skol
Kigali

Author

Emmy

Muhanga: Niyonsaba Emmanuel w’imyaka 30 y’amavuko wakoraga muri Hoteli Saint André yasanzwe mu mu muferege utwara amazi yapfuye

Niyonsaba Emmanuel w’imyaka 30 y’amavuko wakoraga muri Hoteli Saint André mu Karere ka Muhanga yasanzwe mu mu muferege utwara amazi yapfuye, birakekwa ko yishwe.
13 August 2024 Yasuwe: 2190 0

U Rwanda rwahawe ibikoresho bigezweho byifashishwa mu kuvura indwara z’umutima

Leta y’u Rwanda yahawe ibikoresho bigezweho mu buvuzi bw’umutima bifite agaciro ka miliyoni 3.3$ (asaga miliyari 4 Frw). Ibi bikoresho bizifashishwa mu kigo cya “My Heart Centre” kiri kubakwa mu...
13 August 2024 Yasuwe: 354 0

Yolo The Queen ukunze gutigisa imbuga nkoranyambaga yatangaje ko yibarutse

Umunyamideli, Kirenga Phiona wamenyekanye nka “Yolo The Queen” ku mbuga nkoranyambaga, yemeje ko yibarutse umwana w’umuhungu ndetse avuga amazina yamwise.
13 August 2024 Yasuwe: 1439 0

Diyosezi ya Butare yahawe musenyeri mushya

Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika ku Isi bwemeje ko Padiri Yohani Bosiko Ntagungira wari usanzwe ari Padiri Mukuru wa Regina Pacis i Remera muri Arikidiyosezi ya Kigali, ari we mwepiskopi mushya wa...
13 August 2024 Yasuwe: 575 0

Apôtre Gitwaza yari agiye kwicwa kubera umugore wakiriye agakiza

Umushumba Mukuru w’Umuryango Authentic Word Ministries / Zion Temple Celebration Center,Apôtre Dr Paul Gitwaza,yavuze ko hari uwashatse kumuvutsa ubuzima ariko Imana ikinga ukuboko.
12 August 2024 Yasuwe: 2692 0

Nyuma yo gukatirwa azira kwiba Shene ya Youtube ya Yago, Ally yiyemeje gukora ikintu gikomeye

Ndangwa Ally uheruka gukatirwa ashinjwa kwiba Yago Tv Show ,yatangaje ko yiteguye kuvuga ukuri nyuma yo kubona ko Nyarwaya Innocent [Yago] adasobanura imvano y’ibyabye byose.
12 August 2024 Yasuwe: 986 0

Rayon Sports yakiriye rutahizamu wakinnye mu Bufaransa

Rayon Sports yakiriye rutahizamu mushya ukomoka mu gihugu cya Cameroon, Aziz Bassane Koulagna wakinnye mu ikipe y’abatarengeje imyaka 19 ya FC Nante yo mu Bufaransa.
12 August 2024 Yasuwe: 680 0

Yolo The Queen yateye utwatsi ibyo kubyarana na Harmonize

Kirenga Phiona [Yolo The Queen] uri mu bari n’abategarugori bafite imiterere ikurura benshi ku mbuga, yagize icyo avuga ku makuru amaze iminsi avuga ko yabyaranye na Rajab Abdul Kahali [Harmonize].
11 August 2024 Yasuwe: 1088 0

Perezida Kagame yagarutse ku mutekano wo muri RDC, anavuga ku cyizere Abanyarwanda bamufitiye

Perezida Paul Kagame yagarutse ku mutekano muke uri muri Repubilika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko Amahoro atatangwa n’umuntu uturutse ahandi ndetse anavuga ko icyizere Abanyarwanda...
11 August 2024 Yasuwe: 584 0

Perezida Kagame yashimiye abanyarwanda nyuma yo kurahirira kongera kuyobora u Rwanda

Perezida Paul Kagame yarahiriye kuyobora u Rwanda muri manda ye nshya y’imyaka itanu izarangira mu 2029, yongera gushimira Abanyarwanda bamuguriye icyizere ndetse nawe avuga ko yishimiye kubabera...
11 August 2024 Yasuwe: 319 0