skol
Kigali

Author

Emmy

Walikale: Umuyobozi washyizweho na AFC/M23 yishwe naWazalendo

Umuyobozi mushya w’Umudugudu wa Kateku, mu gace ka Iremya ( Gurupoma ya Ikobo) muri Teritwari ya Walikale, ku wa Gatatu, itariki ya 13 Gicurasi, yishwe na Wazalendo, nyuma y’amasaha 48 gusa...
15 May 2026 Yasuwe: 0 0

Ibihano bifatirwa ibihugu bya Afurika ntibikwiye gufatwa nk’ikibazo gusa - Perezida Kagame

Yabigarutseho ku wa 14 Gicurasi 2026, mu kiganiro yagiranye n’umunyamakuru wa CNBC, Hadley Gamble, mu nama ya Africa CEO Forum irimo kubera i Kigali, aho yabajijwe uko abona isi iri guhinduka...
15 May 2026 Yasuwe: 0 0

Mu mafoto reba Ubwiza n’ikimero bya Natasha wigaruriye umutima wa Kimenyi Yves akawibagiza Miss Muyango

Nyuma y’igihe kigera ku mwaka bihwihwiswa ko Kimenyi Yves watandukanye n’umugore we Muyango Claudine, yaba ari mu munyenga w’urukundo n’umukunzi we mushya, kera kabaye Kimenyi yaje kubyemeza ku...
14 May 2026 Yasuwe: 0 0

Umutoza Mashami Vincent yakoze ibyafatwaga nk’ibidashoboka muri Tanzania

Umunyarwanda utoza Dodoma Jiji muri Tanzania, Mashami Vincent yaraye akoze ibikomeye nyuma yo gutsinda Young Africans agaharika imikino 42 yari imaze idatsindwa muri Shampiyona y’iki gihugu.
14 May 2026 Yasuwe: 0 0

Micky yavuze ko atakwemerera umugabo we guhobera undi mugore - IMPAMVU

Umukinnyi wa filime, Micky yatangaje ko atemeranywa n’igitekerezo cy’uko abagore bagomba kureka abagabo bagasabana na buri mugore wese babonye bishingikirije imvugo zidashyigikiwe n’ibizibiti.
14 May 2026 Yasuwe: 0 0

Abafite ubushobozi bwo kutugirira nabi ntibazabaho igihe kirekire - Perezida Kagame ku bihano Amerika yafatiye u Rwanda

Perezida Paul Kagame yavuze ko u Rwanda rutazacika intege kubera ibihano n’igitutu mpuzamahanga, ashimangira ko abafite ubushobozi bwo kugirira abandi nabi batazabaho igihe kirekire cyo kwishimira...
14 May 2026 Yasuwe: 0 0

U Rwanda mu bihugu 10 bya mbere byo munsi y’Ubutayu bwa Sahara bitumiza intwaro nyinshi

Raporo y’Ikigo Mpuzamahanga gikora ubushakashatsi ku mahoro cya Stockholm International Peace Research Institute igaragaza ko n’ubwo iyinjizwa ry’intwaro muri Afurika ryagabanutseho 41%, ibihugu...
14 May 2026 Yasuwe: 0 0

Dore impamvu 10 zituma Ibyo Ukoze Byose Bihomba

Hari abantu bakora cyane buri munsi ariko bagakomeza kubona ibisubizo bibi. Hari abandi batangiza imishinga mishya buri gihe ariko ntigire icyo igeraho. Akenshi ikibazo ntiba ari ukubura ubwenge...
14 May 2026 Yasuwe: 0 0