skol
Kigali

Author

Emmy

Abashakanye: Dore impamvu ukwiye kurya pome mbere gato yo gutera akabariro

Imyumvire ya benshi yemeza ko kubihirwa n’akabariro ku bashakanye ari kimwe mu bituma bashobora gusenya bagahara ibyo bubatse byose, ndetse n’abagumanye bakubaka urudakomeye.
8 March 2024 Yasuwe: 3453 0

Icyo ibara ry’inkari risobanuye ku mikorere y’umubiri w’umuntu n’igihe ukwiriye kujya kwa muganga

Umuvuzi kabuhariwe yatagaje ibyo kwitaho igihe umaze kwihagarika, akaba ari ibintu byagufasha kumenya niba uri muzima binyuze mu nkari wihagaritse ukamenya uko utwara ubuzima bwawe.
7 March 2024 Yasuwe: 5217 0

Rayon Sports yabuze ikipe iyisigariraho ipfa guhanyanyaza. Ese byagenze gute ngo yisange irushwa amanota 10 yose?

Rayon Sports ni imwe mu makipe make twavuga ajya akora mu jisho ikipe ya APR FC ndetse rimwe na rimwe ikayitwara igikombe. Mu myaka yatambutse ubwo yabaga nta gatege ifite yagiye ibona...
7 March 2024 Yasuwe: 1259 0

Ese amateka agiye kwisubiramo? Ibisabwa ngo Rayon Sports itware igikombe nk’uko byagenze mu 2019

N’ubwo bitoroshye ariko birashoboka. Mu Gihe Rayon Sports yabikora, yaba abaye amateka yisubiyemo kuko mu 2019, yatsinze iturutse inyuma ikuramo ikinyuranyo cy’amanota 6 yose yayirushaga ubwo...
6 March 2024 Yasuwe: 1677 0

Umukobwa wa Mr. Ibu wavuzweho kumwiba amafaranga yari kumuvuza yakoze igikorwa gitunguranye nyuma y’amasaha make Ibu yitabye Imana

Nyuma y’amasaha make Mr Ibu apfuye, umukobwa we Jasmine , yahinduye amazina ya Tiktok ye ayigira iye.
5 March 2024 Yasuwe: 11652 0

Utuntu duto abantu batazi twangiza igikorwa cyo gutera akabariro hagati y’abashakanye

Iyi nkuru iragufasha kumenya uko wakwitwara mu gikorwa cyo gutera akabariro hagati y’abashanye babiri n’ibishobora kukabangamira.
5 March 2024 Yasuwe: 3321 0

Ubwongereza: Gahunda yo kohereza abimukira mu Rwanda yongeye kuzamo rushorera

Abagize icyiciro gikuru mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Bwongereza wagereranya na Sena, kuri uyu wa 4 Werurwe 2024 batoye amavugurura abangamira gahunda ya Guverinoma yo kohereza abimukira mu Rwanda.
5 March 2024 Yasuwe: 1431 0

Umusirikare w’Uburusiya yasabye Jo Biden kongera ibifaro aha Ukraine kubera impamvu itangaje

Umwe mu ngabo z’u Burusiya yashimiye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Joe Biden ku bw’imfashanyo y’ibifaru bya Abrams iki gihugu cyahaye Ukraine, kuko yatumye binjiza agahimbazamusyi...
4 March 2024 Yasuwe: 2731 0