Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), bakorera i Bangui, i Bria n’i Bossembélé, bibutse ku nshuro ya 32...
Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ku wa 10 Mata 2026, bazahurira mu biganiro by’amahoro bizabera i Islamabad muri Pakistan, nyuma yuko impande zombi zemeranyije agahenge k’ibyumweru...
Abatavuga rumwe na Leta muri Zimbabwe batangaje ko umwuka wa politiki atari mwiza mu gihugu kubera amavugurura mu Itegeko Nshinga azaha abagize Inteko Ishinga Amategeko uburenganzira bwo gutora...
Urukiko rw’Ubujurire rwo mu Bufaransa rwasubitse gahunda yo gusoma umwanzuro w’ubujurire ku ihagarikwa ry’iperereza ku mugore wa Habyarimana Juvénal, Agathe Kanziga, ushinjwa uruhare muri Jenoside...