skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Rusizi: Icyumba araramo cyahiriyemo ibirimo amafaranga 200.000

Inzu ya Habiyaremye Eliel w’imyaka 32, umugore we n’abana 6 barimo impanga z’amezi 7 yahiriyemo iby’agaciro k’arenga 1.000.000 harimo amafaranga 200.000 byari mu cyumba araramo mu Mudugudu wa Cité,...
16 February 2026 Yasuwe: 335 0

Perezida Obama yemera ko ‘Aliens’ zibaho

Barack Obama wabaye Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yavuze ko yemera ko ibivejuru bizwi nka ‘Aliens’ bibaho.
16 February 2026 Yasuwe: 473 0

Ihuriro ry’ingabo za Leta ya RDC rikomeje ibitero muri Minembwe

Abatuye muri Komini Minembwe ihuza teritwari ya Fizi, Uvira na Mwenga bavuga ko nubwo Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Félix Tshisekedi, yavuze ko yemeye agahenge, ihuriro...
16 February 2026 Yasuwe: 305 0

Ghana: Umurusiya yafashe amashusho y’abagore batera akabariro, ayashyira ku mbuga nkoranyambaga

Ghana: Umurusiya yafashe amashusho y’abagore batera akabariro, ayashyira ku mbuga nkoranyambaga
16 February 2026 Yasuwe: 314 0

Umuhanda Muhanga-Kamonyi wongeye kuba nyabagendwa

Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umuhanda Muhanga Kamonyi wongeye kuba nyabagendwa nyuma y’uko mu ijoro ryo ku wa 15 hari ikamyo yari yawugiriyemo ikibazo, bikabangamira urujya n’uruza.
16 February 2026 Yasuwe: 439 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO WIMUKANWA

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO WIMUKANWA
13 February 2026 Yasuwe: 137 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN MARIE VIANNEY ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
13 February 2026 Yasuwe: 102 0

AFC/M23 yahishuye impamvu yiyemeje kurwanya FDLR ihangayikishije u Rwanda

Umuyobozi wungirije w’ihuriro AFC/M23 ushinzwe ibikorwa bya politiki, imiyoborere na dipolomasi, Bertrand Bisimwa, yatangaje ko abarwanyi babo bafashe icyemezo cyo kurwanya umutwe w’iterabwoba wa...
13 February 2026 Yasuwe: 700 0

U Burusiya bwatangiye gukura abaturage babwo muri Cuba

Ubuyobozi bw’u Burusiya bwatangaje ko buri gutegura ibikorwa byo gucyura abaturage babwo bagiye mu bukerarugendo muri Cuba, kubera ibura ry’ibikomoka kuri peteroli birimo n’amavuta akoreshwa n’indege.
13 February 2026 Yasuwe: 547 0

Babiri baciye mu rihumye abarinda Perezida Ruto

Mu cyumweru kimwe, abaturage babiri baciye mu rihumye abarinda Perezida wa Kenya, Dr. William Samoei Ruto, bituma umutekano we mu gihe ari mu bantu benshi wibazwaho.
13 February 2026 Yasuwe: 706 0