Ihuriro AFC/M23 ryashimangiye ko ritarebwa na gato n’amasezerano y’amahoro u Rwanda na Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo byasinyiye i Washington D.C muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Abahinzi bibumbiye muri koperative KOPUAIM yo mu Murenge wa Mwiri mu Karere ka Kayonza bahinga ibijumba bavuga ko ubuhinzi bwa gakondo bw’ki gihingwa babuhinduyemo ubuhinzi bugamije ubucuruzi aho...
Eddy Kenzo uri mu bahanzi bakunzwe muri Uganda yashimangiye ko benshi mu barwanya Perezida w’iki gihugu, Yoweri Kaguta Museveni barimo na Robert Kyagulanyi wamenyekanye mu muziki nka Bobi Wine, ari...