skol
Kigali

Author

Emmy

Habaye impanuka ikomeye cyane y’imodoka yari itwaye lisansi n’iyari itwaye inyanya

Kuri uyu wa 3 tariki ya 7 Kanama 2024, mu karere ka Huye mu Murenge wa Maraba aho bita mu ikorosi ryo kwa Rugiga, habereye impanuka ikomeye aho imodoka yari itwaye inyanya yagonganye n’impodoka...
8 August 2024 Yasuwe: 1727 0

Amakuru mashya: Abahanzi baherutse kugabirwa na Perezida Kagame bari mu byishimo bikomeye - Amafoto

Ukwezi gushize kwa Nyakanga 2024, abahanzi batuye mu karere ka bugesera barimo Thomas Muyombo uzwi nka Tom Close, Butera Jeanne d’Arc uzwi nka Knowless, Rwangabo Nelson uzwi nka Nel Ngabo, Nemeye...
8 August 2024 Yasuwe: 1301 0

Umutoza wa Rayon Sports arifuza rutahizamu w’igikurankota ukomoka muri Uganda

Umutoza wa Rayon Sports, Robertihno akigera muri iyi kipe ya Rayon Sports yatangaje ko iyi kipe idafite abakinnyi cyane cyane ba rutahizamu bashobora kugeza ikipe kure cyangwa ngo babashe guhangana...
8 August 2024 Yasuwe: 867 0

Padiri n’umucungamutungo we bakurikiranweho ubujura bw’asaga miliyari 1RWF

Tariki ya 07 Kanama 2024, Abakozi babiri ba kiliziya gatolika barimo na padiri, barashinjwa kwiba asaga miliyari 1.7 y’amashilingi ya Tanzania [angana na 832, 424, 985 Frw], n’andi agera ku 100,000...
8 August 2024 Yasuwe: 876 0

Abanyarwanda barasabwa kudakuka umutima kubera icyorezo cy’ubushita bw’inkende

Inzego zishinzwe ubuzima zasabye abanyarwanda kudakuka umutima, kuko u Rwanda rwashyizeho uburyo n’ingamba byo gukumira icyorezo cy’Ubushita bw’inkende (Mpox).
8 August 2024 Yasuwe: 565 0

Bugesera: Hagaragaye abarwayi Babiri banduye ubushita bw’inkende

Ubuyobozi bw’Ibitaro bya Nyamata,mu Karere ka Bugesera, butangaza ko hari kuvurirwa abarwayi babiri b’indwara y’ubushita bw’inkende muri 13 bakekwaho iyi ndwara.
6 August 2024 Yasuwe: 1228 0

Nyarugenge: Abana 2 bavukana bateye icyuma undi mwana mugenzi wabo arapfa

Abana babiri b’abahungu basanzwe ari abavandimwe , uw’imyaka 12 n’uwa 16, bo mu karere ka Nyarugenge,bateye icyuma mugenzi wabo w’imyaka 15 , ahita yitaba Imana.
6 August 2024 Yasuwe: 1071 0

APR FC yateye benshi kuyibazaho nyuma yo gutsindwa na Simba SC

Mu mukino wa gicuti wahujwe n’ibirori byo kwerekana abakinnyi Simba SC izifashisha muri uyu mwaka 2024-25, “Simba Day”, ikipe ya APR FC yatsinzwe ibitego 2-0 bituma bamwe mu bakunzi ba yo batangira...
4 August 2024 Yasuwe: 1915 0

Amerika: Kamala ntakozwa ibyo kuganira na Donald Trump

Nyuma yaho Donald Trump yanze kubahiriza gahunda y’ikiganiro mpaka yari yagiranye na Kamala Harris, ubu nawe yamaze gutangaza ko atazitabira icyo yamutumiyemo kuri Fox News.
4 August 2024 Yasuwe: 1639 0

Muhire Kevin yahishuye icyo Rayon Sports yabuze ngo itsinde Azam Fc ku munsi w’igikundiro

Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, Muhire Kevin yavuze ko bakinnye neza ndetse ko ikipe yaguze abakinnyi beza ariko babura rutahizamu nyuma y’uko batsinzwe na Azam FC.
4 August 2024 Yasuwe: 1416 0