Amerika yatangaje ko ifite icyizere cy’uko u Rwanda ruzaba rwarakuye ingabo zarwo mu burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC) bitarenze hagati mu kwezi gutaha. Ibi...
Abahanga mu bushakashatsi bo muri Kaminuza ya Cambridge yo mu Bwongereza batangaje intambwe nshya bagezeho mu gukora urukingo bifashishije ikoranabuhanga ry’ubwenge bukorano (AI). Uru rukingo...
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Jean Patrick Nduhungirehe, yavuze ko umubano hagati y’u Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika ugeze ku rwego rushimishije kandi ko...
Mu gihe cya vuba, biteganyijwe ko umushinga munini wo kuvugurura no gutunganya ibishanga bitanu byo mu Mujyi wa Kigali uzaba warangiye. Uyu mushinga ugamije guteza imbere ibidukikije, kugabanya...
Abaturage bo muri Libya babarirwa mu magana bigaragambirije ku cyicaro cy’ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe impunzi (UNHCR) mu Mujyi wa Tripoli, basaba abimukira bose kuva mu gihugu cyabo.
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yavuze ko hari amahirwe menshi y’uko igihugu cye n’Iran byagera ku masezerano agamije guhagarika amakimbirane ari hagati y’impande zombi...