Mu mwaka wa 2016, mu matora y’ibanze y’Ishyaka ry’Abarepubulikani (Republican Party) muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, habaye ihangana rikomeye hagati ya Marco Rubio na Donald Trump. Icyo gihe...
Ikipe ya Kiyovu Sports yatangaje ko itanyuzwe n’icyemezo cy’Umujyi wa Kigali cyo guhagarika inkunga wayiteraga, ivuga ko icyo cyemezo gishingiye ku marangamutima aho kuba ku nyungu rusange....
Mu Rwanda, hari imvugo n’amahame bimaze igihe bizwi, ndetse byanashyizwe mu mategeko, bivuga ko umwana uvukiye mu rugo abarwa ku mugabo nyirarwo, nubwo hashobora kubaho impaka ku bijyanye...
Mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki ya 2 Kamena 2026, abaturage bo mu Mudugudu wa Gashinya, Akagari ka Gatwaro, Umurenge wa Rutare mu Karere ka Gicumbi, batangajwe no kumva inkuru y’urupfu...
Umusore w’imyaka hafi 25 y’amavuko wo mu Karere ka Gicumbi yitabye Imana nyuma y’uko bikekwa ko yari yemeye kunywa amacupa atanu y’inzoga ya Uganda Waragi kugira ngo ahabwe amafaranga ibihumbi 30...
Ishyaka PASTEF/Les Patriotes riri ku butegetsi muri Senegal, riyobowe na Ousmane Sonko, ryatangaje ko ritazagira uruhare mu ishyirwaho rya Guverinoma nshya. Ryasobanuye kandi ko nta munyamuryango...