Abategura igitaramo cy’urwenya cya Comedy Store, cyari kuzitabirwa n’abahanzi n’ibyamamare barimo Diamond Platnumz, The Ben na Eric Omondi, batangaje ko cyimuriwe ikindi gihe kubera amabwiriza...
Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran zongeye kumvikana ku kongera igihe cy’agahenge kingana n’iminsi 60, mu gihe ibiganiro hagati y’impande zombi bikomeje hagamijwe kugera ku masezerano arambye yo...
Hashize igihe kirenga ibyumweru bibiri bimenyekanye ko Dr. Semwaga Emmanuel wavuriraga indwara z’abagore mu bitaro byigenga bihereye mu Mujyi wa Kigali afunzwe, akurikiranyweho ibyaha bifitanye...
Urukiko Rukuru rwa Nairobi muri Kenya rwafashe icyemezo cyo guhagarika by’igihe gito gahunda ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yo kubaka ikigo kizajya cyakira abantu bakekwaho kuba baranduye icyorezo...