skol
Kigali

Author

Emmy

Peace Cup Final: Igice cya mbere kirangiye Rayon Sports iyoboye umukino n’igitego 1-0 bwa APR FC

Umukino wa nyuma w’igikombe cy’Amahoro cya 2026 wahuje Rayon Sports na APR FC muri Stade Amahoro kuri uyu wa Gatandatu kuva saa Kumi n’ebyiri z’umugoroba igice cya mbere kirangiye Rayon Sports...
23 May 2026 Yasuwe: 0 0

Ibidasanzwe ku ikanzu ifite agaciro k’arenga miliyoni 16 Frw ya Anita Among yafatiriwe na Leta ya Uganda

Ikanzu y’akataraboneka yambawe na Anita Annet Among wahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko mu muhango w’irahira rya Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu 2026 yakomeje kuvugisha benshi ku...
21 May 2026 Yasuwe: 0 0

Rubavu: Ukekwaho gusambanya umwana w’imyaka 13 amushukishije Jus yatawe muri yombi

Nzabanita Espoir w’imyaka 29, wo mu Mudugudu wa Rurembo, Akagari ka Byahi mu Murenge wa Rubavu, Akarere ka Rubavu, ukekwaho gusambanya umwana w’umukobwa w’imyaka 13 nyuma yo kumushukisha umutobe...
21 May 2026 Yasuwe: 0 0

Putin n’Ubushinwa batangije igisa n’intambara ikomeye kuri Leta zunze Ubumwe za Amerika

Perezida w’Ubushinwa , Xi Jinping, yakiriye Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, mu nama ikomeye yabereye i Beijing, mu rwego rwo kwizihiza imyaka 25 y’amasezerano y’ubufatanye hagati y’ibihugu...
21 May 2026 Yasuwe: 0 0

Perezida Ndayishimiye yirukanye umusirikare ukomeye kubera inkwavu

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yakuye ku mirimo Lt Col Ir. Léonidas Nibigira wari uyoboye ikigo cya Leta gishinzwe ibikorwa by’inyubako, OBUHA, nyuma y’uruzinduko yakoreye ahubakwa...
20 May 2026 Yasuwe: 0 0

Mikel Arteta utarahabwaga amahirwe mu nzira yo gukora ibigwi birenze ibya Arsène Wenger - ihuriro n’itandukaniro

Umutoza wa Arsenal, Mikel Arteta, yongeye kwandikisha amateka mashya mu mupira w’amaguru w’u Bwongereza nyuma yo gufasha iyi kipe kwegukana igikombe cya Premier League nyuma y’imyaka 22 itagitwara.
20 May 2026 Yasuwe: 0 0

U Rwanda na Amerika byasinyanye amasezerano y’ubufatanye mu gukoresha ingufu zisubira(Nikeleyeri)

U Rwanda na Leta Zunze Ubumwe za Amerika byashyize umukono ku masezerano y’ubufatanye mu bijyanye n’ingufu za Nikeleyeri zigamije amahoro, azwi nka Nuclear Cooperation Memorandum of Understanding...
20 May 2026 Yasuwe: 0 0

Perezida Putin nawe yagiye mu Bushinwa nyuma gato ya Perezida Donald Trump

Perezida Vladimir Putin w’u Burusiya yahuriye mu nama i Beijing na Perezida w’u Bushinwa, Xi Jinping, nyuma y’iminsi Perezida Donald Trump wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ahakoreye uruzinduko.
20 May 2026 Yasuwe: 0 0

Icyo wamenya kuri Dosiye ya Yampano! Ibyaha 7 ashinjwa, ibivugwa n’ibtavugwa!

Icyo wamenya kuri Dosiye ya Yampano! Ibyaha 7 ashinjwa, ibivugwa n’ibtavugwa!
19 May 2026 Yasuwe: 0 0