Umugore wa Kanye West, Bianca Censori, aherutse gutungura benshi mu birori bya Grammy Awards 2025, ubwo yatambukaga ku itapi itukura yambaye ikanzu ibonerana cyane, ku buryo bimwe mu bice bye...
Bamwe mu byamamare mu myidagaduro yo mu Rwanda banyuze mu nzira irimo ibimene by’amacupa kugirango babashe kugera ku gasongero. muriyi nkuru mutwemerere turebere hamwe mu mafoto uko bamwe mu...
Mu ijoro ryakeye taliki 2 Gashyantare muri leta zunze ubumwe za amerika mu mujyi wa los angeles haraye hatangiwe ibihembo bya grammy awards byari bitanzwe ku nshuro ya 67. ibi bikaba ari ibihembo...
Nyakwigendera Amb. joseph Habineza ni umwe mu bayobozi bagize igikundiro gihambaye ubwo yari umuyobozi , gusa hari ingingo 10 z’ibintu ushobora kuba utaramenye kuri uyu munyabigwi birimo ko yigeze...
BK Arena yatangaje ko abari baguze amatike yo kujya mu gitaramo Tems yateganya gukorera i Kigali, bagiye gusubizwa amafaranga yabo kuko uyu muhanzi atakiririmbiye mu Rwanda.
Uyu ni umwe mu bahanzi bafite amazina aremereye mu muziki wa Nigeria ndetse na afurika muri rusange, gusa icyo atandukaniyeho na benshi mu bandi bahanzi nuko we yaje mu muziki ataje kuhashakira...