Umuyobozi mushya w’Umudugudu wa Kateku, mu gace ka Iremya ( Gurupoma ya Ikobo) muri Teritwari ya Walikale, ku wa Gatatu, itariki ya 13 Gicurasi, yishwe na Wazalendo, nyuma y’amasaha 48 gusa...
Yabigarutseho ku wa 14 Gicurasi 2026, mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa CNBC, Hadley Gamble, mu nama ya Africa CEO Forum irimo kubera i Kigali, aho yabajijwe uko abona isi iri guhinduka...
Nyuma y’igihe kigera ku mwaka bihwihwiswa ko Kimenyi Yves watandukanye n’umugore we Muyango Claudine, yaba ari mu munyenga w’urukundo n’umukunzi we mushya, kera kabaye Kimenyi yaje kubyemeza ku...
Raporo y’Ikigo Mpuzamahanga gikora ubushakashatsi ku mahoro cya Stockholm International Peace Research Institute igaragaza ko n’ubwo iyinjizwa ry’intwaro muri Afurika ryagabanutseho 41%, ibihugu...