Umuvugizi wungirije wa Guverinoma w’u Rwanda, Alain Mukurarinda, yavuze ko rutandikiye Akanama k’Umutekano ka Loni ruvugira umutwe wa M23, ahubwo ko rwashakaga kugaragaza impungenge ku bikorwa...
Muri iyi minsi, abana bareba TV cyane ariko kandi benshi bakoresha telephone cyane cyangwa se Ipad. Ibyo muri iyo article turi bwite “screens” Zishobora kuba ari izabo cyangwa ari iz’ababyeyi.
Umuririmbyi Ingabire Dorcas ufatanya n’umugabo we (Papi Clever) umurimo wo kuramya no guhimbaza Imana binyuze mu ndirimbo, yagaragaje ko bimwe mu byo yakundiye Papi Clever harimo ko ari umuntu...