skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Rubavu: Abaturage bafashe babiri biyise abapolisi baje kubambura

Habumugisha Dieudonnée w’imyaka 27 na Nsabiyaremye Berson w’imyaka 37 bacakiwe n’abaturage ubwo bagendaga barata ipingu biyita abapolisi, bagatera ubwoba abacuruzi bo mu Mudugudu wa Byima, Akagari...
5 April 2026 Yasuwe: 1018 0

Kenya: Abacuruza lisansi bashinjwe kurenza igiciro cyashyizweho na leta

Sitasiyo za lisansi muri Kenya zikomeje gushinjwa kugurisha lisansi na mazutu ku giciro kirenze icyashyizweho na leta.
5 April 2026 Yasuwe: 295 0

E-Cigarette ishobora gutera kanseri y’ibihaha n’ifata mu kanwa

Ubushakashatsi bwakozwe n’abo muri Kaminuza ya New South Wales bwagaragaje ko itabi rikozwe mu buryo bw’ikoranabuhanga (electronic cigarette), ridafasha abantu kureka kunywa itabi risanzwe, ahubwo...
4 April 2026 Yasuwe: 502 0

Tibor Nagy yanenze abibasira u Rwanda bakirengagiza RDC mu kibazo cya FDLR

Tibor Nagy wabaye Umunyamabanga wungirije wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika ushinzwe ubufatanye na Afurika, yatangaje ko kuba Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo yasenya umutwe w’iterabwoba wa...
4 April 2026 Yasuwe: 873 0

Icyerekezo cya menshi ni 11.445 Frw: Imiterere y’ibiciro bishya by’ingendo mu Rwanda

Urwego Ngenzuramikorere, RURA, rwatangaje ibiciro bishya by’ingendo bisimbura ibyari bimaze imyaka ibiri bikoreshwa. Izi mpinduka zije zikurikiye izamuka rikomeye mu mateka y’u Rwanda y’ibiciro...
4 April 2026 Yasuwe: 1617 0

Minisitiri Bizimana yashyize umucyo ku ikoreshwa ry’ijambo “gutwika”

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu, Dr. Bizimana Jean Damascène, yagarutse ku mvugo ‘gutwika’ ikunda gukoreshwa n’urubyiruko, avuga ko yajya ikoreshwa aho bikwiye gusa...
4 April 2026 Yasuwe: 839 0

Papa Leo XIV yikoreye umusaraba; ibyaherukaga mu myaka irenga 30 ishize

Ku wa Gatanu Mutagatifu, Papa Leo XIV w’imyaka 70 yagaruye umuco wa kera, ayobora abantu bagera ku bihumbi 30 mu isengesho ry’Inzira y’Umusaraba mu byiciro byose uko ari 14 mu nyubako y’amateka y’i...
4 April 2026 Yasuwe: 728 0

Elon Musk yashinje Afurika y’Epfo irondaruhu

Umushoramari wo muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Elon Musk, yatangaje ko Afurika y’Epfo ifite amategeko ashingiye ku irondaruhu.
3 April 2026 Yasuwe: 574 0

Rusizi: Umugabo yatwikiye umugore n’abana mu nzu,Imana ikinga akaboko

Kuri Sitasiyo y’ Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha RIB ya Nyakabuye hafungiye umugabo witwa Kwizera Eric ukekwako gutwikira mu nzu umugore we, bapfa ko yanze ko bagabana ibihumbi 80Frw umugore...
3 April 2026 Yasuwe: 1126 0

Muhanga: Umubyeyi yapfiriye mu kirombe yacukuragamo mu buryo butemewe n’amategeko

Umubyeyi witwa Ugirinka Anne Marie w’imyaka 45 wo mu Karere ka Muhanga, yasanzwe yapfiriye mu kirombe cy’amabuye y’agaciro bikekwa ko yari yagiye gucukura mu buryo butemewe n’amategeko, nk’uko...
3 April 2026 Yasuwe: 682 0