Umuhanzikazi France Mpundu yatangaje ko yitegura kwakira umwana we wa mbere hamwe n’umukunzi we Moctar wo muri Niger, bahuriye mu kiganiro cyamamaye cya The Secret Story gitambuka kuri Canal+ Magic.
Kudahuza RH hagati y’abashakanye ni ikibazo gishobora kugira ingaruka ku nda no ku mwana, ariko si ikibazo gisanzwe gituma abashakanye babura urubyaro. RH ni ikimenyetso kiba ku nsoro zitukura...
Uwabasinga Cedric wamanyekanye nka Cedru mu bijyanye no gutunganya amashusho y’indirimbo z’abahanzi bakomeye mu myaka yo hambere, yambitse impeta inkumi yitwa Ella biyemeje kurushinga.
Leta Zunze Ubumwe za Amerika zatangaje ko zitazakomeza gutanga umusanzu uruta uw’ibindi bihugu mu muryango wo gutabarana wa OTAN, igaragaza ko igihe kigeze ngo ibihugu biwugize byishingikirize ku...
Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda akaba n’umwe mu bayobozi b’icyubahiro ba APR FC, Gen Mubarakh Muganga, yavuze ko APR FC ari ikipe ihatanira ibikombe rero n’iyo biza bitanu bari kubyegukana.
Rutahizamu wa Rayon Sports, Ndikumana Asman yavuze ko Cheikh Djibril Ouattara wa APR FC ari rutahizamu mwiza wakoze akazi gakomeye agahiga ba rutahizamu bari bahanganye.
Umuvugizi wa Guverinoma, Yolande Makolo, yatangaje ko mu cyerekezo u Rwanda rufite cyo gutangira gukoresha ingufu za nucléaire mu bikorwa bya gisivile, rufitemo abafatanyabikorwa batandukanye...
Ikipe ya RSSB Tigers BBC yakoze amateka yo kuba ikipe ya mbere yo mu Rwanda yegukanye irushanwa rya Basketball Africa League (BAL 2026), nyuma yo gutsinda Petro de Luanda yo muri Angola amanota...