skol
Kigali

Author

Emmy

Abadepite: RIB na NEC basabye Green Party gusimbuza Umudepite! Hari n’abo muri FPR basimbutse

Abadepite: RIB na NEC basabye Green Party gusimbuza Umudepite! Hari n’abo muri FPR basimbutse
14 August 2024 Yasuwe: 5633 0

Dr. Edouard Ngirente wongeye kugirwa Minisitiri w’intebe w’u Rwanda ni muntu ki?

Mu myaka irindwi amaze muri izi nshingano ashimirwa kuba muri Guverinoma icyuye igihe hashyizwe imbere kubazwa inshingano bidasanzwe ku bagize Guverinoma, ndetse abitwaye nabi bagahita bakurwa mu...
14 August 2024 Yasuwe: 1418 0

Ibitero bya Ukraine ku Burusiya byatumye akandi gace gatangaza ibihe bidasanzwe

Guverineri w’akarere ka Belgorod mu Burusiya yatangaje ibihe bidasanzwe, mu gihe Ingabo za Ukraine zinjiye mu cyumweru cya kabiri zitangije ibitero imbere mu Burusiya .
14 August 2024 Yasuwe: 1168 0

Ibyo wamenya ku butaka buri mu ntara y’Uburasirazuba U Rwanda rwahaye Misiri

Leta y’u Rwanda yahaye iya Misiri ubutaka bungana na hegitari 10 bwo gushyiramo icyanya gikora ku bijyanye n’ubwikorezi n’ibikoresho gikorera mu Rwanda.
14 August 2024 Yasuwe: 1080 0

Perezida Kagame yongeye kugira Dr Edouard Ngirente Minisitiri w’Intebe

Perezida Paul Kagame kuri uyu wa Kabiri tariki ya 13 Kanama, yongeye kugirira Dr Edouard Ngirente icyizere cyo kuba Minisitiri w’Intebe w’u Rwanda.
14 August 2024 Yasuwe: 948 0

Perezida Ndayishimiye yavuze ku ibura ry’amadorali na Peteroli mu Burundi atunga agatoki ibigabo bigendera mu ma Jeeps

Kuri uyu wa 12 Kanama ubwo Perezida Ndayishimiye yafunguraga ku mugaragaro inyubako nshya y’ishuri ryisumbuye rya Lycée Buterere riherereye i Bujumbura, yavuze ko amaze igihe akurikirana amakuru...
13 August 2024 Yasuwe: 2043 0

Perezida Ndayishimiye yongeye kwiyama abagereranya Amarundi n’amadorali asobanura uburyo Amarundi atataye agaciro

Perezida w’u Burundi, Evariste Ndayishimiye, yabujije Abarundi kuvuga ko ifaranga ryabo ryatakaje agaciro kuko ngo baba barituka, anyomoza abavuga ko ibikomoka kuri peteroli byabuze mu gihugu cyabo...
13 August 2024 Yasuwe: 562 0

Donald Trump yongeye kwibasira abanye-Congo baba muri Amerika

Donald Trump wabaye Perezida wa 45 wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yongeye kwibasira Abanye-Congo, abita abicanyi bagiye mu gihugu cyabo bavuye muri za gereza.
13 August 2024 Yasuwe: 1531 0

Kigali: Ikoranabuhanga ryatumye amafaranga yagombaga gukoreshwa agabanukaho hafi 1/2. Ibyihariye ku mudugudu wa Mpazi

Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yatangaje ko Umudugudu w’Icyitegererezo wa Mpazi uri kubakwa mu Murenge wa Gitega uzatwara amafaranga make ugereranyije n’indi yubatswe mbere bitewe n’ikoranabuhanga mu...
13 August 2024 Yasuwe: 801 0

Ally Ndangwa wari wibye Shene ya Yago yahishuye icyabimuteye

Ally Ndangwa uherutse guhamywa icyaha cyo kwiba umuyoboro wa YouTube wa Yago TV Show, yashyize umucyo ku cyamuteye gukora iki cyaha, avuga ko yagitewe no kwirukanwa ku kazi atishyuwe.
13 August 2024 Yasuwe: 849 0