Ibisubizo by’abahanga basuzumye umurambo wa Lil Poppa witabye Imana ku wa 18 Gashyantare 2026, byagaragaje ko uyu muraperi yitabye Imana yiyahuye nyuma yo kwirasa mu mutwe.
Ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo bushaka ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika zajya zitoza ingabo zabwo, zikaziha ibikoresho bya gisirikare kandi bikifatanya mu rwego rw’ubutasi.
Moto ifite pulake RJ 951 yari itwawe na Nshimiyimana Pierre w’imyaka 21 yaguye mu modoka ifite pulake RAF478C, itwawe na Nkurunziza Fabrice w’imyaka 28, umumotari n’uwo yari atwaye barakomereka.
Ihuriro AFC/M23 rirwanya ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo ryamaganye guceceka kw’umuryango mpuzamahanga mu gihe ingabo za Leta zikomeje kwica abasivili mu ntara ya Kivu...
Umuryango w’Abibumbye watangaje ko Leta Zunze Ubumwe za Amerika ziwubereyemo imyenda igera kuri miliyari 4$ ikomoka ku misanzu iki gihugu kitatanze cyane cyane kuva igihe Perezida Donald Trump...
Abaturage batuye mu Murenge wa Shyogwe, Akagari ka Mubuga, mu Midugudu ya Matsinsi na Rwamaraba, bamaze igihe kinini bataka ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amazi bijejwe ko bazayagezwaho mu gihe...
Umusore witwa Uwimpuhwe Eric w’imyaka 35, yatawe muri yombi nyuma yo gufatirwa mu ruganda rwa BRALIRWA mu Karere ka Rubavu, ashaka kwiba insinga z’amashanyarazi.