Bruce Melodie yegukanye igihembo cy’umuhanzi ukunzwe cyane mu Karere ka Rubavu, mu birori byo gushimira abahanzi bo muri aka karere bitwaye neza mu mwaka wa 2025-2026.
Perezida Donald Trump yatangaje ko amasezerano agamije guhagarika amakimbirane hagati ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Iran ashobora gusinywa kuri iki Cyumweru, nubwo Iran yo ikomeje kugaragaza...
AG Promoter yongeye kwambika impeta umugore we Micky mu kwizihiza imyaka itatu ishize bakundana, amushimira kuba amukomeza aho yacitse intege no kuba amwereka urukundo nyarwo.
Itsinda rya Vestine na Dorcas rikora indirimbo zo guhimbaza no kuramya Imana ryatangaje ko ritagikomeje gukorana na MIE (Murindahabi Irene Empire), kompanyi yari imaze igihe ibafasha mu micungire...
Urukiko rw’Ikirenga rwafashe icyemezo ku kirego cyatanzwe na Mironko François Xavier, wasabaga ko ingingo ya 81 y’itegeko rigenga imiburanishirize y’imanza zimwe na zimwe ikurwaho kuko yavugaga ko...
Umunyamideli w’icyamamare Zari Hassan, uzwi cyane nka The Boss Lady, yatangaje ko we n’umugabo we Shakib Cham Lutaaya batakiri kumwe nyuma y’imyaka itanu bari bamaze mu mubano.
Ku wa Kabiri, tariki ya 10 Kamena 2026, Perezida Paul Kagame yashyizeho Bwana Damien Murwanashyaka ku mwanya wa Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, asimbuye Dr Jimmy Gasore wari usanzwe awuriho.