skol
Kigali

Author

Emmy

Perezida Tshisekedi yagiye kwivuza mu Bubirigi indwara itavugwaho rumwe

Perezidansi ya Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yatangaje ko Perezida w’iki gihugu, Perezida Tshisekedi Tshilombo ari i Bruxelles mu Bubiligi, aho yagiye kwivuriza indwara y’umutima.
1 August 2024 Yasuwe: 880 0

Minisitiri Nduhungirehe Olivivier yanenze ibyatangajwe na MONUSCO

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga, Amb. Olivier Nduhungirehe, yanyomoje ubutumwa bwa Loni bwo kubungabunga amahoro muri RDC (MONUSCO) bwatangaje ko iki gihugu n’u Rwanda byasinyanye amasezerano...
1 August 2024 Yasuwe: 570 0

Burundi: Abaucuruza ’Esanse’ mu buryo butemewe barimo guhigishwa uruhindu

Mu gihugu cy’u Burundi by’umwihariko mu Ntara ya Cibitoke, harimo gushakishwa abacuruza ibikomoka kuri Peteroli mu buryo bwa magendu, ku ikubitiro abagera ku icumi bakaba bamaze gutabwa muri yombi.
28 July 2024 Yasuwe: 620 0

Nyagatare: Urupfu rw’umusore wishwe aciwe umutwe rwatumye abaturage bakuka umutima

Umusore wo mu kigero cy’imyaka 19 y’amavuko wakoreraga ubucuruzi buciriritse mu Murenge wa Musheri mu karere ka Nyagatare yishwe n’abagizi ba nabi bamuciye umutwe. Nyuma yo kumwica , urwego...
28 July 2024 Yasuwe: 1564 0

Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye nka Dorimbogo yitabye Imana

Nyiransengiyumva Valentine wamenyekanye nka Dorimbogo ku mbuga nkoranyambaga za hano mu Rwanda, yitabye Imana kuri uyu wa 27 Nyakanga 2024, aguye mu bitaro bya Kibuye, azize uburwayi.
28 July 2024 Yasuwe: 2648 0

"Joe Biden unaniwe ntabwo yari aberanye no kwiyamamariza kuba Perezida" - Trump yibasiye bikomeye Joe Biden wikuye mu matora

Trump wari uhanganye na Perezida Biden mu bikorwa byo kwiyamamariza kuyobora Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yamwihenuyeho bikomeye nyuma yo kubona ko yahagaritse ibyo kwiyamamaza akabiharira Visi...
22 July 2024 Yasuwe: 554 0

Inkindi Aisha yasabye imbabazi nyuma yo kuvuga ko Abagabo batari muri CTU ari amagweja n’ibimonyo

Umukinnyi wa filime, Inkindi Aisha, yasabye imbabazi abagabo ‘yatutse’ nyuma y’iminsi agarukwaho kuri X, ibi bikaba bituruka ku magambo yavuze agaragaza ko umuntu watoranyije abasore bari mu Ishami...
20 July 2024 Yasuwe: 2313 0

Sandra Teta yagizwe umujyana w’umugabo we Weasel mu by’umuziki

Douglas Mayanja [Weasel] uheruka kugirwa Umuyobozi Mukuru w’ibikorwa bya Goodlyfe Music, yahaye umugore we Sandra Teta inshingano zo kumubera Umujyanama mu muziki akajya ategura ibitaramo,...
20 July 2024 Yasuwe: 602 0

Umutoza Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo agiye kugaruka muri Rayon Sports

Umutoza ukomoka mu gihugu cya Brazil, Roberto Oliveira Gonçalves do Carmo wari watoje ikipe ya Rayon Sports muri 2018 akanayifasha gukora amateka ari mu muryango uyimugaruramo.
19 July 2024 Yasuwe: 924 0