skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Zahara Marley Jolie-Pitt yegereje gukuramo burundu izina rya "Pitt" mu nyandiko zemewe n’amategeko

Zahara Marley Jolie-Pitt, umwe mu bana b’ibyamamare Brad Pitt na Angelina Jolie, ari mu rugendo rwo guhindura amazina ye mu buryo bwemewe n’amategeko, aho ashaka gukoresha izina rya Zahara Marley...
14 July 2026 Yasuwe: 0 0

Perezida Tamás Sulyok yakuwe ku buyobozi n’Inteko Ishinga Amategeko ya Hongrie

Ku wa Mbere, tariki ya 13 Nyakanga 2026, Inteko Ishinga Amategeko ya Hongrie yemeje umushinga w’ivugururwa ry’Itegeko Nshinga ugamije guhagarika manda ya Perezida Tamás Sulyok, mu cyemezo...
14 July 2026 Yasuwe: 0 0

Ubutegetsi bwa RDC bwarezwe muri ICC

Itsinda ry’abanyamategeko bahagarariye bamwe mu baturage ba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, barimo n’abakomoka mu cyahoze ari Katanga, ryagejeje ikirego ku Rukiko Mpuzamahanga Mpanabyaha...
14 July 2026 Yasuwe: 0 0

Abaturage ba Kagano na Shangi bahangayikishijwe n’umuhanda wangiritse ubabuza kugeza umusaruro ku masoko

Abaturage bo mu Mirenge ya Kagano na Shangi, yo mu Karere ka Nyamasheke, bavuga ko bahangayikishijwe n’ikorwa ry’umuhanda bakoreshaga mu buhahirane no kugeza umusaruro w’ubuhinzi ku masoko, nyuma...
13 July 2026 Yasuwe: 0 0

Trump yafatiye Iran ibihano bishya ku Muhora wa Hormuz

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko igihugu cye kigiye gukaza ingamba zo kugenzura Umuhora wa Hormuz, aho yavuze ko ubwato bwose bwa Iran n’ubw’abafatanyabikorwa...
13 July 2026 Yasuwe: 0 0

Ashton Hall yavuze ko azagaruka gusura The Ben na Pamella mu mezi atandatu

Umunyamerika wamamaye ku mbuga nkoranyambaga, Ashton Hall, yasezeranyije The Ben n’umugore we Uwicyeza Pamella ko azongera gusura urugo rwabo mu gihe cy’amezi atandatu ari imbere, nyuma yo gusanga...
13 July 2026 Yasuwe: 0 0

Kenya: Filime the polygamiste yasabiwe guhagarikwa

Umunyapolitiki wo muri Kenya, Geoffrey Mosiria, yasabye ko filime y’uruhererekane The Polygamist ihagarikwa muri icyo gihugu, avuga ko ikwirakwiza ubutumwa bushobora kwangiza indangagaciro...
13 July 2026 Yasuwe: 0 0

Macron ashimangira ko Ubufaransa bwakomeje gushora imari mu gisirikare

Perezida w’u Bufaransa Emmanuel Macron yavuze ku wa Mbere ko u Bufaransa bwujuje "inshingano yo kongera ubushobozi bwabwo bwa gisirikare" mu ijambo ngarukamwaka ageza ku ngabo z’igihugu. Iri ni ryo...
13 July 2026 Yasuwe: 0 0

Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye uwahoze ari Perezida Yoon igifungo cy’imyaka ibiri

Urukiko rwo muri Koreya y’Epfo rwakatiye ku wa Mbere uwahoze ari Perezida Yoon Suk Yeol igifungo cy’imyaka ibiri nyuma yo kumuhamya icyaha cyo kwakira mu buryo bunyuranyije n’amategeko serivisi...
13 July 2026 Yasuwe: 0 0

Thailand: Abantu nibura 27 bapfuye abandi 22 barakomereka cyane mu muriro wadutse mu kabari i Bangkok

Umuriro mwinshi cyane wadutse mu kabari ko mu murwa mukuru Bangkok wa Thailand ku cyumweru, wica abantu nibura 27 naho abandi 22 barakomereka cyane.
13 July 2026 Yasuwe: 0 0