skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Nyabihu: Yagerageje kwiyahura kubera ko batamutekeye umureti

Twizerimana Jean de Dieu w’imyaka 22 wo mu Karere ka Nyabihu arembeye kwa muganga, nyuma y’uko agerageje kwiyahura bitewe n’umujinya bikekwa ko wakuruwe n’uko iwabo banze kumutekera umureti...
12 April 2026 Yasuwe: 1635 0

Papa Léon XIV yikomye ibihangane bikomeje gutiza umurindi intambara ya Iran

Papa Léon XIV yakebuye abayobozi b’ibihugu bishyira hejuru bakiyita ibihangange, ababwira ko bituma intambara irwanwa muri Iran idahoshwa.
12 April 2026 Yasuwe: 766 0

Burundi: Abapolisi bikekwa ko barinda Perezida Ndayishimiye bambuye umuturage miliyoni 15 Fbu

Abapolisi batanu b’u Burundi baherutse gutabwa muri yombi nyuma yo kwambura umuturage witwa Nyandwi Gérard miliyoni 15 Fbu bivugwa ko bari mu bacunga umutekano wa Perezida Evariste Ndayishimiye.
11 April 2026 Yasuwe: 584 0

U Rwanda rwasabye Perezida wa Ghana gushyigikira Mushikiwabo

Minisitiri w’Uburezi, Nsengimana Joseph, yashyikirije Perezida wa Ghana, John Dramani Mahama, ubutumwa bwa Perezida Kagame, bumusaba kuzashyigikira Louise Mushikiwabo ku mwanya w’Umuyobozi wa OIF.
11 April 2026 Yasuwe: 448 0

NESA yatangaje ingengabihe y’ingendo zisubiza abanyeshuri ku mashuri mu gihembwe cya gatatu

Urwego rw’Igihugu rushinzwe Ibizamini bya Leta n’Ubugenzuzi bw’Amashuri, NESA, rwatangaje uko abanyeshuri bazasubira ku mashuri mu gihembwe cya gatatu cy’umwaka w’amashuri wa 2025-2026.
10 April 2026 Yasuwe: 1890 0

Perezida wa Cuba yahigiye guhangana na Trump umuhozaho igitutu

Perezida wa Cuba, Miguel Díaz-Canel, yavuze ko azakomeza guhangana n’igitutu cya Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump umusaba kwegura, avuga ko kwegura bitari mu magambo yabo.
10 April 2026 Yasuwe: 993 0

Toronto yemeye tariki ya 7 Mata nk’umunsi wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi

Umujyi wa Toronto wo mu gihugu cya Canada, watangaje ku mugaragaro ko tariki ya 7 Mata 2026 uzajya wizihizwa nk’umunsi wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda mu 1994, mu rwego rwo...
10 April 2026 Yasuwe: 358 0

Kirehe: Inzu 600 z’abarokotse Jenoside zikeneye gusanwa

Umuryango Uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, Ibuka, wagaragaje ko inzu 600 z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Karere ka Kirehe zikenewe gusanwa nyuma y’uko...
10 April 2026 Yasuwe: 205 0

Perezida Ruto yikomye abayobozi bagiye mu biro bye bambaye nabi

Perezida wa Kenya, William Ruto yatangaje ko abayobozi barimo Guverineri w’Umujyi wa Nairobi bagiye mu birori byabereye mu biro bye bambaye nabi ateguza ko uzabyongera batazajya batuma yinjira.
10 April 2026 Yasuwe: 793 0

Rubavu: Imiryango isaga 480 y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi ikeneye kubakirwa

Ubuyobozi bwa IBUKA mu Karere ka Rubavu bwagaragaje ko mu bibazo bikibangamiye imibereho myiza y’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi, harimo ibyo kubona amacumbi kuko hakiri imiryango 484...
10 April 2026 Yasuwe: 212 0