skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Centrafrique: Ingabo z’u Rwanda zibutse Jenoside yakorewe abatutsi mu 1994

Abasirikare b’u Rwanda bari mu butumwa bw’Umuryango w’Abibumbye bwo kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique (MINUSCA), bakorera i Bangui, i Bria n’i Bossembélé, bibutse ku nshuro ya 32...
8 April 2026 Yasuwe: 238 0

Iran na Amerika bagiye guhurira mu biganiro by’amahoro muri Pakistan

Iran na Leta Zunze Ubumwe za Amerika batangaje ku wa 10 Mata 2026, bazahurira mu biganiro by’amahoro bizabera i Islamabad muri Pakistan, nyuma yuko impande zombi zemeranyije agahenge k’ibyumweru...
8 April 2026 Yasuwe: 159 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’IMITUNGO ITIMUKANWA

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN DAMASCENE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
8 April 2026 Yasuwe: 176 0

Uko umugambi wa Jenoside waturutse kuri Perezida Habyarimana kugeza ushyizwe mu bikorwa

Imyaka 32 irashize kuva habaye Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994, yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa, bigizwemo uruhare n’abari abayobozi mu nzego za politiki n’iza gisirikari, bari...
8 April 2026 Yasuwe: 182 0

Zimbabwe: Hitezwe ivugurura ry’Itegeko Nshinga rizatuma Mnangagwa atinda ku butegetsi

Abatavuga rumwe na Leta muri Zimbabwe batangaje ko umwuka wa politiki atari mwiza mu gihugu kubera amavugurura mu Itegeko Nshinga azaha abagize Inteko Ishinga Amategeko uburenganzira bwo gutora...
8 April 2026 Yasuwe: 173 0

Urukiko rwasubitse gusoma umwanzuro w’ubujurire ku ihagarikwa ry’iperereza kuri Agathe Kanziga

Urukiko rw’Ubujurire rwo mu Bufaransa rwasubitse gahunda yo gusoma umwanzuro w’ubujurire ku ihagarikwa ry’iperereza ku mugore wa Habyarimana Juvénal, Agathe Kanziga, ushinjwa uruhare muri Jenoside...
8 April 2026 Yasuwe: 297 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’IMITUNGO ITIMUKANWA

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me KUBWIMANA Emmanuel ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
8 April 2026 Yasuwe: 197 0

Nta bihano cyangwa ibitutsi byahindanya icyubahiro n’ubunyangamugayo bwa RDF- Perezida Kagame

Perezida Paul Kagame yatangaje ko ingabo z’u Rwanda (RDF) n’izindi nzego z’umutekano zarwo zifite icyubahiro n’ubunyangamugayo zikesha imyitwarire myiza, kandi ko bidashobora guhindurwa n’ibihano...
7 April 2026 Yasuwe: 587 0

MINUBUMWE yerekanye ibikorwa biteganyijwe mu cyumweru cy’Icyunamo

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, MINUBUMWE, yagaragaje ibikorwa biteganyijwe mu Cyumweru cy’icyunamo, ishimangira ko ibikorwa byose n’indi mirimo byemerewe gukomeza...
7 April 2026 Yasuwe: 1178 0

Guterres yeretse amahanga ko kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi bijyana no kurwanya urwango n’ibiruhembera

Umunyamabanga Mukuru w’Umuryango w’Abibumbye, Antonio Guterres, yasabye umuryango mpuzamahanga gukura amasomo kuri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 kugira ngo amateka nk’aya atazasubira.
7 April 2026 Yasuwe: 292 0