skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Abanyeshuri basubukuye amasomo y’igihembwe cya Gatatu basabwe kurangwa n’Ubumwe n’Ubupfura

Kuri uyu wa Mbere, abanyeshuri biga mu mashuri abanza ndetse n’ayisumbuye basubukuye amasomo y’Igihembwe cya gatatu cy’amashuri cy’umwaka w’amashuri wa 2025/26.
20 April 2026 Yasuwe: 243 0

Bugesera: Umugabo yatemye umugore we n’umwana w’ukwezi kumwe

Inzego z’umutekano mu Karere ka Bugesera zataye muri yombi umugabo w’imyaka 35 wo mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Mwogo, yishe umugore we w’imyaka 25 n’umwana wabo w’uruhinja rw’ukwezi kumwe,...
20 April 2026 Yasuwe: 1197 0

U Rwanda rwashimiwe kugira imihanda yujuje ubuziranenge

Ubuyobozi bw’Umuhora wa Ruguru bwashimiye u Rwanda ku kugira imihanda yujuje ubuziranenge n’ibisabwa byose ku kigero cya 98%.
20 April 2026 Yasuwe: 481 0

Ku wa 20 Mata 1994: Umunsi Umwamikazi Rosalie Gicanda yishwe

Tariki ya 20 Mata 2026 leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu. Kuri iyi tariki uwari Perezida wa Leta y’abicanyi, Theodore Sindikubwabo...
20 April 2026 Yasuwe: 600 0

Amerika: Umugabo yishe arashe abana umunani barimo barindwi be

Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko witwa Shamar Elkins yishe arashe abana umunani, barindwi muri bo bakaba bari abe. Aba bana biciwe mu Mujyi wa Shreveport, muri Leta ya Louisiana.
20 April 2026 Yasuwe: 444 0

Ibikomoka kuri peteroli bizahenda ariko ntabwo bizabura – MINICOM

Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, Antoine Marie Kajangwe yahumurije Abaturarwanda ko ibikomoka kuri peteroli mu gihugu bizahenda ariko ko bitazabura cyane ko inzego...
20 April 2026 Yasuwe: 346 0

Burundi: Ibimenyetso bigaragaza ko Minisitiri w’Itumanaho ashobora kuba yarishwe biri kwiyongera

Mu gihe Leta y’u Burundi ihamya ko uwabaye Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru kuva muri Kanama 2025 kugeza tariki ya 16 Mata 2026, Gabby Bugaga, yishwe n’impanuka y’imodoka, ibimenyetso...
18 April 2026 Yasuwe: 894 0

Madagascar: Colonel afunzwe akekwaho gushaka kwica Perezida

Ku wa 17 Mata 2026, inzego z’umutekano za Madagascar zataye muri yombi Colonel Patrick Rakotomamonjy, zimushinja gutegura umugambi wo kwica Perezida, Colonel Michaël Randrianirina.
18 April 2026 Yasuwe: 497 0

RUBONEKA SEMANAMA Charles yasabye guhindurirwa amazina akitwa RUBONEKA Charles

RUBONEKA SEMANAMA Charles yasabye guhindurirwa amazina akitwa RUBONEKA Charles mu bitabo byiraga imerere.
17 April 2026 Yasuwe: 155 0

2025: Habaye gatanya 4,479, Kigali iza ku isonga na 1,119

Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare (NISR)cyatangaje ko umwaka ushize wa 2025, muri raporo y’Ibarurishamibare ry’Abaturage mu Rwanda yagaragaje ko habaye gatanya 4,479; aho Umujyi wa Kigali uza ku...
17 April 2026 Yasuwe: 684 0