Maj. Gen Deus Sande wari Umuyobozi wa Diviziyo irwanisha imodoka z’intambara ikorera mu gace ka Masaka muri Uganda, yapfuye ubwo yari mu rugendo ajya gushyingura mugenzi we.
Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Abinjira n’Abasohoka rwatangaje ko kuva gahunda yo gutanga ubwenegihigu Nyarwanda yatangira, u Rwanda rumaze kubuha abantu 1500 baturutse mu bice bitandukanye by’Isi
Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yahagarariye Perezida Paul Kagame mu Nama ya 43 yahuje abagize Akanama k’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cy’Urwego...
Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) Dr Bizumana Jean D’amascene, yagaragaje ko abize ari bo bica Ikinyarwanda kandi bidakwiye.