skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Iran : Hangijwe ibifite agaciro ka miliyari 270$

Mu gihe ibiganiro bihuza Iran na Leta Zunze Ubumwe z’Amerika bikomeje kuba agatereranzamba, hakomeje kurebwa ibyangijwe n’intambara kugirango hamenyekane indishyi zizahabwa icyo gihugu cyo mu...
16 April 2026 Yasuwe: 593 0

Rubavu: Uwiga muri Kaminuza akurikiranyweho kuvuga ko atemera Jenoside yakorewe Abatutsi

Ndatimana Zebro w’imyaka 20, ukomoka mu Murenge wa Bugarama, Akarere ka Rusizi wiga mu wa mbere muri kaminuza ya UTB ishami rya Rubavu, aganira na mugenzi we babana mu gipangu yamubwiye ko we ibyo...
16 April 2026 Yasuwe: 1290 0

Perezida Kagame yashimye Arsenal yageze muri ½ cya Champions League

Perezida Paul Kagame yashimishijwe n’intambwe Arsenal FC ifitanye ubufatanye n’u Rwanda binyuze muri Visit Rwanda yateye yo kugera muri ½ cya UEFA Champions League, ayifuriza kuzakomeza no mu...
16 April 2026 Yasuwe: 209 0

Nyagatare: Imiryango 177 y’abarokotse Jenoside ntifite amacumbi

Ubuyobozi bwa Ibuka mu karere ka Nyagatare buvuga ko bafite imiryango 177 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ikeneye kubakirwa ikabona amacumbi, kuko kutayagira bibagiraho ingaruka mu mibereho.
15 April 2026 Yasuwe: 271 0

Karongi: Yatawe muri yombi akekwaho kwica mukuru we

Umugabo witwa Niyomugabo Pacifique wo mu Murenge wa Rubengera mu Karere ka Karongi yatawe muri yombi, akekwaho icyaha cyo kwica mukuru we witwa Ntirenganya Callixte w’imyaka 46 nyuma yo kutumvikana...
15 April 2026 Yasuwe: 1079 0

NZIKOBANYANGA Emmanuel yasabye guhindurirwa amazina akitwa RUKUNDO Emmanuel

NZIKOBANYANA Emmanuel yasabye guhindurirwa amazina akitwa RUKUNDO Emmanuel mu bitabo by’irangamimerere.
15 April 2026 Yasuwe: 175 0

Burera: Urubyiruko rurasabwa gukora aho kwishora mu bujura

Bamwe mu babyeyi n’abaturage bo mu Karere ka Burera baragaragaza impungenge batewe n’imyitwarire ya bamwe mu rubyiruko bakomeje kwishora mu bikorwa by’ubujura n’ibindi byaha, aho babasaba guhindura...
15 April 2026 Yasuwe: 664 0

Gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato biri mu byaha bitatu Semuhungu akurikiranyweho

Dosiye ya Semuhungu Eric uherutse gutabwa muri yombi, yagejejwe mu Bushinjacyaha ku wa 14 Mata 2026, aho akurikiranyweho ibyaha bitatu birimo icyo gukoresha undi imibonano mpuzabitsina ku gahato.
15 April 2026 Yasuwe: 646 0

Rubavu: Batatu bafungiwe gutema inka z’umwe mu bagize umuryango wabo

Abantu batatu bo mu muryango wa Ntuyenabo Bernard w’imyaka 32, umwarimu wigisha mu mashuri abanza mu Murenge wa Cyanzarwe, Akarere ka Rubavu, batawe muri yombi bakekwaho gutema inka ze kubera...
15 April 2026 Yasuwe: 757 0

Gatsibo: Umukobwa w’imyaka 21 yatawe muri yombi akekwaho kwiba atoboye inzu

Umukobwa w’imyaka 21 yafatiwe mu iduka (Boutique) iri mu Murenge wa Rugarama mu karere ka Gatsibo,akekwaho kwiba nyuma yo gutobora inzu yacururizwagamo n’umucuruzi .
15 April 2026 Yasuwe: 930 0