Abanyarwanda baba muri Nigeria, abayobozi mu nzego za Leta ya Nigeria n’iz’umutekano, abahagarariye ibihugu byabo, abakozi b’Imiryango Mpuzamahanga n’inshuti bibutse ku nshuro ya 32 Jenoside...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko ubwato n’indege za gisirikare bya Amerika bizaguma hafi ya Iran bitegereje kurasa igihe cyose Iran yakwanga burundu gusinya...
Umubano wa Perezida François Mitterrand na Habyarimana Juvénal wagejeje u Rwanda kuri Jenoside yakorewe Abatutsi wavuzwe kenshi ndetse ibihamya by’uko umwe yari umubyeyi, undi ari umwana na byo si...
Urugereko rushinzwe iperereza mu Rukiko rw’Ubujurire rwa Paris mu Bufaransa rwategetse ko Umunyarwanda Lt Col Cyprien Kayumba aburanishwa ku ruhare akekwaho muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994.
Mu kwitegura igikorwa cyo kwibuka abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bashyinguye mu gihugu cya Uganda kizaba tariki 10 Mata 2026, kuri uyu wa gatatu tariki 08 Mata 2026, Abagize Umuryango Humura...
Umudepite wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Tim Burchett, yatangaje ko ibivejuru bizwi nka ‘aliens’ byageze ku Isi binyuze mu byuma bidasanzwe kandi bikaba byaragiranye ibiganiro n’abantu.
Tariki ya 8/4 ni umunsi wa kabiri w’icyumweru cy’icyunamo. Abanyarwanda n’inshuti z’Urwanda turibuka ku nshuro ya 26 Jenoside yakorewe Abatutsi, yahitanye abarenga miliyoni mu minsi 100 gusa. Mu...