Mu ijoro ryo ku wa 6 Mata 1994 ubwo Juvénal Habyarimana yari amaze kwicwa ahanuwe mu ndege yari imuvanye mu biganiro by’amahoro bya Arusha muri Tanzania, u Bufaransa bwayoborwaga na François...
Intumwa za Leta Zunze Ubumwe za Amerika n’iza Iran zasoje ibiganiro byamaze amasaha 21 byazihurije muri Pakistan, zinaniwe kumvikana ku bijyanye no guhagarika intambara.
Ku rwibutso rwa Jenoside rwa Nyanza ya Kicukiro, hari ubusitani bumaze imyaka ine, butangijwe na Madamu Jeannette Kagame bwiswe Garden of Memory (Ubusitani bw’Urwibutso), mu Karere ka Kicukiro,...
Minisitiri w’Intebe muri Tanzania, Dr. Mwigulu Nchemba, yagaragaje ko bari hafi gushyiraho itegeko ryo kugira impamyabumenyi [diplôme] umutungo, ikajya itangwa nk’ingwate mu gihe uyifite yifuza...
Kamala Harris wabaye Visi Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika kuva muri Mutarama 2021 kugeza muri Mutarama 2025, ku ngoma ya Joe Biden, yatangaje ko ashobora kuzongera guhatanira umwanya...
U Burusiya bushobora kwinjiza ayikubye inshuro ebyiri ayo bwari busanzwe bwinjiza avuye mu bucuruzi bw’ibikomoka kuri peteroli akagera kuri miliyari 9$ muri Mata 2026, biturutse ku ntambara Amereka...