Umunyarwanda Muhayimana Claude ukurikiranyweho uruhare muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yabwiye urugereko rw’ubujurire rw’Urukiko rwa Rubanda rwa Paris mu Bufaransa ko atamenye niba...
Abasaga 25 bamaze gutangazwa ko bishwe n’inkangu abandi 43 baburirwa irengero muri Leta ya Minas Gerais muri Brazil, nyuma y’imvura nyinshi yaguye kuva ku wa Mbere kugera ku wa Kabiri ku ya 24...
Ikigo gishinzwe kurwanya ibiyobyabwenge muri Tanzania, cyatangaje ko imirambo y’abantu ikurwa mu mahanga ikinjizwa muri iki gihugu izajya ibanza gusakwa, nyuma yo kubona ko ikoreshwa mu bucuruzi...
Inzu yita ku njangwe zidafite aho kuba muri Leta ya Alabama iri kwitegura gushakira aho kuba injangwe idasanzwe ifite amatwi ane imaze kuba ikimenyabose ku mbuga nkoranyambaga.
Inzu y’umuryango w’abantu 5 ya Abizeye Pascaline w’imyaka 40, iri mu Mudugudu w’imiturire w’icyitegererezo wa Bushekeri, mu Kagari ka Buvungira, Umurenge wa Bushekeri, Akarere ka...
Myugariro w’umunya-Maroc ukinira Al-Sadd SC yo muri Qatar, Romain Paul Ghanem Saïss wari umaze imyaka 14 mu kipe y’Igihugu ya Maroc, yatangaje ko yayisezeyemo ndetse aha ikaze abato bazayihamagarwamo.
Ubuyobozi bw’Umurenge wa Shyogwe mu Karere ka Muhanga bwahumurije abaturage batuye mu Midugudu ya Matsinsi na Rwamaraba, Akagari ka Mubuga, ko mu Muganda Rusange usoza ukwezi kwa Gashyantare...
Kara Braxton wabaye umukinnyi ukomeye muri Shampiyona ya Basketball y’abagore muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika (WNBA), akanayitwara inshuro ebyiri, yitabye Imana ku myaka 43.
Umugore wa Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Melania Trump, yakunze indirimbo ya Bad Bunny wangwa n’umugabo we Donald Trump. Ibi byateye impagarara ku mbuga nkoranyambaga kuko abazikoresha...