skol
Kigali

Author

Emmy

Ingabo za Uganda ziryamiye amajanja

Inzego z’umutekano za Uganda ziryamiye amajanja, nyuma yo kwakira amakuru y’uko hari abarwanyi bo mu mutwe wa ADF bashobora kuba barinjiye ku butaka bw’iki gihugu mu mpera z’icyumweru gishize.
19 March 2024 Yasuwe: 2326 0

LIVE: Chelsea Vs Leicester | FA Cup 2023-24

Kurikira umupira
17 March 2024 Yasuwe: 845 0

Uburyo Umujyi wa Kigali na Mininfra bakemuye ikibazo cya "Transport" ni nko kurwanya umubyibuho wimura intoboro z’umukandara

Uburyo Umujyi wa Kigali na Mininfra bakemuye ikibazo cya "Transport" ni nko kurwanya umubyibuho wimura intoboro z’umukandara🙄Kongera imodoka zidafite aho zinyura bizakemura iki? Tubane mu kiganiro?
14 March 2024 Yasuwe: 1382 0

Netanyahu yavuze ko azakomeza guhiga bukware Hamas atitaye ku gisibo cya Ramadhan

Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yongeye gushimangira umugambi we wo kurandura umutwe wa Hamas muri Gaza, atitaye ku gitutu cy’amahanga ashaka ko ahagarika intambara ndetse...
13 March 2024 Yasuwe: 788 0

Buruse ku bifuza kwiga ibyo kuyobora indege

Ikigo Nyafurika gishinzwe umutekano no kuyobora ingendo z’indege (ASECNA), Ishami ry’u Rwanda, cyageneye buruse abifuza kwiga amasomo yo kuyobora indege mu ishuri nyafurika ry’ubumenyi bw’ikirere...
13 March 2024 Yasuwe: 2012 0

Abakinnyi ba Dynamo BBC baririye Perezida Ndayishimiye biba iby’ubusa

Abakinnyi ba Dynamo BBC iheruka gukurwa mu mikino ya BAL 2024, batakambiye Perezida w’u Burundi, Ndayishimiye Evariste, bamusaba kubemerera kwambara imyambaro yemewe bagakomeza irushanwa ariko biba...
13 March 2024 Yasuwe: 1320 0

Icyo APR FC yasubije abavuga ko iri inyuma y’ihindurwa ry’amasaha y’umukino wayo na Rayon Sports

Umutoza w’ikipe ya APR FC, Umufaransa Thierry Froger yatangaje ko abaye ari uhitamo yotaranya ko umukino uzabahuza na Rayon Sports waba saa Kumi n’Ebyiri z’umugoroba kuko ari bwo amakipe akina neza...
8 March 2024 Yasuwe: 857 0

Putin yatangaje impamvu Uburusiya budashobora gusubira mu muryango wa G7

Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin yatangaje ko ibyo gusubira mu muryango w’ibihugu bikize ku Isi, G7 atabikozwa kuko n’ubusanzwe ibyo bihugu bititaga ku nyungu z’igihugu ayoboye.
8 March 2024 Yasuwe: 1158 0

Mu buryo butangaje, umukecuru yakijijwe na Lionel Messi ubwo yari agiye kwicwa na Hamas

Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Lionel Messi, yakijije umukecuru bakomoka hamwe wari ugiye kwicwa n’abarwanyi ba Hamas.
8 March 2024 Yasuwe: 1843 0