Imyumvire ya benshi yemeza ko kubihirwa n’akabariro ku bashakanye ari kimwe mu bituma bashobora gusenya bagahara ibyo bubatse byose, ndetse n’abagumanye bakubaka urudakomeye.
Rayon Sports ni imwe mu makipe make twavuga ajya akora mu jisho ikipe ya APR FC ndetse rimwe na rimwe ikayitwara igikombe. Mu myaka yatambutse ubwo yabaga nta gatege ifite yagiye ibona...
Abagize icyiciro gikuru mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza wagereranya na Sena, kuri uyu wa 4 Werurwe 2024 batoye amavugurura abangamira gahunda ya Guverinoma yo kohereza abimukira mu Rwanda.
Umwe mu ngabo z’u Burusiya yashimiye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden ku bw’imfashanyo y’ibifaru bya Abrams iki gihugu cyahaye Ukraine, kuko yatumye binjiza agahimbazamusyi...