skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Burera: Kivuye umuriro w’amashanyarazi wabakuye mu bwigunge

Abaturage bo muri isantere y’ubucuruzi ya Kivuye, iherereye mu Murenge wa Kivuye mu Karere ka Burera, bavuga ko ubuzima bwabo bwahindutse ku buryo bugaragara batera imbere nyuma yo kubona umuriro...
18 February 2026 Yasuwe: 136 0

Minisitiri w’Intebe Dr. Nsengiyumva yagiranye ibiganiro na Ambasaderi wa EU mu Rwanda

Minisitiri w’Intebe Dr. Justin Nsengiyumva yagiranye ibiganiro na Ambasaderi w’Umuryango w’Ubumwe bw’Uburayi mu Rwanda, Belén Calvo Uyarra, bigamije gushimangira ubufatanye.
18 February 2026 Yasuwe: 130 0

Tyla ari gukora album ya kabiri

Tyla yateguje abafana be ko iyo album izajya hanze mu mpeshyi ya 2026 mu mezi ya Kamena na Kanama.
18 February 2026 Yasuwe: 113 0

Rusizi: Abana 2 bariwe n’imbwebwe yo muri Pariki ya Nyungwe

Umwana w’umuhungu w’imyaka 9 wiga mu mwaka wa 3 w’amashuri abanza na mushiki we w’imyaka 6 wiga mu wa 2 w’ay’inshuke bo mu Mudugudu wa Mbisabasaba, Akagari ka Kiyabo, Umurenge wa Bweyeye, Akarere...
18 February 2026 Yasuwe: 368 0

U Rwanda mu biganiro by’ubufatanye n’ikigo cy’u Burusiya gishinzwe ibya nucléaire

Guverinoma y’u Rwanda iri mu biganiro n’ikigo cy’u Burusiya gishinzwe kugenzura imitunganyirize n’imikoreshereze y’ingufu za nucléaire, Rostekhnadzor, bigamije ubufatanye mu gihe kiri imbere.
18 February 2026 Yasuwe: 127 0

Prosper Nkomezi yageze muri Israel

Prosper Nkomezi yageze I Tel Aviv ku wa 17 Gashyantare 2026. Uyu muhanzi yagiye mbere y’iminsi kugirango yitegure neza igitaramo cya mbere agiye gukorera muri Israel.
17 February 2026 Yasuwe: 294 0

Nicki Minaj yifashishije AI, yongera kugaragaza urwo akunda Trump

Onika Tanya Maraj uzwi cyane nka Nicki Minaj, yasangije abamukurikirana amafoto yakozwe n’ubwenge buhangano (AI) amugaragaza ari kumwe na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump.
17 February 2026 Yasuwe: 232 0

Umukinnyi wa filime Robert Duvall yitabye Imana

Umukinnyi wa Filime w’icyamamare muri Hollywood ukomoka muri Leta zunze Ubumwe za Amerika yitabye Imana ku myaka 95 y’amavuko.
17 February 2026 Yasuwe: 166 0

Musanze: Kavumu bamaze imyaka itatu basaba gusimburizwa mubazi z’amashanyarazi

Abaturage bo mu Kagari ka Kavumu, mu Murenge wa Busogo, Akarere ka Musanze, bavuga ko bamaze imyaka itatu bagaragaza ikibazo cya mubazi z’amashanyarazi zangiritse, ariko kugeza ubu bakaba...
17 February 2026 Yasuwe: 157 0

Cuba yugarijwe n’umunuko w’imyanda kubera ibura rya lisansi

Ibirundo by’imyanda bikomeje kuba byinshi mu Murwa Mukuru wa Cuba, Havana, ku buryo mu bice byinshi byawo hibasiwe n’umunuko ukabije, ibishobora no kongera ibyago by’indwara zituruka ku mwanda.
17 February 2026 Yasuwe: 179 0