skol
Kigali

Author

Emmy

Perezida Kagame yagarutse ku rugamba rwo kubohora igihugu n’aho RPA na RPF bakuye icyizere n’imbaraga byo kurutsinda

Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’abanyamakuru n’abakoresha imbuga nkoranyambaga ku ngingo zitandukanye ziganjemo iz’urugamba rwo kubohora igihugu.
9 July 2024 Yasuwe: 493 0

Menya uko wakwivura ‘angine’ ukoresheje ibintu karemano

Umuntu urwaye anjine, uretse kuba yajya kwa muganga bisanzwe, ashobora no gukoresha umuti w’umwimerere akivura anjine, ariko ntakwibagirwa ko imiti y’umwimerere yifashishwa mu kuvura ibimenyetso...
9 July 2024 Yasuwe: 3688 0

Nyuma y’urugendo rutoroshye harimo no kwirukanwa muri Rayon Sports ubu ni umukinnyi w’Amavubi. Byinshi kuri Gitego Arthur

Kuri ubu Gitego Arthur akinira ikipe ya AFC Leopards yo muri Kenya iri mu makipe akomeye muri iki gihugu.
9 July 2024 Yasuwe: 1037 0

Ikigo cya Premier Betting cyari mu bikomeye by’imikino y’amahirwe mu Rwanda cyahagaritswe gukorera mu Rwanda

Ikigo gikora ibijyanye no gutega n’imikino y’amahirwe cya Premier Betting cyari kiri mu biri imbere mu Rwanda, cyahagaritswe, nyuma yuko icyemezo cyacyo cyo gukorera mu Rwanda cyarangiye.
9 July 2024 Yasuwe: 1909 0

Hamenyekanye amakipe n’imikino ya shampiyona 2024/2025 izakinirwa kuri Sitade Amahoro

Nyuma y’uko sitade Amahoro ivuguruwe ikagira ubushobozi bwo kwakira abantu ibihumbi 45 bicaye neza, mu mwaka w’imikino wa 2024-25 izakira imikino ibiri gusa ya shampiyona izahuza Rayon Sports na...
9 July 2024 Yasuwe: 3169 0

Dore amagambo 8 abantu bakoresha bakuryarya ntubimenye

Ijambo kuryarya nta hantu na hamwe rihurira n’ikintu cy’ukuri. Iri jambo rikunze gukoreshwa bitewe n’uko umuntu ari kwitwara kuri mugenzi we, nk’iyo ari kukuryarya afite icyo agushakaho. Muri iyi...
9 July 2024 Yasuwe: 3100 0

U Rwanda rwavuze ku masezerano yarwo n’u Bwongereza ku kohereza abimukira yahagaritswe

Guverinoma y’u Rwanda yatangaje ko yumvise umugambi wa Leta y’u Bwongereza wo guhagarika amasezerano yo gukemura ikibazo cy’abimukira, ko ariko ruzakomeza gutanga umusanzu mu gukemura ikibazo...
9 July 2024 Yasuwe: 982 0

Perezida wa Liberia yagabanyije umushahara we ho 40%

Perezida wa Liberia Joseph Boakai yatangaje ko azagabanya umushahara we ho 40%.
9 July 2024 Yasuwe: 574 0

Ngororero: Inkuba yakubise abantu batanu barapfa

Mu Karere ka ngororero , inkuba yishe abantu batanu bo mu Mirenge itandukanye ya Muhanda, Sovu, na Nyange.
9 July 2024 Yasuwe: 809 0

Ukwiye kwihutira kujya kwa muganga ukibona kimwe muri ibi bimenyetso 6

Ibimenyetso bimwe na bimwe, nko kuribwa cg ububabare butandukanye buba budasobanuye ikintu kinini mu mubiri ariko hari n’ibindi bimenyetso byerekana ko umubiri uri mu kaga.
8 July 2024 Yasuwe: 8179 0