skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Canada: Abantu 10 barasiwe ku ishuri, abandi 25 barakomereka

Polisi yo muri Canada yatangaje ko abantu 10 barimo n’umwicanyi barasiwe ku kigo cy’ishuri mu Burengerazuba bw’igihugu abandi 25 barakomereka bikomeye.
11 February 2026 Yasuwe: 165 0

Umubare w’abagororerwa mu bigo by’igororamuco wazamutseho 92% mu Rwanda

Umubare w’abajyanwa mu bigo by’igororamuco hirya no hino mu Rwanda wazamutseho 92% uva ku 3886 muri 2020/2021 ugera kuri 7461 mu 2023/2024.
11 February 2026 Yasuwe: 115 0

Abanyarwanda 61% bashyigikiye icyemezo cyo gutwika imirambo

Ubushakashatsi bwa Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’Inshingano Mboneragihugu ku bumwe n’ubudaherarwa bw’Abanyarwanda bwagaragaje ko abantu 61% bemeza ko gahunda yo gutwika imirambo yakemura...
11 February 2026 Yasuwe: 253 0

Ethiopia iravugwaho kugambanira Sudani iha imyitozo abarwanyi ba RSF

Inkuru yatangajwe n’Ibiro Ntaramakuru Reuters ivuga ko muri Ethiopia hamenyekanye inkambi bivugwa ko itorezwamo abarwanyi ibihumbi n’ibihumbi b’umutwe wa Rapid Support Forces (RSF) urwanya...
10 February 2026 Yasuwe: 212 0

Abanyarwanda batuye muri Guinea bizihije Umunsi w’Intwari

Abanyarwanda baba mu gihugu cya Guinea bizihije Umunsi w’Intwari z’u Rwanda, igikorwa cyabaye ku wa 07 Gashyantare 2026, kigahuza n’icyindi cy’Umuganda Rusange wakorewe muri Komini ya Ratoma.
10 February 2026 Yasuwe: 140 0

ITANGAZO RYA CYAMUNARA Y’UMUTUNGO UTIMUKANWA

UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NIYIBIZI JEAN DAMASCENE ABANTU BOSE KO HAZATANGIZWA IPIGANWA MURI CYAMUNARA KU MITUNGO ITIMUKANWA
10 February 2026 Yasuwe: 107 0

KNC yikomye abakinnyi bose bakina Shampiyona y’u Rwanda ndetse anemeza ko nawe azakora nk’ibyo APR FC yakoze

Umuyobozi wa Gasogi United, Kakooza Nkuliza Charles uzwi nka KNC, yikomye abakinnyi bakina Shampiyona y’u Rwanda yemeza ko ari bo batuma umupira wacu ubura abafana baza ku bibuga kubera ko bakina...
10 February 2026 Yasuwe: 568 0

Joan Laporta ushaka gukomeza kuyobora FC Barcelone yeguye

Joan Laporta i Estruch wari Perezida wa FC Barcelone yeguye kuri izi nshingano kugira ngo abone umwanya wo kwiyamamariza kuzayobora indi manda nk’uko biteganywa n’amategeko.
10 February 2026 Yasuwe: 185 0

Nyamagabe: Bane bishwe n’inzoga itujuje ubuziranenge, undi arahuma

Mu Karere ka Nyamagabe, abagabo batatu n’umugore bitabye Imana, undi arahuma, hakekwa inzoga itujuje ubuziranenge banyoye ubwo bari ku kiriyo cy’umuntu waherukaga gupfa.
10 February 2026 Yasuwe: 340 0

Mali: Moussa Mara wahoze ari Minisitiri w’Intebe yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu ya 500,000 CFA

Moussa Mara wahoze ari Minisitiri w’Intebe wa Mali yakatiwe igifungo cy’imyaka ibiri n’ihazabu y’amafaranga 500,000 CFA arenga miliyoni n’ibihumbi magana atatu na makumyabiri, nyuma yo guhamwa ni...
10 February 2026 Yasuwe: 97 0