skol
Kigali

Author

Emmy

Dore ibintu byagufasha kubyara umuhungu cyangwa umukobwa uko ubyifuza

Abantu benshi bagira amatsiko yo kumenya niba hari uburyo bwabafasha kubyara umuhungu cyangwa umukobwa bitewe n’icyifuzo bafite mu muryango. Hari abifuza kugira umuhungu nk’imfura, abandi bakifuza...
12 May 2026 Yasuwe: 0 0

Bigenda gute kugira ngo umuntu abyare impanga? Ese umuntu ashobora kubyara impanga ku bushake - SOBANUKIRWA

Impanga ni abana babiri cyangwa barenze bavuka icyarimwe. Hari abantu bibaza impamvu bamwe babyara impanga abandi ntibazibyare. Mu by’ukuri, impanga zishobora guterwa n’impamvu zitandukanye zirimo...
12 May 2026 Yasuwe: 0 0

Dore ibintu 10 bituma abantu bagutakariza ikizere ndetse ukaba wabura incuti

Ikizere ni kimwe mu bintu by’ingenzi mu mubano uwo ari wo wose—haba mu kazi, mu muryango, mu nshuti cyangwa mu rukundo. Iyo abantu bakwizeye, biroroha gukorana, kuganira no kugufasha. Ariko kubaka...
12 May 2026 Yasuwe: 0 0

Dore Amagambo 7 abantu bakunze gukoresha bakunnyega wowe ntubimenye

Hari igihe umuntu akubwira ijambo ukumva ni ugusetsa cyangwa kuganira bisanzwe, ariko mu by’ukuri harimo kukunnyega cyangwa kugutesha agaciro. Kenshi abantu bakoresha amagambo asa n’aryoshye...
11 May 2026 Yasuwe: 0 0

Iran yihenuye kuri Donald Trump wavuze ko atishimiye igisubizo yatanze ku mushinga w’amasezerano y’amahoro

Iran yavuze ko nta muntu muri iki gihugu ugamije gushimisha Trump ko icyo bakora ari ugushaka uko uburenganzira bw’Abanya-Iran bwagerwaho. Bati: "Niba Trump atabyishimiye ni byiza kurushaho."
11 May 2026 Yasuwe: 0 0

Kuba AFC/M23 yarekuye bime mu bice yari yarafashe byatangiye kugira ingaruka ku Banyamurenge

Abanyekongo b’Abanyamulenge batangiye guhunga n’amatungo yabo bava mu gace ka Ruzizi nyuma yuko Ihuriro AFC/M23 ritangiye kuva muri aka gace ko muri Kivu y’Epfo, kubera ubwoba ko FARDC n’abambari...
11 May 2026 Yasuwe: 0 0

Donald Trump yariye karungu kubera igisubizo cya Iran ku mushinga w’amasezerano Amerika yayihaye

Iran ivuga ko umushinga wa Amerika wo kurangiza intambara yayishojeho ifatanyije na Israel urimo ibintu byinshi bidafututse.
11 May 2026 Yasuwe: 0 0

Min. Nduhungirehe yasubije Perezida Ndayishimiye wongeye gushinja u Rwanda kugira umugambi mubisha ku Burundi

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga n’Ubutwererane, Amb. Olivier Nduhungirehe yagaragaje ko hari icyo abantu bakwiye kumva mu byatangajwe na Perezida Evariste Ndayishimiye w’u Burundi wemera ko Ingabo...
11 May 2026 Yasuwe: 0 0

AFC/M23 yarekuye uduce 5 yagenzuraga muri Kivu y’Amajyepfo isubira inyuma

Abarwanyi b’umutwe wa AFC/M23 mu mpera z’icyumweru bakuye ibirindiro byabo mu duce twa Sange, Bwegera, Luberizi, Luvungi, Kabunambo n’inkengero zaho bakerekeza mu mujyi wa Kamanyola mu Ntara ya...
11 May 2026 Yasuwe: 0 0

Ese haba hari iminota umugabo ategekwa kumara atera akabariro kugirango ashimishe umugore we? Sobanukirwa

Mu buzima bw’abashakanye cyangwa abakundana, ikibazo abantu benshi bibaza ni iki: “Ese umugabo akwiye kumara iminota ingahe mu gikorwa cy’imibonano mpuzabitsina kugira ngo umugore anyurwe?” Hari...
10 May 2026 Yasuwe: 0 1