Inzego z’umutekano za Uganda ziryamiye amajanja, nyuma yo kwakira amakuru y’uko hari abarwanyi bo mu mutwe wa ADF bashobora kuba barinjiye ku butaka bw’iki gihugu mu mpera z’icyumweru gishize.
Minisitiri w’Intebe wa Israel, Benjamin Netanyahu, yongeye gushimangira umugambi we wo kurandura umutwe wa Hamas muri Gaza, atitaye ku gitutu cy’amahanga ashaka ko ahagarika intambara ndetse...
Abakinnyi ba Dynamo BBC iheruka gukurwa mu mikino ya BAL 2024, batakambiye Perezida w’u Burundi, Ndayishimiye Evariste, bamusaba kubemerera kwambara imyambaro yemewe bagakomeza irushanwa ariko biba...
Umutoza w’ikipe ya APR FC, Umufaransa Thierry Froger yatangaje ko abaye ari uhitamo yotaranya ko umukino uzabahuza na Rayon Sports waba saa Kumi n’Ebyiri z’umugoroba kuko ari bwo amakipe akina neza...
Umukinnyi w’ikipe y’igihugu ya Argentine na Inter Miami yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika, Lionel Messi, yakijije umukecuru bakomoka hamwe wari ugiye kwicwa n’abarwanyi ba Hamas.