skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ngoma: Abantu 26 bakubiswe n’inkuba , Umwe ahita apfa

Abantu 26 bo mu Murenge wa Gashanda mu Karere ka Ngoma, bakubiswe n’inkuba, umwe ahita apfa abandi bahita bajyanwa kwa muganga.
14 April 2026 Yasuwe: 208 0

Musanze: Abarokotse Jenoside banenga abayobozi n’abihayimana babibye amacakubiri

Abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi bo mu Murenge wa Busogo, Akarere ka Musanze, banenga bamwe mu bayobozi bo mu nzego zahoze ari iza Leta n’abihayimana, bavuga ko bagize uruhare mu kubiba...
14 April 2026 Yasuwe: 132 0

Kinshasa: Abadepite bashaka kweguza Minisitiri w’Umutekano

Abadepite bo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bashaka kweguza Minisitiri w’Umutekano, Jacquemain Shabani Lukoo, kubera kunanirwa kurinda umutekano w’abaturage n’imitungo yabo.
14 April 2026 Yasuwe: 319 0

Britney Spears yijyanye mu kigo ngororamuco

Britney Spears yijyanye mu kigo ngororamuco nyuma y’ukwezi atawe muri yombi akurikiranyweho gutwara imodoka yanyweye ibisindisha anakekwaho gukoresha ibiyobyabwenge.
13 April 2026 Yasuwe: 856 0

‘Opposition’ yo mu Rwanda si ukurwana cyangwa kwangiza ibyo abantu bagezeho -Dr. Frank Habineza

Senateri Dr. Frank Habineza akaba n’Umuvugizi w’Ihuriro ry’Imitwe ya Politiki yemewe mu Rwanda yagaragaje ko mu gihugu hari imitwe ya politiki inyuranye kandi ifite ibitekerezo byigenga igenderaho...
13 April 2026 Yasuwe: 341 0

Perezida wa FERWAFA yahaye ubutumwa bwihariye Abanyarwanda muri ibi bihe byo kwibuka

Perezida w’Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA), Shema Ngoga Fabrice, yatangaje ko Kwibuka ari inshingano z’abanyarwanda kuko umuryango utibuka urazima.
13 April 2026 Yasuwe: 315 0

Muhima: Bifuza ko Saint Famille hakorwa umuganda wo gushaka umubiri w’uwahiciwe muri Jenoside yakorewe abatutsi

Bamwe mu barokotse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994 mu Murenge wa Muhima mu Karere ka Nyarugenge, bavuga ko bifuza ko kuri Saint Famille hakorwa umuganda wo gushakisha umubiri utaraboneka...
13 April 2026 Yasuwe: 719 0

AFC/M23 na RDC barahurira mu biganiro byimuriwe mu Busuwisi

Kuri uyu wa mbere tariki 13 Mata 2026, igihugu cy’Ubusuwisi kirakira icyiciro gishya cy’ibiganiro bikomeye hagati ya Guverinoma ya Kinshasa n’umutwe wa AFC/M23, mu rwego rwo gushakira umuti ikibazo...
13 April 2026 Yasuwe: 537 0

Yatanze imbunda, yica Abatutsi, yitabira inama zayobowe na Habyarimana na Kabuga: Nyirimanzi wicuza ibyo yakoze muri Jenoside

“Iyicwa rya Pasiteri Amoni Iyamuremye ku Kabusunzu aho bamutwikiye mu nzu kandi ari njye wari uyoboye icyo gitero, biri mu byanshenguye. Iyo sura ntabwo ijya imva mu mutwe nubwo nabashije kubonana...
13 April 2026 Yasuwe: 1412 0

Léon XIV agiye gutangira uruzinduko rw’iminsi 10 muri Afurika

Papa Léon XIV agiye gutangira urugendo rwe rwa mbere ku mugabane wa Afurika, rugomba kumara iminsi icumi. Ni uruzinduko atangira kuri uyu wa Mbere muri Algeria mbere yo gukomereza muri Cameroun.
13 April 2026 Yasuwe: 425 0