteri y’Ibikorwa remezo yatangaje ko izamuka ry’ibiciro bya Mazutu ritazagira ingaruka ku biciro bisanzwe by’ingendo zo gutwara abantu n’ibintu kuko Leta yashyizemo nkunganire.
6 June 2026 Yasuwe: 0 1

Urukiko rwatesheje agaciro ibyemezo bya Trump ku bimukira baturuka mu bihugu 39

Umucamanza wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje ko ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump bwanyuranyije n’amategeko igihe bwakumiraga abimukira bakomoka mu bihugu 39.
6 June 2026 Yasuwe: 0 0

Abantu 68 batawe muri yombi bari gusengera munsi y’urutare harimo n’abanyeshuri bitegura ikizamini cya Leta

Ku wa Gatanu, tariki ya 5 Kamena 2026, abantu 68 bakomoka mu turere dutandukanye bafatiwe mu bikorwa byo gusengera ahantu hatemewe mu Karere ka Rwamagana, harimo n’ahantu Leta yari yarafunze ndetse...
6 June 2026 Yasuwe: 0 0

Iran na Amerika byongeye kurasana - Iran ivuga icyo izakora Amerika nidahagarika ibitero byayo muri Hormuz

Mu gitondo cyo ku wa 6 Kamena 2026, habaye ubushyamirane bwa gisirikare hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran nyuma y’igihe impande zombi ziri kuganira ku buryo zakemura amakimbirane amaze...
6 June 2026 Yasuwe: 0 0

Rutsiro: Umugabo akekwaho kwica umugore we akamumanika mu mugozi ahetse umwana

Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburengerazuba iri gushakisha umugabo w’imyaka 25 wo mu Karere ka Rutsiro, ukekwaho kwica umugore we babanaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko akamumanika mu...
6 June 2026 Yasuwe: 0 1

Burya ngo igihe umuntu yatereye ubusugi cyangwa ubumanzi bigira ingaruka ku mibereho ye no ku gusaza kwe - UBUSHAKASHATSI

Abahanga bo muri Kaminuza ya Shandong yo mu Bushinwa bakoze ubushakashatsi bwerekana ko imyaka umuntu atangiriraho gukora imibonano mpuzabitsina ishobora kugira aho ihurira n’imiterere y’ubuzima...
5 June 2026 Yasuwe: 0 0