Inzego z’umutekano mu Karere ka Bugesera zataye muri yombi umugabo w’imyaka 35 wo mu Karere ka Bugesera mu Murenge wa Mwogo, yishe umugore we w’imyaka 25 n’umwana wabo w’uruhinja rw’ukwezi kumwe,...
Tariki ya 20 Mata 2026 leta y’abicanyi yari ikomeje umugambi wayo mubisha wo gutsemba Abatutsi hirya no hino mu gihugu.
Kuri iyi tariki uwari Perezida wa Leta y’abicanyi, Theodore Sindikubwabo...
Umugabo w’imyaka 31 y’amavuko witwa Shamar Elkins yishe arashe abana umunani, barindwi muri bo bakaba bari abe. Aba bana biciwe mu Mujyi wa Shreveport, muri Leta ya Louisiana.
Umunyamabanga Uhoraho muri Minisiteri y’Ubucuruzi n’Inganda, Antoine Marie Kajangwe yahumurije Abaturarwanda ko ibikomoka kuri peteroli mu gihugu bizahenda ariko ko bitazabura cyane ko inzego...
Mu gihe Leta y’u Burundi ihamya ko uwabaye Minisitiri w’Itumanaho n’Itangazamakuru kuva muri Kanama 2025 kugeza tariki ya 16 Mata 2026, Gabby Bugaga, yishwe n’impanuka y’imodoka, ibimenyetso...
Ku wa 17 Mata 2026, inzego z’umutekano za Madagascar zataye muri yombi Colonel Patrick Rakotomamonjy, zimushinja gutegura umugambi wo kwica Perezida, Colonel Michaël Randrianirina.