skol
Kigali

Author

Emmy

USA: Abademokarate batangiye gutera icyizere Joe Biden uhagarariye iri shyaka mu matora ya Perezida

Abo mu ishyaka ry’Abademokarate ribarizwamo Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika , batangiye kwiga ku nyungu cyangwa igihombo bazagira mu gihe baba baramutse bahombye Joe Biden. Ni inyigo...
8 July 2024 Yasuwe: 1356 0

Impuguke za Loni zavuze icyo zishingiraho zemeza ko Uganda ifasha M23

Nk’uko bisanzwe buri mezi atandatu, impuguke z’Umuryango w’Abibumbye zikorera Akanama gashinzwe Umutekano zatanze raporo yazo ku kibazo cya Repubulika ya Demokarasi ya Congo (DRC)no ku ihuriro ry’...
8 July 2024 Yasuwe: 2326 0

Hakozwe imashini itangaje igiye kujya ifasha abantu gupfa mu gihe gito cyane kandi batababaye na gato

Umunya-Australia Dr. Philip Nitschke, wahimbwe izina rya Dr. Death [Rupfu], arateganya gushyira mu Busuwisi imashini zihuhura abantu baba bashaka gupfa mu gihe gito, nk’uko ikinyamakuru cyo mu...
8 July 2024 Yasuwe: 2942 0

Kayonza: Paul Kagame yongeye gusobanura icyo gutora FPR n’umukandida wayo bivuze

Ubwo Paul Kagame yimamarizaga i Kayonza kuri iki Cyumweru yavuze ko Kuyobora Abanyarwanda na FPR ntako bisa yongeraho ko Ingorane Abanyarwanda bazinyuzemo ndetse bakaba barazisize inyuma ahasigaye...
8 July 2024 Yasuwe: 711 0

Dr. Frank Habineza yavuze uburyo azaca icyo yita umuco wo gufungwa ku maherere

Umukandida w’Ishyaka Riharanira Demokarasi no Kurengera Ibidukikije mu Rwanda, DGPR yemeje ko aramutse atowe yaha indishyi y’akababaro abantu bagiye bafungwa muri 2022 na 2024 nta bimenyetso...
8 July 2024 Yasuwe: 485 0

Polisi y’u Rwanda yasubije abayishinja gushakira amafaranga menshi muri Camera zo ku mihanda aho gufasha abagenzi

Hashize imyaka 5 Camera zo ku mihanda zahawe akabyiniriro ka Sofia zitangiye gukoreshwa ngo hagenzurwe uko abashoferi bubahiriza umuvuduko wagenwe bitewe n’aho bageze.
8 July 2024 Yasuwe: 1668 0

Gakenke: Inzu zirindwi zarigise izindi 19 zimurwamo abantu igitaraganya

Gakenke – Ku gicamunsi cyo ku wa 06 Gicurasi 2024, mu Murenge wa Mugunga Akarere ka Gakenke Umusozi witse inzu zirindwi zirarigita izindi 19 biba ngombwa ko abazituye bazikurwamo igitaraganya.
7 May 2024 Yasuwe: 1941 0

Muhima: Kugera mu rugo birasaba urwego. Abaturage bakomeje kwinubira uwo bavuga ko yabimye inzira igera mu ngo zabo

Bamwe mu baturage bo mu Murenge wa Muhima, mu Mudugudu w’Intiganda, mu karere ka Nyarugenge, barataka ko uwo bita’Umunyabubasha’ yabashyize mu manegeka kandi agafunga inzira, bigoranye kugera mu...
7 May 2024 Yasuwe: 1578 0

Dore ibyago 7 bikomeye biterwa no kutanywa amazi ahagije

Kunywa amazi igihe ufite inyota ntabwo bihagije. Amazi ni ingenzi cyane ku mikorere myiza y’umubiri w’umuntu. Ntabwo rero umuntu ayanywa gusa ari uko agize inyota, ahubwo wakagombye kugira umuco wo...
4 May 2024 Yasuwe: 2637 0

Abagore: Dore ibimenyetso byakugaragariza ko urwaye Kanseri y’udusabo tw’intanga(Ovarian Cancer)

Abahanga bakora ubushakashatsi bwimbitse ku ndwara ya kanseri, burya basanga kanseri ari ikintu kigari cyane kurusha uko abantu benshi babyumva ubu, ese wowe wumva kanseri iyo ariyo yose kugeza...
4 May 2024 Yasuwe: 2412 0