skol
Kigali

Author

Emmy

FARDC n’abo bafatanyije bagabye ibitero simusiga i Kalingi na Bidegu bihitana ubuzima

Kuri uyu wa Gatatu, itariki ya 13 Gicurasi 2026, guhera saa moya za mugitondo kugeza nimugoroba, ingabo z’ihuriro ry’ubutegetsi bwa Kinshasa zagabye ibitero by’urugomo byibasiye uturere dutuwe...
14 May 2026 Yasuwe: 0 0

Abagore: Sobanukirwa ibara ry’imihango yawe ndetse n’igihe ari ngombwa kujya kwa muganga

Kumenya ibara ry’imihango yawe cyangwa andi matembabuzi aturuka mu gitsina cyawe bishobora kugufasha kumenya byinshi bijyanye n’imimerere y’ibiri kukubasho mu myanya yawe myibarukiro.
13 May 2026 Yasuwe: 0 0

Kivu y’Amajyepfo: AFC/M23 irashinja leta gukomeza kwica abasivili amahanga arebera

Itotezwa ry’abasivili muri Sange no mu bice byegeranye rikorwa n’Ihuriro ry’ingabo zirwanira ubutegetsi bwa Kinshasa rirakomeje mu gihe Umuryango Mpuzamahanga ukomeje kuruca ukarumira nk’uko...
13 May 2026 Yasuwe: 0 0

Goma: Banki ya AFC/M23 yatangiye guha abaturage inguzanyo - Icyo bisobanuye ku ntambara iri kurwana na FARDC

Banki ya CADECO yafunguwe na AFC/M23 nyuma y’uko Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yari imaze gufunga amabanki yo mu bice uriya mutwe ugenzura, yatangiye gutanga Serivisi z’imari ku...
13 May 2026 Yasuwe: 0 0

Niba Abantu Bakwanga Cyangwa Bakakugirira Ishyari, Dore Icyo Ukwiye Kwibaza

Hari igihe umuntu agera aho yumva abantu bamuhindukiranye. Ugasanga ibyo ukora byose birimo kuvugwaho, bamwe bakaguca intege, abandi bakagukwiza amagambo cyangwa bakakwereka ko batakwishimiye. Iyo...
13 May 2026 Yasuwe: 0 0

Iran isohoye amakuru ku ntwaro kirimbuzi ashyira igitutu gikomeye kuri Amerika na Israel

Mu gihe ubushyamirane hagati ya Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika bukomeje gufata indi ntera, umudepite Ebrahim Rezaei yatangaje ko igihugu cye gishobora kongera ubuziranenge bwa uranium kugeza...
13 May 2026 Yasuwe: 0 0

Umutoza wa APR FC yakoze urutonde rw’abanyamakuru banga n’abakunda iyi kipe

Umutoza wa APR FC, Talib Abderrahman yanenze abanyamakuru bagiye bavuga ibihuha kuri APR FC bayica intege ariko ko babishaka batabishaka igikombe bazacyegukana.
13 May 2026 Yasuwe: 0 0

APR FC yaba ari yo ntandaro yo kuvuguruzanya hagati ya Rwanda Premier League na FERWAFA ku gikombe cy’uyu mwaka ?

Ubwo Perezida wa FERWAFA yatangazaga ko ikipe izahabwa igikombe ari iyabaye iya mbere hatitawe kuba ari iyo mu gihugu cyangwa iyo muri Sudan, byavugwaga ko mu gihe byaba bibaye APR FC yari guhita...
13 May 2026 Yasuwe: 0 0

Dore ibintu 10 bishobora gutera umugabo ubugumba akuze - Umugabo wese akwiye kwitondera

Mu buzima bwa buri munsi, hari abagabo benshi bakuze bagaragaza impinduka mu mbaraga cyangwa ubushake bw’imibonano mpuzabitsina. Ibi si ibintu byo guterwa ipfunwe gusa, ahubwo akenshi biterwa...
12 May 2026 Yasuwe: 0 0