skol
Kigali

Author

Emmy

Kabuga Félicien wakurikiranyweho uruhare...

Kabuga Félicien wakurikiranyweho uruhare rukomeye muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 yapfiriye mu bitaro by’i La Haye mu Buholandi, igihugu yari afungiwemo by’agateganyo mu gihe yari ategereje...
16 May 2026 Yasuwe: 0 0

Aisha wamenyekanye muri Cinema yavuze ku by’urukundo rwavuzwe hagati ye na M. Irene wahamije ko agiye kurushinga na Liliane

Umukinnyi wa filime, Inkindi Aisha yatangaje ko atigeze akundana n’umunyamakuru M.Irene, yemeza ko ari inshuti ye magara.
16 May 2026 Yasuwe: 0 0

Ibyo Ndayishimiye atavuze ku ndege y’u Burundi yaheze muri Espagne

Abarundi bamaze hafi imyaka 10 bategereje indege ya Gulfstream G-IV yaguriwe Perezida w’u Burundi mu mpera za 2016 kugira ngo Evariste Ndayishimiye ajye ayikoresha, aho guhora akodesha.
16 May 2026 Yasuwe: 0 0

Uganda: Inzego z’umutekano zasatse urugo rw’uwari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko

Inzego z’umutekano zirimo abagenzacyaha n’abasirikare, zasatse urugo rwa Anita Annet Among uheruka gusoza manda nka Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, mu iperereza ku byaha akekwaho byo...
16 May 2026 Yasuwe: 0 0

APR FC yegukanye Igikombe cya Shampiyona ku nshuro ya karindwi yikurikiranya

Bidasubirwaho, APR FC yegukanye Igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda ku nshuro ya karindwi yikurikiranya n’icya 24 mu mateka yayo nyuma y’uko Kiyovu Sports inaniwe gutsinda AS Muhanga zanganyije...
16 May 2026 Yasuwe: 0 0

Umunyamakuru M. Irene yateguje ubukwe bwe na Liliane bari mu munyenga w’urukundo - AMAFOTO

Umunyamakuru Murindahabi Irene, yamaze gushyira hanze integuza y’ubukwe bwe na Liliane, umukobwa w’inzozi ze.
16 May 2026 Yasuwe: 0 0

Min. Nduhungirehe yavuze uko umugambi wa Tshisekedi wo kwibasira u Rwanda mu nama ya Afurika n’u Bufaransa wapfubye

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanyomoje amakuru yatangajwe n’Ibiro bya Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, byavugaga ko Perezida Félix...
15 May 2026 Yasuwe: 0 0

Perezida Kagame yavuze ko ibihano n’igitutu Afurika ishyirwaho bidakwiye kuba nk’ikibazo gusa

Perezida Paul Kagame yavuze ko mu gihe isi iri kunyura mu mpinduka zikomeye zirimo gutuma gahunda mpuzamahanga yari isanzweho (world order) igaragara nk’iri gusenyuka, Afurika ikwiye kubifata...
15 May 2026 Yasuwe: 0 0