skol
Kigali

Author

Emmy

AFC/M23 yinjiriye itumanaho rya FARDC ibintu byatumye ibintu bihindura isura ku rugamba

Minisitiri w’Ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Guy Kabombo Muadiamvita, yatangaje ko umutwe wa AFC/M23 wahoboye kwinjira mu itumanaho ry’ingabo za FARDC, umenya ibyo ziri gutegura...
5 May 2026 Yasuwe: 475 0

Hadutse imirwano ikaze cyane mu mujyi wa Uvira

Umujyi wa Uvira uherereye mu ntara ya Kivu y’Amajyepfo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo wongeye kwisanga mu bihe bikomeye by’umutekano muke, nyuma y’ibikorwa byafashwe nk’imbarutso...
5 May 2026 Yasuwe: 772 0

Haba hagiye kuba Coup D’Etat mu Burundi! Intambara mu nzego z’umutekano yongeye kubura nyuma yo kurekurwa kwa Bunyoni

Umwuka mubi n’amakimbirane ukomeje gufata intera mu nzego z’umutekano n’iza politiki mu Burundi muri uyu mwaka wa 2026, aho amakuru atandukanye agaragaza ko igisirikare cy’u Burundi (FDNB) kiri mu...
5 May 2026 Yasuwe: 782 0

AFC/M23 yemeje ko FARDC yagabye igitero karahabutaka muri Lumbishi

Umutwe wa AFC/M23 uravuga ko ihuriro ry’ingabo zirwana ku ruhande rwa Leta ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo kuri uyu wa Mbere tariki ya 4 Gicurasi zagabye igitero gikomeye mu gace ka...
4 May 2026 Yasuwe: 633 0

Twirwaneho ihishuye icyo izakorera Uburundi niburamuka buteye u Rwanda

Colonel Rugabo Fidèle uri mu basirikare bakuru b’umutwe wa Twirwaneho wiyemeje kurengera abanye-Congo bo mu bwoko bw’Abanyamulenge, yateguje ko we na bagenzi be biteguye gutabara u Rwanda mu gihe...
4 May 2026 Yasuwe: 898 0

Ushobora kutabyizera ariko ni ukuri! Ibimenyetso 5 byakwereka ko umukobwa agukunda by’ukuri

Nawe ushobora kuba ujya wibaza niba ushobora kumenya ko umukobwa agukunda by’ukuri ukabiburira igisubizo. Gusa ukuri ni uko hari ibimenyetso byoroheje ushobora kwifashisha ukamenya niba umukobwa...
4 May 2026 Yasuwe: 920 0

Element EleéeH yateguje indirimbo yahuriyemo na Bien na Joshua Baraka

Element EleéeH umaze iminsi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yateguje abakunzi be indirimbo nshya yakoranye n’abahanzi barimo Bien wo muri Kenya na Joshua Baraka wo muri Uganda.
18 April 2026 Yasuwe: 377 0

Perezida Ndayishimiye yavuze ko nubwo Gen. Bunyoni yafunguwe hari ibyo atazigera yemererwa

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yatangaje ko nubwo Gen Alain Guillaume Bunyoni wabaye Minisitiri w’Intebe kuva mu 2020 kugeza mu 2022 yafunguwe, atazidegembya byuzuye kandi ko...
18 April 2026 Yasuwe: 1074 0