skol
Kigali

Author

Emmy

Copa America: Amakipe azakina umukino wa nyuma yamenyekanye

Ikipe y’igihugu ya Colombia yageze ku mukino wa nyuma mu irushanwa rya Copa Amerika, nyuma yo gutsinda ikipe y’igihugu ya Uruguay igitego kimwe ku busa.
11 July 2024 Yasuwe: 1183 0

Ibitaravuzwe ku gitero cya FARDC na FDLR ku Rwanda cyaburijwemo na M23

Mbere gato y’uko u Rwanda rwakira Inama y’Abakuru b’ibihugu n’aba za Guverinoma z’ibihugu bikoresha Ururimi rw’Icyongereza (CHOGM), Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zifatanyije...
10 July 2024 Yasuwe: 3800 0

Myugariro w’Amavubi, Mutsinzi Ange agiye gukina Europa League

Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ‘Amavubi’, Mutsinzi Ange ’Jimmy’, yagaragaye ku rutonde rw’abakinnyi Zira FK yo mu Cyiciro cya Mbere muri Azerbaijan izifashisha muri UEFA Europa League.
10 July 2024 Yasuwe: 1641 0

Perezida Kagame yahishuye uko yanze ko we na Rwigema bafungwa na Uganda akava mu kwezi kwa buki igitaraganya

Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame, yahishuye ko Leta ya Uganda yashatse kuburizamo urugamba rw’Ingabo za RPA-Inkotanyi rwo kubohora u Rwanda, binyuze mu gutatanya Abanyarwanda bari...
10 July 2024 Yasuwe: 1887 0

FARDC yaguze ibindi bifaro bishya byo mu bwoko bwa T-55 mu kongera imbaraga zo kurwanya M23

Igisirikare cya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (FARDC), cyaguze ibindi bifaru by’imitamenwa bikorerwa muri Bulgaria byiyongera ku byo cyaguze muri Uganda mu minsi ishize.
10 July 2024 Yasuwe: 1808 0

Ruhango: Umusore yishwe na bagenzi be bavuye mu muhuro

Abagabo bane bo mu Murenge wa Mbuye mu Karere ka Ruhango barakekwa kwicira mugenzi wabo mu muhuro w’Ubukwe.
10 July 2024 Yasuwe: 1714 0

Perezida Kagame yahishuye ibihe bidasanzwe yabanyemo n’imfura ye mu gihe cy’urugamba rwo kubohora u Rwanda

Perezida Paul Kagame yavuze ko mu gihe yari ayoboye urugamba rwo kubohora igihugu, hari iminsi yamaze abana n’imfura ye, Ivan Cyomoro ku Mulindi wa Byumba mu Karere ka Gicumbi, aho yari afite...
10 July 2024 Yasuwe: 1981 0

U Rwanda rwatangaje ko nta gahunda ihari yo gusubiza Ubwongereza amafaranga bwaruhaye ajyanye n’abimukira

Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda wungirije, Alain Mukuralinda, yashimangiye ko u Rwanda rutazasubiza u Bwongereza amafaranga bwaruhaye muri gahunda yo kohereza abimukira binjira muri icyo gihugu...
10 July 2024 Yasuwe: 827 0

Perezida Kagame yavuze ku bihe yasanzemo RPA nyuma y’urupfu rwa Rwigema

Perezida Paul Kagame yavuze ko nyuma y’urupfu rwa Gen. Maj. Fred Rwigema wari uyoboye Ingabo zahoze ari iza RPA zatangije Urugamba rwo kubohora Igihugu, ibintu byarushijeho kuba bibi ku buryo...
10 July 2024 Yasuwe: 617 0

Abagabo: Ibimenyetso 11 byakumenyesha ko urwaye Prostate

Prostate ni agasabo gato gaherereye hafi y’uruhago, gafite inshingano yo kurekura amatembabuzi amwe aherekeza intanga ndetse no kuyabika.
9 July 2024 Yasuwe: 4214 0