Nubwo hari agahenge kari karumvikanyweho hagati y’impande zihanganye mu ntambara iri guhuza Iran na Amerika, umwuka mubi wongeye kwiyongera nyuma y’uko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zitangaje ko...
Umucamanza wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yemeje ko ubutegetsi bwa Perezida Donald Trump bwanyuranyije n’amategeko igihe bwakumiraga abimukira bakomoka mu bihugu 39.
Ku wa Gatanu, tariki ya 5 Kamena 2026, abantu 68 bakomoka mu turere dutandukanye bafatiwe mu bikorwa byo gusengera ahantu hatemewe mu Karere ka Rwamagana, harimo n’ahantu Leta yari yarafunze ndetse...
Mu gitondo cyo ku wa 6 Kamena 2026, habaye ubushyamirane bwa gisirikare hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran nyuma y’igihe impande zombi ziri kuganira ku buryo zakemura amakimbirane amaze...
Polisi y’u Rwanda ikorera mu Ntara y’Iburengerazuba iri gushakisha umugabo w’imyaka 25 wo mu Karere ka Rutsiro, ukekwaho kwica umugore we babanaga mu buryo bunyuranyije n’amategeko akamumanika mu...
Abahanga bo muri Kaminuza ya Shandong yo mu Bushinwa bakoze ubushakashatsi bwerekana ko imyaka umuntu atangiriraho gukora imibonano mpuzabitsina ishobora kugira aho ihurira n’imiterere y’ubuzima...