Mu ivugururwa rikomeye ry’abayobozi bo mu rwego rw’ubutegetsi ritangiza manda nshya ya politiki ya Uganda ya 2026–2031, Perezida Yoweri Museveni yakuye muri Guverinoma ye abaminisitiri 28 bose hamwe.
Mu birori byo kwizihiza imyaka 25 Polisi y’u Rwanda imaze ishinzwe, Umuyobozi Mukuru wayo, CG Felix Namuhoranye, yavuze ko uru rwego rukomeje gushyira imbaraga mu gukoresha ikoranabuhanga mu rwego...
Uhuru Kenyatta yongeye kwibutsa Abanyakenya ko igihe cy’amatora kiri kugenda cyegereza, abasaba kutazaterwa ubwoba no kwakira amafaranga y’abakandida mu gihe cyo kwiyamamaza, kabone nubwo...