Taylor Lautner uri mu bakinnyi ba filime bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaje ko we n’umugore we bitiranwa, biteguye kwibaruka umwana wabo w’imfura.
Umugabo w’imyaka 31 wari ucumbitse mu kagari ka Rwimbogo mu Murenge wa Nyakaliro mu karere ka Rwamagana, yarohamye mu mazi ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 25 Werurwe 2026, ibikorwa byo...
Inzego zireberera iterambere ry’abagore mu Rwanda zabasabye kwitabira kujya mu myanya y’ubuyobozi by’umwihariko iyo mu nzego z’ibanze kuko byagaragaye ko abarimo ari bake.
Ku wa 26 Werurwe 2026, Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida muri Afurika y’Epfo, Vincent Magwenya, yatangaje ko igihugu cye cyakuwe ku rutonde rw’ibyatumiwe mu nama ya G7, bigizwemo uruhare na Leta Zunze...
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zashyize hanze ingingo 15 zo gusaba Iran kwemera ko habaho imishyikirano yo kurangiza intambara. Iran ifite abasirikare 610,000 bari mu nshingano na 350,000 bari ku...