Umuhanzi Ngenzi Sege uzwi nka Neg G The General yemeye ko hari umusore w’imyaka 30 y’amavuko wamupfiriyeho mu ijoro ryo ku wa 8-9 Mata 2026, nyuma yo kumusura iwe mu rugo i Nyarugenge muri...
Indege yari itwaye Perezida Juvénal Habyarimana na Cyprien Ntaryamira yahanuwe ku mugoroba wo ku wa 6 Mata 1994, igwa mu busitani bw’urugo rwe i Kanombe ari na ho haguye umurambo we.
Perezida wa Uganda, Yoweri Kaguta Museveni, yagaragaje ko hari ibihugu byateye imbere ku buryo bifite ibikorwa bifatika birimo kujya ku Kwezi, mu gihe Abanya-Uganda bo bahugiye mu byo kumansura.
Ihuriro AFC/M23 ryatangaje ko ryohereje intumwa mu biganiro by’amahoro mu Busuwisi ariko ko ingabo za Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo zikomeje kugaba ibitero mu bice rigenzura.
Perezida Paul Kagame yavuze ko igihe kinini yamaze atagaragara mu ruhame, abantu bagatangira kugira impungenge ku buzima bwe, byatewe n’uko yari yarafashe umwanya wo kuruhuka no kumarana igihe...