skol
Kigali

Author

Emmy

Kigali: Hadutse uburyo bushya bwo gucuruza udukingirizo bwiswe Me2U

Mu bice bitandukanye by’Umujyi wa Kigali, ahazwi nko ku ’maseta’ y’abagore n’abakobwa bicuruza (indaya), hadutse uburyo bwo kugurisha agakingirizo kamwe bita ‘Me2U’ aho kugurisha ipaki nk’uko...
18 February 2024 Yasuwe: 1372 0

Dore ingaruka mbi cyane zizakubaho niba ujya usinzira wasamye

Abantu benshi bakunda kuryama ariko bagasinzira basamye gusa abantu ntibamenye neza icyo bivuze ku buzima bwabo. Muri iyi nkuru twifashishije inyandiko zitandukanye mukubategurira amakuru yizewe ku...
18 February 2024 Yasuwe: 1198 0

Umwana ni we wankunze mbere - Umwarimu yiregura ku cyatumye asambanya umwana yigishaga

Uyu mugabo wari usanzwe ari umwarimu akaba yahanishijwe gufungwa imyaka 20 azira guhohotera umwana w’umukobwa w’imyaka 15 yigishaga, yavuze ko uwo mwana w’umukobwa ariwe wamuteze agatego amwihomaho...
18 February 2024 Yasuwe: 2716 0

Dore ibimenyetso 10 byibanze byakwereka ko ushobora kuba utwite mbere y’uko wipimisha

Ikibazo ’Ese naba ntwite?’ kiri mu bikunze kwibazwa kenshi n’ab’igitsina gore bifuza kubyara, cyangwa abatabyifuza nyuma yo gukora imibonano mpuzabitsina idakingiye.
17 February 2024 Yasuwe: 17441 0

Dore ingaruka zikomeye umwana wawe azahura nazo niba atinda cyane kuri telefoni cyangwa television n’icyo wakora ngo ubimurinde

Muri iyi minsi, abana bareba TV cyane ariko kandi benshi bakoresha telephone cyane cyangwa se Ipad. Ibyo muri iyo article turi bwite “screens” Zishobora kuba ari izabo cyangwa ari iz’ababyeyi.
17 February 2024 Yasuwe: 3357 0

Yabanje kuba umufana we - Byinshi ku rukundo rwa Dorcas na Papi Clever

Umuririmbyi Ingabire Dorcas ufatanya n’umugabo we (Papi Clever) umurimo wo kuramya no guhimbaza Imana binyuze mu ndirimbo, yagaragaje ko bimwe mu byo yakundiye Papi Clever harimo ko ari umuntu...
17 February 2024 Yasuwe: 1297 0

Kenya: Umupolisi wari ukuriye igikorwa cyo kohereza abapolisi b’iki gihugu muri Haiti yapfiriye muri USA

Polisi ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatangaje ko ofisiye wa Kenya, Walter Nyamato, wari ugize itsinda ryateguriraga i Washington D.C gahunda yo kohereza abapolisi muri Haiti, yasanzwe mu cyumba...
17 February 2024 Yasuwe: 728 0

Uko byagendekeye umugore watakambiye Perezida Kagame ku mwana we avuga ko yatewe ubumuga n’abaganga

Ubwo Perezida Kagame yari yitabiriye Rwanda Day yabereye i Washington DC tariki ya 2-3 Gashyantare 2024, umwe mu bayitabiriye yamugejejeho ikibazo cy’umwana we wavutse agahita agira ubumuga kubera...
17 February 2024 Yasuwe: 2571 0

Trump yishimiye Putin wavuze ko yiyumvamo Joe Biden kumurusha

Trump yavuze ku magambo aherutse gutangazwa na Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya, ko yiyumvamo Joe Biden kurusha Trump kuko Biden afite uburambe kandi byoroshye kumenya ibyo atekereza. Trump...
16 February 2024 Yasuwe: 1295 0

Kigali: Hagiye gusenywa inzu zigera kuri 42 harimo na zimwe zo kwa Dubai

Ubuyobozi bw’Umujyi wa Kigali bwatangaje ko hafashwe icyemezo cyo gusenya inzu 28 zo mu Mudugudu w’Urukumbuzi ahazwi nko kwa Dubai, ndetse n’izindi 14 zo mu Karere ka Gasabo zubatswe binyuranye...
16 February 2024 Yasuwe: 1826 0