skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Ngarambe Romeo yagizwe Umuyobozi Mukuru wa CMA

Ngarambe yatangiye izi nshingano mu gihe uru rwego rukomeje gushyira mu bikorwa gahunda zo kubaka isoko ritajegajega kandi riha bose amahirwe y’ishoramari rirambye kandi rikagira uruhare mu...
2 March 2026 Yasuwe: 491 0

Ingaruka ku muturage w’I Nyarugenge mu gihe inzira ya Hormuz inyuzwamo 20% bya peteroli y’isi yafungwa

Mu gitondo cyo ku wa 02 Werurwe 2026 akagunguru k’ibikomoka kuri peteroli ku isoko ry’Amerika kazamutseho 4% aho kari kugura $69.67. Ku isaha ya saa munani z’igitondo muri Iran Akagunguru ka...
2 March 2026 Yasuwe: 379 0

Ingabo z’u Rwanda zakoze Umuganda muri Jamaica

Itsinda ry’Abahanga mu by’ubwubatsi ry’Ingabo z’u Rwanda (RDF) riri muri Jamaica rifatanyije n’abahanga mu by’ubwubatsi bo mu Ngabo za Jamaica (JDF), bakoze Umuganda ku Kigo cya Blessed Assurance.
2 March 2026 Yasuwe: 148 0

Huye: Hafunguwe ikigo kizajya gihugurirwamo abaganga

Minisitiri w’Ubuzima, Dr. Nsanzimana Sabin, yafunguye ikigo gishinzwe guhugura abakozi bo mu rwego rw’ubuvuzi bo mu Ntara y’Amajyepfo n’igice cy’Uburengerazuba, ku bijyanye n’ubuvuzi, hagamijwe...
2 March 2026 Yasuwe: 117 0

Ikibuga cy’indege cya Kisangani cyongeye kugabwaho igitero cya drones

Ubuyobozi bw’intara ya Tshopo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bwatangaje ko ikibuga mpuzamahanga cy’indege cya Bangoka muri Kisangani cyongeye kugabwaho igitero cya drones ku wa 1...
2 March 2026 Yasuwe: 458 0

Abaromani bakoreshaga amazirantoki nk’umuti- Ubushakashatsi

Abashakashatsi bo muri Turikiya bavumbuye ibisigazwa byerekana ko Abaromani bakoreshaga umwanda ukomeye w’abantu, mu kuvura indwara.
2 March 2026 Yasuwe: 212 0

U Rwanda n’u Buhinde bikomeje gushimangirwa ubufatanye

Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Olivier Nduhungirehe ari i New Delhi mu Buhinde aho yitabiriye inama ya kabiri ya Komisiyo ihoraho ihuriweho n’abahagarariye u Rwanda n’u Buhinde.
2 March 2026 Yasuwe: 91 0

Nyagatare:Rukomo inzu y’ababyeyi bubakiwe yabaye igisubizo ku bahabyarira

Abagana Ikigo Nderabuzima cya Rukomo mu Karere ka Nyagatare barishimira ko bubakiwe inzu y’ababyeyi yatumye abagana iri vuriro bagiye kubyara, n’ababaherekeje basigaye babona serivisi nziza.
28 February 2026 Yasuwe: 164 0

Abangavu barenga 1600 b’i Karongi batewe inda mu myaka itatu ishize

Imibare itangwa n’ubuyobozi bw’Akarere ka Karongi igaragaza mu mirenge 13 igize aka karere mu myaka itatu ishize hagaragaye abangavu 1602 basambanyijwe bagaterwa inda.
28 February 2026 Yasuwe: 206 0

David Guetta yibarutse ubuheta bwe na Jessica

Umufaransa uri mu bakomeye cyane ku Isi wamenyekanye mu kuvanga imiziki, David Guetta yagaragaje ko yishimiye kuba yibarutse umwana w’ubuheta.
28 February 2026 Yasuwe: 208 0