skol
Kigali

Author

ISIMBI Estella

Bad Rama yakumiriwe mu gitaramo cya Ruti Joel nk’umujura

Bad Rama uherutse kwibasira u Rwanda yakumiriwe mu gitaramo cya Ruti Joel cyabereye muri Leta ya Indiana muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
30 March 2026 Yasuwe: 311 0

ABAMBAJIMANA Elisabethe yasabye guhindura amazina akitwa ABASENGA Elisabeth

ABAMBAJIMANA Elisabethe yasabye guhindura amazina akitwa ABASENGA Elisabeth
28 March 2026 Yasuwe: 225 0

Trump yateguje igitero kuri Cuba

Perezida wa Amerika Donald Trump yatangaje ko Cuba ari yo bagiye kugabaho igitero cya gisirikare.
28 March 2026 Yasuwe: 754 0

Umukinnyi wa filime Taylor Lautner n’umugore we bagiye kwibaruka imfura

Taylor Lautner uri mu bakinnyi ba filime bakomeye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yagaragaje ko we n’umugore we bitiranwa, biteguye kwibaruka umwana wabo w’imfura.
28 March 2026 Yasuwe: 180 0

Arenga miliyari 92,9 Frw agiye gushorwa mu cyiciro cya kabiri cyo kuhira i Kayonza

Inteko Ishinga Amategeko Umutwe w’Abadepite yemeje burundu amasezerano y’inguzanyo y’inyongera yatanzwe n’Ikigega Mpuzamahanga kigamije guteza imbere ubuhinzi, y’amafaranga angana na miliyari 92,9...
28 March 2026 Yasuwe: 178 0

Rwamagana: Umugabo yarohamye mu mazi aburirwa irengero

Umugabo w’imyaka 31 wari ucumbitse mu kagari ka Rwimbogo mu Murenge wa Nyakaliro mu karere ka Rwamagana, yarohamye mu mazi ku mugoroba wo ku wa Gatatu tariki ya 25 Werurwe 2026, ibikorwa byo...
27 March 2026 Yasuwe: 905 0

Rubavu: Umugabo n’umugore Bagwiriwe n’urukuta bikekwa ko barimo gutera akabariro

Umugore bivugwa ko yararyamanye n’umugabo utari we Bagwiriwe n’urukuta barapfa, abaturage bavuga basanze bambaye ubusa kuburyo baketse ko Bagwiriwe n’urukuta bamaze gukora imibonano mpuzabitsina....
27 March 2026 Yasuwe: 2109 0

Abagore basabwe kwihatira kujya mu buyobozi bw’inzego z’ibanze aho bakiri bake

Inzego zireberera iterambere ry’abagore mu Rwanda zabasabye kwitabira kujya mu myanya y’ubuyobozi by’umwihariko iyo mu nzego z’ibanze kuko byagaragaye ko abarimo ari bake.
27 March 2026 Yasuwe: 320 0

Perezida Ramaphosa yavuze ku kagambane bivugwa ko yakorewe mu nama ya G7

Ku wa 26 Werurwe 2026, Umuvugizi w’Ibiro bya Perezida muri Afurika y’Epfo, Vincent Magwenya, yatangaje ko igihugu cye cyakuwe ku rutonde rw’ibyatumiwe mu nama ya G7, bigizwemo uruhare na Leta Zunze...
27 March 2026 Yasuwe: 631 0

Iran iri gushaka abasirikare miliyoni bahangana n’Amerika

Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zashyize hanze ingingo 15 zo gusaba Iran kwemera ko habaho imishyikirano yo kurangiza intambara. Iran ifite abasirikare 610,000 bari mu nshingano na 350,000 bari ku...
27 March 2026 Yasuwe: 844 0