skol
Kigali

Author

Emmy

Gen. Muhoozi yemerewe gufunga uwo ari we wese muri Uganda uretse Se na Nyina gusa

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda, Gen Muhoozi Kainerugaba yavuze ko binyuze muri operasiyo yo kurwanya ruswa, afite uburenganzira bwo gufunga umuntu wese muri iki gihugu, uretse se, Perezida...
19 May 2026 Yasuwe: 0 0

AFC/M23 yaba yataye ibirindiro byinshi mu majyepfo y’Idjwi mu gihe hakomeje kuvugwa imirwano ikomeye hagati y’uyu mutwe na FARDC

Abarwanyi ba AFC/M23 baba bataye ibirindiro byinshi mu majyepfo y’Ikirwa cy’Idjwi. Amakuru aturuka mu baturage baho aravuga ko bavuye mu birindiro byinshi bari bafite muri Sheferi ya Ntabuka,...
19 May 2026 Yasuwe: 0 0

Biratangaje! Nubwo Amerika ihora ishotora Ubushinwa ntishobora kubaho itabufite - Ibanga rikomeye rya Wall Street

Iyo abantu bavuga Amerika, benshi bahita batekereza igihugu gikize cyane ku isi, igihugu gifite ikoranabuhanga rikomeye, ingabo zikomeye, ndetse n’isoko ry’imari rya Wall Street rigenzura ubukungu...
19 May 2026 Yasuwe: 0 0

Uganda nayo yafunze umupaka wayo na RDC - U Rwanda rukaza ingamba - Amerika yo yahiye ubwoba kubera Ebola

Ikwirakwira ry’icyorezo cya Ebola mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo no muri Uganda rikomeje guteza impungenge zikomeye mu bihugu byo mu karere no ku rwego mpuzamahanga,...
19 May 2026 Yasuwe: 0 0

Harimo igifungo cy’imyaka 5: Dore ibihano biteganyijwe kuri buri cyaha Yampano akurikiranweho

Ibyaha Yampano akurikiranyweho harimo igifite igifungo cy’imyaka itanu, n’ibifite imyaka ibiri mu gihe yaba abihamijwe n’Urukiko.
18 May 2026 Yasuwe: 0 0

APR FC yegukanye igikombe ariko ntiyahita igihabwa nk’uko byagendekeye Al Hilal. Ese byapfiye he?

Uraranganyije amaso, uvuze ko APR FC itishimiye igikombe cya shampiyona yatwaye, ntabwo waba ubeshye kuko nta kimenyetso na kimwe kibigaragaza.
18 May 2026 Yasuwe: 0 0

Rachel wamamaye muri Gospel wari uherutse gutwikishwa lisansi yapfuye

Umuhanzikazi w’indirimbo zihimbaza Imana wo mu gihugu cya Kenya, Rachel Wandeto uherutse gusukwaho lisansi n’abantu batazwi bakamutwika yapfuye.
18 May 2026 Yasuwe: 0 0

Mozambique: Aho kongera amasezerano n’u Rwanda EU yahishuye ikindi igiye gukora

Umuryango w’Ubumwe bw’ibihugu by’u Burayi (EU) wasabye kongerera ubushobozi Igisirikare cya Mozambique (FADM) mu kurwanya iterabwoba muri Cabo Delgado, ariko kugeza ubu, ntuteganya kongera gutera...
18 May 2026 Yasuwe: 0 0