Kuri uyu wa 3 tariki ya 7 Kanama 2024, mu karere ka Huye mu Murenge wa Maraba aho bita mu ikorosi ryo kwa Rugiga, habereye impanuka ikomeye aho imodoka yari itwaye inyanya yagonganye n’impodoka...
Ukwezi gushize kwa Nyakanga 2024, abahanzi batuye mu karere ka bugesera barimo Thomas Muyombo uzwi nka Tom Close, Butera Jeanne d’Arc uzwi nka Knowless, Rwangabo Nelson uzwi nka Nel Ngabo, Nemeye...
Umutoza wa Rayon Sports, Robertihno akigera muri iyi kipe ya Rayon Sports yatangaje ko iyi kipe idafite abakinnyi cyane cyane ba rutahizamu bashobora kugeza ikipe kure cyangwa ngo babashe guhangana...
Tariki ya 07 Kanama 2024, Abakozi babiri ba kiliziya gatolika barimo na padiri, barashinjwa kwiba asaga miliyari 1.7 y’amashilingi ya Tanzania [angana na 832, 424, 985 Frw], n’andi agera ku 100,000...
Mu mukino wa gicuti wahujwe n’ibirori byo kwerekana abakinnyi Simba SC izifashisha muri uyu mwaka 2024-25, “Simba Day”, ikipe ya APR FC yatsinzwe ibitego 2-0 bituma bamwe mu bakunzi ba yo batangira...
Nyuma yaho Donald Trump yanze kubahiriza gahunda y’ikiganiro mpaka yari yagiranye na Kamala Harris, ubu nawe yamaze gutangaza ko atazitabira icyo yamutumiyemo kuri Fox News.
Kapiteni w’ikipe ya Rayon Sports, Muhire Kevin yavuze ko bakinnye neza ndetse ko ikipe yaguze abakinnyi beza ariko babura rutahizamu nyuma y’uko batsinzwe na Azam FC.