Niyonsaba Emmanuel w’imyaka 30 y’amavuko wakoraga muri Hoteli Saint André mu Karere ka Muhanga yasanzwe mu mu muferege utwara amazi yapfuye, birakekwa ko yishwe.
Leta y’u Rwanda yahawe ibikoresho bigezweho mu buvuzi bw’umutima bifite agaciro ka miliyoni 3.3$ (asaga miliyari 4 Frw). Ibi bikoresho bizifashishwa mu kigo cya “My Heart Centre” kiri kubakwa mu...
Ubuyobozi bwa Kiliziya Gatolika ku Isi bwemeje ko Padiri Yohani Bosiko Ntagungira wari usanzwe ari Padiri Mukuru wa Regina Pacis i Remera muri Arikidiyosezi ya Kigali, ari we mwepiskopi mushya wa...
Umushumba Mukuru w’Umuryango Authentic Word Ministries / Zion Temple Celebration Center,Apôtre Dr Paul Gitwaza,yavuze ko hari uwashatse kumuvutsa ubuzima ariko Imana ikinga ukuboko.
Ndangwa Ally uheruka gukatirwa ashinjwa kwiba Yago Tv Show ,yatangaje ko yiteguye kuvuga ukuri nyuma yo kubona ko Nyarwaya Innocent [Yago] adasobanura imvano y’ibyabye byose.
Rayon Sports yakiriye rutahizamu mushya ukomoka mu gihugu cya Cameroon, Aziz Bassane Koulagna wakinnye mu ikipe y’abatarengeje imyaka 19 ya FC Nante yo mu Bufaransa.
Kirenga Phiona [Yolo The Queen] uri mu bari n’abategarugori bafite imiterere ikurura benshi ku mbuga, yagize icyo avuga ku makuru amaze iminsi avuga ko yabyaranye na Rajab Abdul Kahali [Harmonize].
Perezida Paul Kagame yagarutse ku mutekano muke uri muri Repubilika Iharanira Demokarasi ya Congo, avuga ko Amahoro atatangwa n’umuntu uturutse ahandi ndetse anavuga ko icyizere Abanyarwanda...