Zahara Marley Jolie-Pitt, umwe mu bana b’ibyamamare Brad Pitt na Angelina Jolie, ari mu rugendo rwo guhindura amazina ye mu buryo bwemewe n’amategeko, aho ashaka gukoresha izina rya Zahara Marley...
Ku wa Mbere, tariki ya 13 Nyakanga 2026, Inteko Ishinga Amategeko ya Hongrie yemeje umushinga w’ivugururwa ry’Itegeko Nshinga ugamije guhagarika manda ya Perezida Tamás Sulyok, mu cyemezo...
Itsinda ry’abanyamategeko bahagarariye bamwe mu baturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, barimo n’abakomoka mu cyahoze ari Katanga, ryagejeje ikirego ku Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha...
Abaturage bo mu Mirenge ya Kagano na Shangi, yo mu Karere ka Nyamasheke, bavuga ko bahangayikishijwe n’ikorwa ry’umuhanda bakoreshaga mu buhahirane no kugeza umusaruro w’ubuhinzi ku masoko, nyuma...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kigiye gukaza ingamba zo kugenzura Umuhora wa Hormuz, aho yavuze ko ubwato bwose bwa Iran n’ubw’abafatanyabikorwa...
Umunyamerika wamamaye ku mbuga nkoranyambaga, Ashton Hall, yasezeranyije The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella ko azongera gusura urugo rwabo mu gihe cy’amezi atandatu ari imbere, nyuma yo gusanga...
Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yavuze ku wa Mbere ko u Bufaransa bwujuje "inshingano yo kongera ubushobozi bwabwo bwa gisirikare" mu ijambo ngarukamwaka ageza ku ngabo z’igihugu. Iri ni ryo...
Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye ku wa Mbere uwahoze ari Perezida Yoon Suk Yeol igifungo cy’imyaka ibiri nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwakira mu buryo bunyuranyije n’amategeko serivisi...