Abo mu ishyaka ry’Abademokarate ribarizwamo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika , batangiye kwiga ku nyungu cyangwa igihombo bazagira mu gihe baba baramutse bahombye Joe Biden.
Ni inyigo...
Umunya-Australia Dr. Philip Nitschke, wahimbwe izina rya Dr. Death [Rupfu], arateganya gushyira mu Busuwisi imashini zihuhura abantu baba bashaka gupfa mu gihe gito, nk’uko ikinyamakuru cyo mu...
Ubwo Paul Kagame yimamarizaga i Kayonza kuri iki Cyumweru yavuze ko Kuyobora Abanyarwanda na FPR ntako bisa yongeraho ko Ingorane Abanyarwanda bazinyuzemo ndetse bakaba barazisize inyuma ahasigaye...
Hashize imyaka 5 Camera zo ku mihanda zahawe akabyiniriro ka Sofia zitangiye gukoreshwa ngo hagenzurwe uko abashoferi bubahiriza umuvuduko wagenwe bitewe n’aho bageze.
Gakenke – Ku gicamunsi cyo ku wa 06 Gicurasi 2024, mu Murenge wa Mugunga Akarere ka Gakenke Umusozi witse inzu zirindwi zirarigita izindi 19 biba ngombwa ko abazituye bazikurwamo igitaraganya.
Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Muhima, mu Mudugudu w’Intiganda, mu karere ka Nyarugenge, barataka ko uwo bita’Umunyabubasha’ yabashyize mu manegeka kandi agafunga inzira, bigoranye kugera mu...