skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Uganda: Umusirikare mukuru yapfuye ajya gushyingura uwari Umugaba wungirije w’ingabo zirwanira ku butaka

Maj. Gen Deus Sande wari Umuyobozi wa Diviziyo irwanisha imodoka z’intambara ikorera mu gace ka Masaka muri Uganda, yapfuye ubwo yari mu rugendo ajya gushyingura mugenzi we.
11 February 2026 Yasuwe: 637 0

Washington:Abadepite babwiye leta ya RDC ko Gusenya FDLR ari urufunguzo rwo gukuraho ingamba z’ubwirinzi z’u Rwanda

Abadepite bagize ishami rya Komisiyo y’Inteko Ishinga Amategeko ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, rikurikirana ibibera muri Afurika, bibukije ubutegetsi bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo...
11 February 2026 Yasuwe: 260 0

Abantu 1500 bamaze guhabwa ubwenegihugu Nyarwanda

Urwego rw’Igihugu Rushinzwe Abinjira n’Abasohoka rwatangaje ko kuva gahunda yo gutanga ubwenegihigu Nyarwanda yatangira, u Rwanda rumaze kubuha abantu 1500 baturutse mu bice bitandukanye by’Isi
11 February 2026 Yasuwe: 239 0

Minisitiri w’Intebe yibukije ko Abanyafurika badakwiye kwishingikiriza inkunga z’amahanga

Minisitiri w’Intebe, Dr. Justin Nsengiyumva, yahagarariye Perezida Paul Kagame mu Nama ya 43 yahuje abagize Akanama k’Abakuru b’Ibihugu na za Guverinoma gashinzwe kwiga ku cyerekezo cy’Urwego...
11 February 2026 Yasuwe: 116 0

Kayonza: Miliyari zisaga 4 Frw zigiye gushorwa mu mushinga wo kuhira

Ubuyobozi bw’Akarere ka Kayonza, butangaza ko bwatangiye umushinga wo kuhira imyaka hifashishijwe damu, uzatwara arenga miliyari 4.5 Frw, hagamijwe guhangana n’amapfa
11 February 2026 Yasuwe: 162 0

Ikinyarwanda cyangizwa cyane n’abize- Minisitiri Dr. Bizimana

Minisitiri w’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu (MINUBUMWE) Dr Bizumana Jean D’amascene, yagaragaje ko abize ari bo bica Ikinyarwanda kandi bidakwiye.
11 February 2026 Yasuwe: 146 0

Umurambo w’umuntu wasanzwe mu kibuga cy’indege cya Entebbe

Umurambo w’umugabo bigaragara ko yahiye mbere yo gupfa, wasanzwe muri umwe mu mihanda y’indege (runway), ku Kibuga cy’Indege Mpuzamahanga cya Entebbe muri Uganda.
11 February 2026 Yasuwe: 285 0

Canada: Abantu 10 barasiwe ku ishuri, abandi 25 barakomereka

Polisi yo muri Canada yatangaje ko abantu 10 barimo n’umwicanyi barasiwe ku kigo cy’ishuri mu Burengerazuba bw’igihugu abandi 25 barakomereka bikomeye.
11 February 2026 Yasuwe: 165 0

Umubare w’abagororerwa mu bigo by’igororamuco wazamutseho 92% mu Rwanda

Umubare w’abajyanwa mu bigo by’igororamuco hirya no hino mu Rwanda wazamutseho 92% uva ku 3886 muri 2020/2021 ugera kuri 7461 mu 2023/2024.
11 February 2026 Yasuwe: 115 0

Abanyarwanda 61% bashyigikiye icyemezo cyo gutwika imirambo

Ubushakashatsi bwa Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu ku bumwe n’ubudaherarwa bw’Abanyarwanda bwagaragaje ko abantu 61% bemeza ko gahunda yo gutwika imirambo yakemura...
11 February 2026 Yasuwe: 253 0