Ubuyobozi bw’Akarere ka Rusizi bwatangaje ko umuceri wo mu Kibaya cya Bugarama wari warabuze abaguzi ugiye kugurwa n’Ikigo gikora ubucuruzi bwambukiranya imipaka gifatanyije n’inganda zo mu Bugarama.
Sheebah Karungi yakoreye igitaramo i Kigali mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatandatu, aho yavuye atarangije kuririmba indirimbo ze zose nkuko yari yabigennye bitewe n’uko ibyuma byakomeje kugorana...
Igitaramo cy’umuhanzi Fally Ipupa, cyari giteganijwe kuri uyu wa gatanu, tariki ya 16 Kanama mu mujyi wa Goma mu gace ka Ihusi (Amajyaruguru ya Kivu), nticyabaye nyuma y’uko aho cyari kubera...
Minisiteri y’ubuzima ya Libani yavuze ko igitero cy’indege cya Isiraheli mu Majyepfo ya Libani cyahitanye byibuze abantu 10. Ni mu gihe Israel yo yari yavuze ko ingabo zayo zashenye ikigo kibika...
Donald Trump umaze iminsi yibasira Kamala Harris bari guhanganira ku mwanya wa Perezida, yahishuye impamvu abikora anagaruka ku kuba abona uyu mugore nta bwenge afite bwo kuyobora.