Hannah Karema Tumukunde wabaye nyampinga wa Uganda mu 2023 ariko unakomoka ku Munyarwandakazi, yaje mu bakobwa 10 ku Isi bafite ubwiza bufite intego muri Miss World 2024.
Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Butaliyani, Antonio Tajani, yavuze ko kuba hafatwa icyemezo cyo kwinjiza Ukraine mu muryango wa NATO, muri iki gihe iri mu ntambara n’u Burusiya, ari...
APR FC yakiriwe na Bugesera FC ariko inanirwa kuyikuraho intsinzi, amakipe yombi anganya 0-0, mu gihe AS Kigali FC yakuye amanota atatu kuri Marines FC ku bitego 2-1.
Umukinnyi wa Rayon Sports y’abagore, Judith Atieno yabuze ubutabazi bwihuse ubwo yagiriraga ikibazo ku kibuga cya Rwinkwavu mu mukino w’umunsi wa 16, wahuje iyi kipe n’Indahangarwa Women FC y’i...
Umuvugizi wungirije wa Guverinoma w’u Rwanda, Alain Mukurarinda, yavuze ko rutandikiye Akanama k’Umutekano ka Loni ruvugira umutwe wa M23, ahubwo ko rwashakaga kugaragaza impungenge ku bikorwa...