Komisiyo y’Igihugu y’Amatora, NEC, yatangaje ko imyiteguro ya site zizifashishwa mu bikorwa by’Amatora iri kugana ku musozo kuko 90% bya site zose mu Gihugu zamaze gutegurwa mu buryo bwuzuye, mu...
Abaturage batuye mu gace ka Gaza bashinje Israel gukoresha ba mudahusha bayo mu kubarasaho, by’umwihariko abaturage bari kuva mu Mujyi wa Gaza bahunga, aho bari kubahiriza ibwirizwa ryatanzwe...
Guverinoma y’u Rwanda ivuga ko nubwo nta tegeko risaba iki Gihugu gusubiza u Bwongereza amafaranga bwagihaye mu kwitegura abimukira batakije, ariko igihe iki Gihugu cy’i Burayi cyasaba ko hari amwe...
Mu itangazo HEC yanyujije ku rukuta rwayo rwa X yavuze ko gusaba inguzanyo ku banyeshuri barangije amashuri yisumbuye mu mwaka wa 2023 byatangiye taliki ya 9/07/2024 bikazarangira taliki ya...
Minisiteri y’Abakozi ba Leta n’Umurimo yatangaje ko tariki ya 15 n’iya 16 Nyakanga 2024, ari iminsi y’ibiruhuko mu korohereza Abanyarwanda kwitabira ibikorwa by’amatora ya Perezida wa Repubulika...
Rayon Sports yakiriye Prinsse Junior Elenga Kanga, rutahizamu ukomoka muri Congo Brazzaville wakiniraga AS Vita Club yo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya...
Umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Adrien Misigaro ubarizwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yasohoye amashusho y’indirimbo ye nshya yise ’Ya majwi’ yabaye iya kane kuri Album ya...
Ikipe y’igihugu ya Colombia yageze ku mukino wa nyuma mu irushanwa rya Copa Amerika, nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu ya Uruguay igitego kimwe ku busa.