skol
Kigali

Author

Emmy

Gitifu w’Umurenge wa Bugarama afunze azira gutegeka Kwibuka tariki 6 Mata

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB), rwataye muri yombi Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Bugarama mu Ntara y’Iburengerazuba, Ndamyimana Daniel, washakaga ko bibuka tariki 6 Mata...
14 April 2026 Yasuwe: 1582 0

REG yateguje ibura ry’amashanyarazi muri Nyarugenge, Musanze na Rubavu

Sosiyete y’u Rwanda ishinzwe Ingufu, REG yatangaje ko kubera imirimo yo gusana no kwagura imiyoboro y’amashanyarazi no kuyisana hateganyijwe ibura ry’umuriro mu bice bimwe by’imirenge imwe n’imwe...
14 April 2026 Yasuwe: 432 0

Urupfu rwa Habyarimana rwaciye u Bufaransa umugongo, bwihutira gucyura abenegihugu: Uko Opération Amaryllis yateguwe

Mu ijoro ryo ku wa 6 Mata 1994 ubwo Juvénal Habyarimana yari amaze kwicwa ahanuwe mu ndege yari imuvanye mu biganiro by’amahoro bya Arusha muri Tanzania, u Bufaransa bwayoborwaga na François...
12 April 2026 Yasuwe: 620 0

Nyuma y’amasaja 21 yose Intumwa za USA na Iran zatandukanye zinaniwe kumvikana

Intumwa za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Iran zasoje ibiganiro byamaze amasaha 21 byazihurije muri Pakistan, zinaniwe kumvikana ku bijyanye no guhagarika intambara.
12 April 2026 Yasuwe: 997 0

Kwibuka 32: Impamvu y’ubusitani bw’Urwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro

Ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro, hari ubusitani bumaze imyaka ine, butangijwe na Madamu Jeannette Kagame bwiswe Garden of Memory (Ubusitani bw’Urwibutso), mu Karere ka Kicukiro,...
12 April 2026 Yasuwe: 672 0

Ngororero: Umuturage ukekwaho ingengabitekerezo yarogoye ijambo rya Perezida Kagame mu Kwibuka, yibasira abarokotse

Komiseri mu Muryango IBUKA, Manirarora Annoncée, yavuze ko nubwo hashize imyaka 32 Jenoside yakorewe Abatutsi ibaye, hari aho ingengabitekerezo yayo ikigaragara kugeza ubwo mu bikorwa byo gutangira...
11 April 2026 Yasuwe: 2908 0

Tanzania: Diplome cyangwa Impamyabumenyi igiye kujya ikoreshwa nk’ingwate mu kwaka inguzanyo

Minisitiri w’Intebe muri Tanzania, Dr. Mwigulu Nchemba, yagaragaje ko bari hafi gushyiraho itegeko ryo kugira impamyabumenyi [diplôme] umutungo, ikajya itangwa nk’ingwate mu gihe uyifite yifuza...
11 April 2026 Yasuwe: 480 0

Semuhungu Eric yatawe muri yombi

Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha, RIB, rwataye muri yombi Eric Semuhungu gusa ibyo akekwaho ntibyatangajwe kuko ngo byabangamira iperereza.
11 April 2026 Yasuwe: 2191 0

Harris Kamala ugishaka kuba Perezida wa Amerika ashobora kwiyamamaza muri 2028

Kamala Harris wabaye Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuva muri Mutarama 2021 kugeza muri Mutarama 2025, ku ngoma ya Joe Biden, yatangaje ko ashobora kuzongera guhatanira umwanya...
10 April 2026 Yasuwe: 604 0

U Burusiya bukomeje kungukira mu ntambara ya Iran na Amerika

U Burusiya bushobora kwinjiza ayikubye inshuro ebyiri ayo bwari busanzwe bwinjiza avuye mu bucuruzi bw’ibikomoka kuri peteroli akagera kuri miliyari 9$ muri Mata 2026, biturutse ku ntambara Amereka...
10 April 2026 Yasuwe: 1301 0