Mu mujyi wa Kigali, ubuzima bwakomeza nk’ibisanzwe. Imodoka zatambukaga zihuta, abantu bamwe biruka bava ku kazi, abandi bicaye muri cafés baganira. Hari ku mugoroba wo ku wa Gatanu, igihe izuba...
Ishyamba si ryeru hagati ya Uworizagwira Florien wamamaye nka Yampano n’umukunzi we wamenyekanye nka ‘Vava’. Uyu muhanzi yamushinje kuba yarakuyemo inda yari yaramuteye eshatu ndetse akemeza ko uyu...
Abatavuga rumwe n’ubutegetsi bwa Amerika bo mu ishyaka ry’Aba-Demokarate bashinje Donald Trump ruswa nyuma y’itangazwa ry’amakuru yerekeye ibikorwa bikomeye by’ubucuruzi bw’imigabane ku isoko...
Kuri iki Cyumweru, itariki ya 17 Gicurasi 2026, ahagana saa kumi n’imwe za mu gitondo yibasiye urusengero rw’Itorero rya Shekinah Tabernacle, riyoborwa na Pasiteri Richard Diyoka Nsanguluja,...
Kohereza abashinzwe umutekano kugota urugo ruherereye i Nakasero rw’uwahoze ari Perezida w’Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda, Anita Annet Among byakomeje kuri iki Cyumweru, aho amakuru menshi...
Urujya n’uruza hagati ya Bukavu na Uvira, imijyi ibiri minini yo muri Kivu y’Amajyepfo, rwongeye guhungabana kuva ku wa Gatanu, itariki 15 Gicurasi 2026.
Umunyarwanda Kabuga Félicien wari ukurikiranweho kugira uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yapfuye kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 16 Gicurasi aguye i La Haye mu Buholandi, nyuma...
Kuri uyu wa Gatandatu, itariki 16 Gicurasi 2026, guhera saa moya n’igice z’ijoro kugeza ku isaha ya saa kumi za mu gitondo kuri iki Cyumweru, itariki ya 17 Gicurasi 2026, ihuriro ry’ingabo...